skol
Kigali

Search: Misile (235)

N’ayahe ’mayeri y’ikinyogote’ akoreshwa na Taiwan mu kwirinda ibibaraga by’Ubushinwa?

Ubushinwa bukomeje imyitozo ikaze ya gisirikare mu buryo budasanzwe mu mazi azengurutse ikirwa cya Taiwan, igihugu bufata ko kiri mu bigize ibice bisanzwe...
13 August 2022 1529 0

Amerika yongeye guha Ukraine inkunga ihambaye

Leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa Gatanu zatangaje ko zihaye Ukraine indi nkunga ingana na miliyoni 820 z’amadolari. Igizwe ahanini n’ibikoresho bya gisirikari birimo imbuda zirasa mu kirere....
2 July 2022 3233 0

US igiye koherereza Ukraine rokete zirasa kure kurushaho

Perezida Joe Biden yavuze ko Amerika izoherereza Ukraine izindi rokete ziteye imbere kurushaho zo kuyifasha kwirwanaho. Izo ntwaro, zari zimaze igihe zarasabwe na Ukraine, ni izo kuyifasha...
1 June 2022 1061 0

Ukraine: Perezida Zelensky arasaba Uburayi n’Amerika kumuha intwaro

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yashishikarije leta z’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi (Uburayi n’Amerika) guha igihugu cye indege z’intambara, ibifaru, n’ubwirinzi bw’ibisasu bya misile....
27 March 2022 2232 0

Ingabo z’Uburusiya zikomeje gukubitwa inshuro n’iza Ukraine

Ingabo za Ukraine "zirimo kongera igitutu" ku ngabo z’Uburusiya ziri mu karere ko mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’umurwa mukuru Kyiv, nkuko bikubiye mu isesengura rishya ry’ubutasi rya...
24 March 2022 7730 0

Ukraine: Uburusiya buravugwaho gutegura ibitero simusiga kuri Kiev

Ku munsi wa 11 w’intambara muri Ukraine, Uburusiya bukomeje kurasa ibisasu bya misile ku mijyi itandukanye muri iki gihugu, abahunze barenze miliyoni 1.5, mu gihe ibihano ku Burusiya nabyo...
7 March 2022 1788 0

Uburusiya bwaramutse bumena ibisasu mu mujyi wa Kyiv

Kuri uyu wa gatanu, ku munsi wa kabiri w’intambara itaherukaga Iburayi mu myaka mirongo ishize, mu murwa mukuru Kyiv wa Ukraine hongeye kuraswa ibisasu bya misile by’ingabo z’Uburusiya. Amakuru...
25 February 2022 2350 0

Abasirikare ba UK ’ntibishoboka’ ko bazarwana muri Ukraine – Truss

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubwongereza Liz Truss yaburiye ko hari "inkeke ya nyayo" yuko Uburusiya bwatera Ukraine, ariko ko "bidashoboka cyane" ko abasirikare b’Ubwongereza bakoherezwa...
31 January 2022 1191 0

Ubwongereza bwemeje ko burimo kohereza intwaro zo kurwana kuri Ukraine

Ubwongereza burimo koherereza Ukraine ibisasu bya misile biraswa mu ntera ngufi ndetse na misile zirasa imodoka z’ibifaru z’intambara kugira ngo yirwaneho, nyuma yuko Uburusiya bukusanyirije...
18 January 2022 956 0

Ingabo za Ukraine zagaragaye zigerageza ibisasu bya karahabutaka hafi y’Uburusiya

Ingabo za Ukraine ziherutse gufatwa amashusho zigerageza misile zakozwe na Amerika zirwanya intwaro z’Abarusiya. Video, yasohowe ku wa kane n’ishami ry’ingabo z’igihugu cya Ukraine, yerekana ingabo...
26 December 2021 1944 0

Perezida Kim Jong-un yarahiye kubaka igisirikare cyo kwivuna imigambi yose ya US

Perezida wa Korea ya Ruguru yarahiye ko azubaka "igisirikare kidatsindwa" cyo guhangana n’imigambi iri gutegurwa n’igihugucya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru bya...
12 October 2021 1261 0

Kim Jong-Un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden mu ijambo ryo kwizihiza isabukuru ye

Perezida Kim Jong-un wa Koreya ya ruguru uherutse kuzuza imyaka 37 y’amavuko afite urutonde rurerure ibyifuzo by’intwaro nshyashya kandi zikaze.
12 January 2021 5749 0

Iran yahawe amakuru ku iyicwa rya Gen. Maj. QASEEM SOLEIMANI ashobora gushyira mu kaga Israel

Kuri iki Cyumweru hari amakuru yatangajwe ko igihugu cya Israel cyahaye Leta Zunze Ubumwe za Amerika amakuru y’ingenzi y’ubutasi yatumye habaho iyicwa rya Gen. Maj. Qaseem Soleimani wari umuyobozi...
13 January 2020 11040 0

Umusirikare wari urwaye mu mutwe yarashe bagenzi be 8 barimo abayobozi babiri barapfa

Umusirikare mu ngabo z’Uburusiya yishe bagenzi be umunani abarashe anakomeretsa bikomeye abandi babiri mu kigo cya gisirikare kiri mu burasirazuba bw’igihugu, nkuko abategetsi...
27 October 2019 3096 0

Trump yapfobeje ibitwaro Koreya ya ruguru iherutse kugerageza abyita udutwaro dutoya

Perezida wa USA,Donald Trump yapfobeje bikomeye ibitwaro byakangaranyije isi Koreya ya ruguru iherutse kugerageza,avuga ko ari udusasu dutoya tudakanganye.
27 May 2019 2309 0

Amashusho yafashwe n’Icyogajuru yagaragaje ko Koreya ya Ruguru iri kuvugurura aho isuzumira ibitwaro bya...

