Disi Dieudonne wabaye umukinnyi ukomeye mu gusiganwa ku maguru aho yitabiriye imikino Olimpike yabereye mu Bugereki mu mwaka wa 2004 aratangaza ko yishimiye urwego Muhitira Felicien uzwi nka...
Ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare yari imaze iminsi ikina irushanwa rya Cascade Classics ryaberaga muri Leta Zunze Ubumwe ryasojwe ku cyumweru taliki ya 23 Nyakanga aho itahanye umwanya wa...
Urutonde rw’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare ku isi ‘UCI’ rwagiye ahagaragara, rusize umunyarwanda Areruya Joseph ku umwanya wa kabiri muri Afurika, Team Rwanda iza ku mwanya wa gatanu.
Areruya...
Nubwo yakiniraga ikipe itaramenyera mu mukino wo gusiganwa ku magare hano mu Rwanda ya Nyabihu Cycling Team umusore Gasore Hategeka yaraye atwaye shampiyona y’igihugu yo gusiganwa ku magare...
Umunyarwanda witwa Uhiriwe Byiza Renus yegukanye Umudari wa Zahabu muri Shampiyona Nyafurika yo gusiganwa ku magare iri kubera mu Misiri aho yabaye uwa mbere mu gusiganwa umuntu ku giti cye mu...
Muri Shampiyona Nyafurika iri kubera mu Misiri,uyu munsi hakinwe gusiganwa mu muhanda ku ngimbi,aho Umunyarwanda Tuyizere Etienne yegukanye umudali wa zahabu, ahigitse uwitwa Sanbouli Mohammed...
Umwuka si mwiza mu ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) aho Visi Perezida wa mbere ndetse na Visi Perezida wa 2 bashinja Perezida w’iri shyirahamwe Aimable Bayingana kubayoboza...
Kabuhariwe mu mukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda Areruya Joseph amaze kwegukana shampiyona y’igihugu yo gusiganwa ku magare umuntu ku giti cye (ITT) yigaranzuye bagenzi be barimo Nsengimana...
Umunyarwanda Muhitira Felicien uzwi nka Magare yatangaje ko yiteguye kwitwara neza mu irushanwa rya 20 km de Paris riteganyijwe ku italiki ya 08 Ukwakira 2017 nyuma yo kwegukana irushanwa rya...
Ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare igiye kwerekeza mu irushanwa ryo muri Cameroon ryitiriwe umugore wa Perezida w’iki gihugu rizwi nka Grand Prix Chantal Biya rizatangira ku italiki ya...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 25 Nzeri 2017 nibwo humvikanye inkuru ibabaje y’urupfu rw’umubyeyi w’umusore ukina umukino wo gusiganwa ku magare nk’uwabigize umwuga Mugisha Samuel witwa Mukabutera...
Umusore Ukiniwabo Rene Jean Paul wagombaga guhagararira u Rwanda mu mikino y’isi yo gusiganwa ku magare aho yagombaga guhatana mu gusiganwa mu muhanda mu batarengeje imyaka 23 yimwe Visa y’igihugu...
Abasore bazahagararira ikipe y’u Rwanda mu mikino y’isi yo gusiganwa ku magare izatangira ku Cyumweru taliki ya 17 kugeza ku ya 24 Nzeri uyu mwaka bamaze kumenyekana aho bagomba kwerekeza Bergen...
Umukinnyi Twizerane Mathieu ukinira ikipe ya CCA y’i Huye niwe wegukanye agace ka central challenge muri shampiona yo gusiganwa ku magare ya hano (Rwanda cycling cup)yari igeze ku gace ka karindwi...
Umusore Niyonshuti Adrien umunyarwanda ukina umukino wo gusiganwa ku magare nk’uwabigize umwuga mu ikipe ya mbere ya Dimension data yo muri Afurika y’epfo yatangaje ko yabuze ibyangombwa birimo...
Hakizimana Seth ukina mu ikipe ya Les Amis Sportifs yakoze impanuka ikomeye ku munsi w’ejo taliki ya 28 Nyakanga, ubwo yari mu myitozo yo kwitegura imikino ya Rwanda Cycling Cup aho yahise...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare ’Team Rwanda’ yatangiye shampiyona nyafurika iri kubera mu Misiri itwara umudari wa Bronze nyuma yo kwegukana umwanya wa gatatu mu gace gafungura...
Umunyabigwi mu mukino wo gusiganwa ku magare,Chris Froome,watwaye Tour de France inshuro enye, ayoboye ubukangurambaga bwo gukusanya amayero asaga 300.000 (hafi miliyoni 320 z’amafaranga y’u...
Umukinnyi Byukusenge Patrick watwaye Rwanda Cycling Cup y’uyu mwaka yatangaje ko inzozi ze ari ugukina nk’uwabigize umwuga ndetse ari gukora cyane kugira ngo abashe kubigeraho.
Uyu musore...
Umusore Mathieu Riebel umufaransa w’imyaka 20 yagonzwe n’ingobyi y’abarwayi (Ambulance) ubwo yari mu irushanwa rya Tour de Nouvelle Caladonie ku munsi w’ejo taliki ya 20 Ukwakira 2017 aho yari imbere...
Mama wa Mugisha Samuel ukinira ikipe y’abatarengeje imyaka 23 ya Dimension Data n’ikipe y’igihugu yaraye akoze impanuka ikomeye ubwo imodoka yamugongaga aho yahise ajyanwa mu bitaro bya Ruhengeri...
Kuri uyu wa taliki ya 12 Kanama 2017 nibwo hari hatahiwe gukina Rwanda Cycling Cup agace kahariwe gusigasira umuco (Race for Culture) aho abasiganwaga mu bagabo bahagurutse Gatuna berekeza I...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 12 Kanama 2017 nibwo harakinwa irushanwa ryo kuzirikana umuco (Race for Culture),muri Rwanda cycling cup aho abasiganwa barava Gatuna berekeza mu karere ka...
Ubwo yari mu myitozo I Barcelona ku wa gatanu taliki ya 04 Kanama, umusore Andrey Amador umunya Costa Rica w’imyaka 30 ukinira ikipe ya Movistar yo muri Espagne yagonzwe n’imodoka ku bw’amahirwe...