Ikipe ya Senegal yahesheje ishema umugabane wa Afurika nyuma yo gutanga andi makipe awuhagarariye kubona amanota 3 ubwo yatsindaga Qatar ibitego 3-1 mu mukino wa kabiri mu itsinda A.
Nyuma yo...
Mu mukino warimo amayeri menshi,ikipe ya Portugal yatsinze Ghana ibitego 3-2 bifasha Ronaldo gukora agahigo ko kuba umukinnyi utsinze igitego mu bikombe bitanu by’isi.
Cristiano Ronaldo yabaye...
Abafana ba Iran mbere yo guhura n’Ubwongereza mu mukino ubanza wo mu itsinda B ry’Igikombe cy’isi muri Qatar,bagaragaye bafite ibyapa byibasira myugariro Harry Maguire.
Aba bafana benshi bari...
Ikipe ya APR FC yatumije inama y’igitaraganya iteganyijwe kuba ku wa Kabiri, tariki ya 15 Ugushyingo 2022, yiga ku bibazo bimaze iminsi bivugwa muri iyi kipe.
Ni inama izitabirwa n’abagera kuri...
Uwahoze akina hagati mu kibuga John Obi Mikel wahoze ari kapiteni wa Super Eagles, yatangaje uburyo yatinyaga umutoza Jose Mourinho mu gihe yari muri Chelsea.
Mikel wasezeye mu mupira w’amaguru...
Darwin Nunez yavuye ku ntebe y’abasimbura arokora Liverpool yari yahagamwe na Fulham banganya ibitego 2-2 mu gihe Chelsea FC yatsinze bigoranye Everton igitego 1-0.
Mu mukino wabanjirije indi...
Ku ya 21 Nyakanga,nibwo abakunzi ba ruhago ku mugabane wa Afurika bazamenya umukinnyi mwiza kurusha abandi muri 2022, mu bihembo bya CAF Awards bizatangirwa muri Maroc. Muri uyu muhango, Umupira...
Umunyabigwi w’ikipe ya Real Madrid,Luka Modric yabwiye Mohamed Salah ko adakwiriye gucika intege ahubwo yazareba uko yihorera kuri iyi kipe yamubabaje umwaka utaha.
Mohamed Salah yaciye ibintu...
Ikipe y’umwaka y’abakinnyi ba Premier League yatangajwe yiganjemo abakinnyi ba Liverpool itaratwaye igikombe gusa benshi batunguwe n’ukuntu habuzemo umunya Koreya y’Epfo w’Umuhanga cyane Heung Min...
Ikipe ya Real Madrid yatwaye igikombe cya UEFA Champions League ku nshuro ya 14 nyuma yo gutsindaLliverpool igitego 1-0 cyatsinzwe na Vinicius Junior ku munota wa 59 w’umukino.
Mu mukino wa...
Ikipe ya APR FC yatsinze Gorilla FC ibitego 2-1 bigoranye, ikomeza kuyobora urutonde rwa shampiyona ago itegereje kureba ibizava mu mukino Kiyovu na Etoile de l’Est.
Mu mukino w’umunsi wa 28...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Sheikh Khalifa bin Zayed al Nahyan, yapfuye ku myaka 73 y’amavuko azize impamvu zitigeze zitangazwa.
Perezida wa UAE, Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Misiri ryatangaje ko rigiye gutanga ikirengo muri FIFA kubera ibitara by’icyatsi abafana ba Senegal bamurikaga mu maso y’Abakinnyi ba Misiri mu mukino Sénégal...
Umugabo wafatiwe mu cyuho yiba abapolisi, yemereye urukiko rwa Nairobi ko yoherejwe na Satani kwiba mu modoka ya polisi.
Mohamed Noor w’imyaka 47, yabwiye urukiko ko yari afite amabwiriza...
U Rwanda na Mauritania byasinye amasezerano y’ubufatanye mu by’indege yemerera RwandAir kuzakorera ingendo muri iki gihugu.
Aya masezerano kandi yemerera RwandAir kujya ijyana ikanakura abagenzi...
Umutoza mukuru w’ikipe ya APER FC w’Umunya-Maroc Adil Mohammed Erradi arikumwe na Jacques Tuyisenge kapiteni w’iyi ekipe , baraye bashyikirije ubufasha umufana ukomeye cyane wa APR FC witwa...
Malcolm X yishwe arashwe ari ku cyumweru tariki nk’iyi ukwezi nk’uku mu 1965, abagabo batatu bamurashe amasasu menshi ari gutambuka ngo atange imbwirwaruhame mu nzu iri i Manhattan muri New York....
Umunyezamu wa Misiri, Mohamed Abou-Gabal "Gabaski" yari afite inyandiko irambuye igaragaza uko abakinnyi ba Kameruni batera penaliti byari byanditse ku gapapuro kari kometse ku icupa rye....
Cristiano Ronaldo, wagarutse muri Manchester United mu mpeshyi nyuma y’ibihe 12, yegukanye igihembo cy’umukinnyi w’icyiciro cya mbere muri Premier League mu kwezi kwa...
Naomi Adamu, umwe mu bakobwa bashimuswe n’umutwe wa Boko Haram mu 2014, avuga ko aho bari mu bwihisho byasabye ko bihanaguza ibitaka nk’uburyo bwo kwisukura mu gihe bagiye mu mihango kuko aho bari...
Nkuko bitangazwa n’ikinayamakuru Forbes cyo mu mwaka wa 2021 ari nacyo dukesha uru rutonde, ubutunzi bw’abaherwe bo ku mugabane wa Afurika bwariyongereye cyane.
Mu myaka 10 yikurikiranya, Aliko...