Kugeza ubu nubwo Kim Jong-un aheruka guhura na Perezida Donald Trump mu minsi ishize I Hanoi muri Vietnam hari amashusho yafashwe agaraza ko koreya ya ruguru yaba iri kuvugurura aho isuzumira...
6 March 2019 1816 0

Koreya ya Ruguru irasabirwa inama y’ igitaraganya

Leta zunze ubumwe z’ Amerika, Ubuyapani na Koreya y’ Epfo birasaba akanama k’ umutekano k’ Umuryango w’ Abibumbye gutegura inama y’ ikubagahu yo kwiga ku kibazo cya Koreya ya Ruguru ikomeje kugerageza...
13 February 2017 1549 0

Perezida Biden aravuga ko Netanyahu arimo gukora ’ikosa’ kuri Gaza

Perezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu arimo gukora "ikosa" ku kuntu arimo kwitwara kuri Gaza.
10 April 2024 619 0

Urukiko rwa ICC rwasohoye impapuro zo guta muri yombi Abakomando bakomeye b’Uburusiya

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC/CPI) rwasohoye impapuro zo guta muri yombi ba komanda bo ku rwego rwo hejuru mu ngabo z’Uburusiya baregwa gukora ibyaha byo mu ntambara muri...
6 March 2024 527 0

Perezida Tshisekedi ’urebye yaba yemeye guhura na Kagame’ -Angola

Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko Perezida Félix Tshisekedi "urebye yaba yemeye guhura na mugenzi we w’u Rwanda" mu biganiro bigamije gucyemura ikibazo cy’intambara mu burasirazuba bwa...
28 February 2024 1551 0

Perezida Putin yahigiye kurindira kure ingabo za Ukraine mu kwirind ko Uburusiya bwaterwa

Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yarahiye ko agiye gusubiza inyuma ingabo za Ukraine mu rwego rwo kugabanya impungenge ko zagaba ibitero ku butaka bw’Uburusiya.
1 February 2024 1194 0

Abasirikare bakuru ba Iran biciwe muri Syria mu gitero gishinjwa Israel

Abasirikare bakuru bakuru bane ba Iran biciwe mu gitero bikekwa ko ari icy’indege mu murwa mukuru wa Syria,Damas.
20 January 2024 2351 0

Amerika n’Ubwongereza byatangiye ibitero by’indege z’intambara ku ba-Houthi muri Yemen

Amerika n’Ubwongereza, bishyigikiwe n’inshuti zabyo, mu ijoro ryacyeye byatangiye ibitero by’indege z’intambara muri Yemen ahafitwe n’inyeshyamba z’aba-Houthi zigenzura igice kitari gito n’umurwa...
12 January 2024 1377 0

Ukraine ivuga ko yahanuye indege z’intambara z’Uburusiya za Su-34

Igisirikare cya Ukraine kivuga ko cyahanuye indege eshatu z’intambara z’Uburusiya kuwa gatanu mu majyepfo y’iki gihugu.
23 December 2023 1112 0

Inyeshyamba zo muri Yemen zishyigikiwe na Iran zahanuye drone y’Amerika

Inyeshyamba z’aba Houthi zo muri Yemen zahanuye indege nto ya gisirikare itarimo umupilote (drone) y’Amerika, nkuko byavuzwe n’abategetsi b’Amerika hamwe n’umutwe w’aba Houthi ufashwa na...
9 November 2023 582 0

Hamenyekanye impamvu Isiraheli ikomeje gutinda kwinjira muri Gaza

Hashize iminsi, Isiraheli yerekana ko ingabo zayo ziteguye kujya muri Gaza hagamijwe gukuraho burundu Hamas nk’umutwe wa gisirikare, nyuma y’igitero yagabye mu majyepfo ya Isiraheli ku ya 7...
19 October 2023 5378 0

Imbere mu ’cyumba kigenzurirwamo intambara’ cya Israel ku mupaka na Liban

Bacyita "Hamal" - impine yo mu Giheburayi y’"icyumba kigenzurirwamo intambara". Kiri hejuru mu misozi miremire yo ku mupaka wa Israel na Liban (Lebanon), rwagati mu kigo gikingiwe n’inkuta zo...
19 October 2023 2816 0

Putin yatangaje ko igihugu cye cyagerageje igisasu kirimbuzi karahabutaka

Vladimir Putin yatangaje ko Uburusiya bwakoze “igerageza rya nyuma” ry’igisasu cya misire kirimbuzi
6 October 2023 1538 0

OTAN Igomba Kwitegura Intambara y’Igihe Kirekire muri Ukraine- Stoltenberg

Umunyamabanga w’umuryango wa OTAN wo gutabarana hagati y’Amerika n’Uburayi, Jens Stoltenberg, yabwiye itangazamakuru ryo mu Budage ko uwo muryango ugomba kwitegura intambara y’igihe kirekire muri...
18 September 2023 1218 0

Kim Jong Un yageze mu Burusiya ari muri gariyamoshi ye gusura Putin

Perezida Kim Jong Un wa Koreya Ruguru yambutse umupaka yinjira mu Burusiya aho agiye gusura mugenzi we Vladimir Putin.
12 September 2023 735 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210