Ubushinwa bukomeje imyitozo ikaze ya gisirikare mu buryo budasanzwe mu mazi azengurutse ikirwa cya Taiwan, igihugu bufata ko kiri mu bigize ibice bisanzwe...
Leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa Gatanu zatangaje ko zihaye Ukraine indi nkunga ingana na miliyoni 820 z’amadolari. Igizwe ahanini n’ibikoresho bya gisirikari birimo imbuda zirasa mu kirere....
Perezida Joe Biden yavuze ko Amerika izoherereza Ukraine izindi rokete ziteye imbere kurushaho zo kuyifasha kwirwanaho.
Izo ntwaro, zari zimaze igihe zarasabwe na Ukraine, ni izo kuyifasha...
Ingabo za Ukraine "zirimo kongera igitutu" ku ngabo z’Uburusiya ziri mu karere ko mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’umurwa mukuru Kyiv, nkuko bikubiye mu isesengura rishya ry’ubutasi rya...
Ku munsi wa 11 w’intambara muri Ukraine, Uburusiya bukomeje kurasa ibisasu bya misile ku mijyi itandukanye muri iki gihugu, abahunze barenze miliyoni 1.5, mu gihe ibihano ku Burusiya nabyo...
Kuri uyu wa gatanu, ku munsi wa kabiri w’intambara itaherukaga Iburayi mu myaka mirongo ishize, mu murwa mukuru Kyiv wa Ukraine hongeye kuraswa ibisasu bya misile by’ingabo z’Uburusiya.
Amakuru...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubwongereza Liz Truss yaburiye ko hari "inkeke ya nyayo" yuko Uburusiya bwatera Ukraine, ariko ko "bidashoboka cyane" ko abasirikare b’Ubwongereza bakoherezwa...
Ingabo za Ukraine ziherutse gufatwa amashusho zigerageza misile zakozwe na Amerika zirwanya intwaro z’Abarusiya.
Video, yasohowe ku wa kane n’ishami ry’ingabo z’igihugu cya Ukraine, yerekana ingabo...
Perezida wa Korea ya Ruguru yarahiye ko azubaka "igisirikare kidatsindwa" cyo guhangana n’imigambi iri gutegurwa n’igihugucya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru bya...
Kuri iki Cyumweru hari amakuru yatangajwe ko igihugu cya Israel cyahaye Leta Zunze Ubumwe za Amerika amakuru y’ingenzi y’ubutasi yatumye habaho iyicwa rya Gen. Maj. Qaseem Soleimani wari umuyobozi...
Umusirikare mu ngabo z’Uburusiya yishe bagenzi be umunani abarashe anakomeretsa bikomeye abandi babiri mu kigo cya gisirikare kiri mu burasirazuba bw’igihugu, nkuko abategetsi...
Perezida wa USA,Donald Trump yapfobeje bikomeye ibitwaro byakangaranyije isi Koreya ya ruguru iherutse kugerageza,avuga ko ari udusasu dutoya tudakanganye.
Kugeza ubu nubwo Kim Jong-un aheruka guhura na Perezida Donald Trump mu minsi ishize I Hanoi muri Vietnam hari amashusho yafashwe agaraza ko koreya ya ruguru yaba iri kuvugurura aho isuzumira...
Leta zunze ubumwe z’ Amerika, Ubuyapani na Koreya y’ Epfo birasaba akanama k’ umutekano k’ Umuryango w’ Abibumbye gutegura inama y’ ikubagahu yo kwiga ku kibazo cya Koreya ya Ruguru ikomeje kugerageza...
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC/CPI) rwasohoye impapuro zo guta muri yombi ba komanda bo ku rwego rwo hejuru mu ngabo z’Uburusiya baregwa gukora ibyaha byo mu ntambara muri...
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko Perezida Félix Tshisekedi "urebye yaba yemeye guhura na mugenzi we w’u Rwanda" mu biganiro bigamije gucyemura ikibazo cy’intambara mu burasirazuba bwa...
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yarahiye ko agiye gusubiza inyuma ingabo za Ukraine mu rwego rwo kugabanya impungenge ko zagaba ibitero ku butaka bw’Uburusiya.
Hashize iminsi, Isiraheli yerekana ko ingabo zayo ziteguye kujya muri Gaza hagamijwe gukuraho burundu Hamas nk’umutwe wa gisirikare, nyuma y’igitero yagabye mu majyepfo ya Isiraheli ku ya 7...
Bacyita "Hamal" - impine yo mu Giheburayi y’"icyumba kigenzurirwamo intambara". Kiri hejuru mu misozi miremire yo ku mupaka wa Israel na Liban (Lebanon), rwagati mu kigo gikingiwe n’inkuta zo...