Umuraperi Hakizimana Murerwa Amani ari hafi kuzuza umwaka asohotse mu gereza nyuma yo kurangiza igifungo cy’umwaka umwe yari yarakatiwe kubera gukoresha...
Israel Mbonyi yamenyekanye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, uyu musore ukunzwe cyane ku buryo bukomeye ngo nta hantu na hamwe ataririmbira mu gihe yaba agiye kuvuga...
Umuraperikazi Oda Paccy yamaze amatsiko abakunzi be batandukanye bamaze igihe kinini bagereranya amafoto ye ya kera n’ayubu, bikavamo intandaro yo kumushinja ko yaba akoresha amavuta atukuza bita...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 28 Gashyantare Rwarutabura uzwi mu bafana bakomeye ba Rayon Sports, bari bamukuyemo iyo kotsa yihaye kujya kubyinisha Marina.
Hari mu gitaramo cyahuje...
Ubwo Marina yaririmbaga mu gitaramo giherekeza Tour du Rwanda cyabereye i Musanze , yagaragaje imyitwarire idakwiye bituma akurwa ku rubyiniro igitaraganya ndetse ntiyanaririmba mu gitaramo...
Karuranga Virgile uzwi nka DJ Miller uri mu ba DJs bagezweho mu mujyi wa Kigali yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Hope Nigihozo biyemeza kubana byemewe na Leta y’u Rwanda ndetse bakaba...
Shawn Corey Carter, Umuraperi w’umunyabigwi mu muziki wa Amerika ndetse no ku Isi muri rusange , mu ndirimbo nshya ya Beyonce (umugore we) hari aho yaririmbye ko umugabo we ashobora kuba afite...
Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
Umuhanzi Nyarwanda Muneza Christopher wamenyekanye nka Christopher mu njyana ya RnB, araburira abantu kwitondera umuntu urimo kubandikira akoresheje Facebook mu izina rye abakaba amafaranga kuko...
Benshi mu bakunzi b’umuhanzikazi Knowles Butera bari bamaze iminsi bategereje kubona isura y’umwana wabo Ishimwe Or Butera,baraye babonye amwe mu mashusho ye yashyizwe hanze na Ishimwe Clement papa...
GodFather inzu yo muri Afurika Y’epfo yamamaye mu gutunganya amafilimi,nyirayo akaba na Director yasuye u Rwanda anagirana ibiganiro na bamwe mu bo bahuje umwuga n’abahanzi...
The Ben waraye akoze igitaramo gitangira umwaka wa 2020 cya East Afircan Party yavuze ko yagiye ku rubyiniro yacitse intege kubera ko bari bamaze kumubwira ko Polisi y’u Rwanda igiye gufunga...
Karuranga Virgile wari uzwi mu ruhando rw’umuziki w’u Rwanda nka Dj Miller yasezeweho bwa nyuma kuri uyu wa Gatatu, tariki 8 Mata 2020 n’abantu batarenze...
Umubyeyi wa Karuranga Virgile [Dj Miller], mu muhango wo gusezera ku muhungu we witabye Imana, yavuze ko hari ijoro Dj Miller yamusezeyemo ariko ntabimenye, kuko ibyo baganiriye muri iryo joro...
Umuhanzi Nel Ngabo kuri ubu ni umwe mu bahanzi bamaze kujya mu mitima ya benshi kubera indirimbo zitandukanye yahimbye zigakundwa by’umwihariko indirimbo ‘Nzahinduka’ nawe ahamya ko yamwubakiye...
Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ni we muhanzi nyarwanda umwe uri ku rutonde rw’abahatanira ibihembo mpuzamahanga ku rwego rwa Afurika byitwa AFRIMMA 2020. Kuri urwo rutonde kandi hariho...
Umuhanzi Safi Madiba wamenyekanye mu itsinda rya Urban Boys ariko ubu akaba aririmba ku giti cye,yerekanye ku nshuro ya mbere umwana we w’umuhungu wagizwe ibanga, ubwo yamwifurizaga isabukuru...
Ku gicamunsi cyo kuwa 05 Mata 2020 nibwo hamenyekanye inkuru y’incamugongo ivuga ko Karuranga Virgile wamenyekanye nka DJ Miller yitabye Imana nyuma y’iminsi mike ashyizwe mu bitaro byitiriwe...