Rutahizamu Lionel Messi yafashije ikipe ya Argentina kwerekeza mu gikombe cy’isi nyuma yo gutsinda ibitego 3 wenyine ikipe ya Ecuador mu gihe akababaro ari kose ku banya Chili babuze itike...
Umutoza Paul Bitok w’ikipe y’igihugu y’umukino wa Volleyball, imaze iminsi ikora imyitozo yo kwitegura imikino nyafurika kizatangira tariki ya 20 Ukwakira uyu mwaka mu Misiri.
U Rwanda rwabonye...
None ku wa Gatatu, tariki ya 04 Ukwakira 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 25 Nzeri 2017 nibwo byatangajwe ko Eman Ahmed Abd El Aty wavuzweho kugira ibiro byinshi ku isi yitabye Imana ku myaka 37 azize indwara y’umutima n’umwijima.
Ubusanzwe...
Ikipe Ya Rayon Sports yamaze gusezerera umunya Mali Alhassane Tamboura yari yazanye kugira ngo ayifashe mu busatirizi bwayo bwari bumaze kubura Moussa Camara wari wamaze kwerekeza mu ikipe ya...
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umukino wa Volleyball Paul Bitok , ku munsi w’ejo taliki ya 16 Nzeri 2017 yahamagaye ikipe igomba gutangira umwiherero w’imikino nyafurika yo gushaka itike yo kwerekeza mu...
Ikipe y’igihugu Amavubi yongeye kuzamuka ku rutonde rwa FIFA aho yigiye imbere umwanya umwe, ikava ku mwanya wa 119 ikagera ku mwanya wa 118, mu gihe ku isi Ubudage bwisubije umwanya wa mbere...
None kuwa kabiri, tariki ya 12 Nzeri 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yatangiye...
Ikipe y’igihugu Amavubi ntiyigeze izamuka cyangwa se ngo imanuke ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA rwasohotse kuri uyu munsi aho yongeye kuza ku mwanya wa 118 ku isi n’amanota 268 nkuko byagenze...
Uyu munsi mu 1998 ikihebe Osama bin Laden cyakoze igikorwa gikomeye cyatumye FBI imushyira ku rutonde rw’abahigwa bukware.
Turi tariki ya 07 Kanama 07 Kanama, ni umunsi wa 219 mu minsi 365 igize...
Turi tariki ya 03 Kanama, ni umunsi wa 215 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 150 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze kuba ari ku wa kane inshuro 56.
Bimwe mu bintu...
Turi tariki ya 01 Kanama ni umunsi wa 213 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 152 niyo isiagaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze kuba inshuro 56 ari ku wa kabiri
Mu mateka y’u...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Nyakanga 2017, Rutahizamu mushya w’ ikipe ya Rayon Sports Umunyamali Alassane Tamboura yageze mu Rwanda.Aje asimbura mwene wabo, Moussa Camara wamaze...
Umusore Alassane Tamboura w’imyaka 20 wakinaga mu ikipe ya AS Bamako muri Mali ategerejwe kuri uyu wa gatatu I Kigali aho aje gusinyira ikipe ya Rayon Sports yifuza Rutahizamu wo ku rwego rwo...
Hillary Clinton yabaye umugore wa mbere wemerewe kuba mu bakandida biyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe z’America, ni kimwe mu byaranze tariki ya 26 Nyakanga.
Turi ku wa gatatu tariki ya 26...
Ikipe ya Rayon Sports yatangiye imyitozo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 25 Nyakanga mu rwego rwo kwitegura umwaka w’imikino utaha ndetse no kwitegura urugendo rw’umwiherero izagirira mu gihugu cya...
Uyu munsi ni ku wa Mbere tariki ya 24 nyakanga ni umunsi 205 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 160 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.iyi tariki imaze guhurirana no ku wa mbere...
Ibyaranze tariki ya 23 Nyakanga birimo kuba Autriche-Hongrie yarahaye gasopo ubwami bwa Serbia kubera ibyaha by’iyicwa ry’igikomangoma Francois Ferdinand byanabaye intandaro y’intambara ya mbere...
Imikino y’Akarere ka gatanu iratangira kuri uyu wa gatandatu taliki ya 22 Nyakanga aho ikipe y’u Rwanda iratangira yesurana na Sudan y’amajyepfo ku I saa moya z’umugoroba.Imikino yose y’akarere ka...
Geoffrey Massa wari kapiteni wa Uganda Cranes mu gikombe cya Afurika giheruka yarasiwe mu modoka ye na Polisi ya Uganda kuri uyu wa gatatu taliki ya 12 Nyakanga ndetse biravugwa ko we ni umugore...
Ibyaranze uyu munsi mu mateka, birimo n’iyicwa ry’abanya Uganda barimo bareba umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi mu 2010.
Turi tariki ya 11 Nyakanga, ni umunsi 192 mu minsi 365 igize uyu mwaka....
Turi tariki ya 10 Nyakanga, ni umunsi wa 191 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 174 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bi byaranze uyu munsi mu mateka. 511: Hasojwe...
Tariki ya 09 Nyakanga, ni umunsi w’ 190 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 175 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki inama y’ abaminisitiri yateranye muri 2008 yishimiye...
Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse ku rutonde ngarukakwezi rw’ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi FIFA umwanya umwe aho yaje ku mwanya wa 127 ku rutonde rushya rwasohotse kuri uyu wa kane taliki...