Mu kanwa kacu huzuyemo bagiteri ibihumbi n’ibihumbi. Usanga ku menyo, ku ishinya ku rurimi n’ahandi hanyuranye mu kanwa. Izo bagiteri zifite akamaro nyamara hari igihe ziba mbi zikaba ari zo zigira...
Ushinzwe iyegeranya n’igabanya ry’umutungo(Liquidatar) Me BAGOMORA B.Charles
Ashingiye ku itegeko Numero 24/2021 RYO KUWA 27/04/2021 rigenga amakoperatue mu Rwanda cyane cyane mu ngingo yaryo ya...
Abamotari bo mu Mujyi wa Kigali bagiye guhurira mu nama n’ubuyobozi mu nzego zirimo za Minisiteri, Polisi, RURA n’izindi, kuri Stade ya Kigali, i Nyamirambo.
Muri iyi nama hafatiwemo imyanzuro...
Abagera ku 1585 basezerewe bari bamaze iminsi bagororerwa Iwawa, bagaragaje ibyishimo byinshi mu kwitegura gusubira mumuryango yabo.
Ku nshuro ya 22 nibwo Iwawa basezereye bamwe mu bari bamaze...
Benshi ntibazi ko barwaye amibe. Amibe ni indwara y’inzoka zo munda abantu benshi bashobora kurwara, kuko iyi nzoka ya amibe yandurira mu kunywa amazi mabi, gukoresha ibikoresho bidafite isuku...
Umuhanzi Nemeye Platini P uzwi ku izina rya Platini P , yaciye bugufi asaba imbabazi, nyuma yo gushinjwa gushinyagurira nyakwigendera Jay Polly agasohora indirimbo yo kwamamaza inzoga...
Igifu ni rumwe mu ngingo zifitiye akamaro gakomeye umubiri wacu ; aho kigira umumaro mu igogorwa (gutunganya ibiryo) ry’ibiryo n’ibyo tunywa byose. Ni kimwe mu nyama zo mu nda, giherereye ku gice...
Kuri iki cyumweru nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku muhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly watabarutse mu ijoro ryo kuwa Gatatu azize uburwayi mu bitaro bya Muhima.
Umurambo...
Umukunzi wa Jay Polly uba i Nairobi muri Kenya,Kessy Kayonga,yatangaje ko atarabasha kwakira urupfu rw’uyu muhanzi bari bamaze imyaka 2 bari mu rukundo.
Jay Polly, umuhanzi uzwi cyane mu Rwanda...
Nyuma y’uko Jay Polly yitabye Imana mu masaha macye ashize , amagambo yuzuyemo agahinda, urwibutso rwe no kumwifuriza kuruhukira aheza, ni yo yiganje ku mbuga nkoranyambaga z’abahanzi n’abandi...
Umuraperi uri mu ba mbere mu Rwanda Jay Polly yitabye Imana azize uburwayi mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane aguye mu bitaro bya Muhima.
Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa Kane nibwo inkuru...
Umuvuduko w’amaraso ukabije ni uburwayi bukomeye,bukomeje guhitana abantu benshi muri iki gihe, akenshi umuntu ashobora kubana na wo nta kimenyetso cy’uburwayi agaragaza nyamara ingingo ze nyinshi...