Umuhanzi Ngabo Medal Jobert wamenyekanye nka Meddy ubu ari mu mazi abira aho ashobora kujyanwa no mu nkiko azira gusubiramo indirimbo y’umurundi atabiherewe uburenganzira mu gitaramo aherutse...
Umuhanzi ukunzwe n’abatari bacye mu Rwanda Ngabo Medard wamamaye cyane nka Meddy yiseguye ku bakunzi be nyuma yo kutabashimisha nkuko yari yabiteguye mu gitaramo cyo kwita Izina cyabaye kuruyu wa...
Indirimbo umuhanzi Meddy yafatanyije na Otile Brown wo muri Kenya "Dusuma" yamaze gusibwa ku rubuga rwa You tube muri gahunda yatangiye yo kureba abahanzi n’abantu bose bashyiraho ibihangano...
Abahanzi nyarwanda barimo The Ben, Meddy na Knowless nibo bahanzi bo mu Rwanda bari guhatanira ibihembo bya muzika AFRIMMA, bitangirwa muri Leta Zunze Ubumwe za...
Ku nshuro ya karindwi ibihembo bya African Entertainment Awards USA 2021 bitangwa , abahanzi babiri Meddy , Butera Knowless bari bahagarariye u Rwanda babuze amahirwe batahira amara...
Benshi mu bumvise ibivugwa ku rupfu rw’umwana witwa Akeza Elisie Rutiyomba wo mu Kagari ka Busanza,mu murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro witabye Imana ku wa Gatanu tariki 14 Mutarama 2022...
Umuhanzi Medddy umaze kwamamara bikomeye mu gihugu cy’uRwanda ndetse no hanze yacyo aherutse gukora ubukwe kuri ubu yasangije abakunzi be inkuru ye y’urukundo n’umufasha we...
Umuhanzi Ngabo Medard (Meddy) yatangaje ko we na mugenzi w’umunyamuziki, The Ben bafashe umwanzuro wo gutoroka igihugu bagamije kwiteza imbere, ngo bashima bikomeye Guverinoma y’u Rwanda yumvise...
Mu gihe u Rwanda n’Isi yose bibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, umuhanzi Ngabo Medard uzwi ku izina rya Meddy, yatanze ubutumwa buhumuriza ababuze ababo muri...
Umuryango wa Ngabo Medard Jobert watangaje amazina y’umwana wibarutse akubiyemo amazina y’ababyeyi bombi, bahita banafungura imbuga nkoranyambaga ze.
View this post on Instagram
A post...
Umuhanzi Ngabo Medard yatangaje ko yagize impamvu z’akazi zatumye ataboneka mu bukwe bw’inshuti ye The Ben bwabereye muri Convention Center kuri uyu wa...
Kuri uyu wa 30 Nzeri abahanzi bubashywe muri muzika Nyarwanda,Meddy na n’umuraperi Riderman bataramiye mu Karere ka Nyamashake. Ni muri Gahunga ya Airtel Muzika ihuriza hamwe abahanzi n’abafana...