Kizigenza Cristiano Ronaldo utaherukaga mu kibuga,yatowe nk’umukinnyi w’umukino ubwo ikipe yari ayoboye ya Riyadh All-Star yatsindwaga na PSG ibitego 5-4.
Uyu mukino wa gicuti wabereye ku kibuga...
Lionel Messi ayoboye urutonde rw’abakinnyi 14 batoranyijwe na Fifa ngo bahatanire igihembo cya The Best gusa kizigenza Cristiano Ronaldo ntabwo yigeze agaragara mu rutonde.
Amakipe 7 ku isi niyo...
Abantu barenga Miliyoni n’igice bamaze gusaba amatike yo kureba umukino uzahuza Al Nassr ya Cristiano Ronaldo na PSG ya Messi ku ya 19 Mutarama 2023 i Riyadh.
PSG yemeje uru rugendo rw kwerekeza...
FIFA yatangaje ko igitego Richarlison rutahizamu Richarlison wa Brazil yatsinze Serbia mu gikombe cy’isi aricyo cyahize ibindi byose mu bwiza muri iri rushanwa.
Uyu musore w’imyaka 25...
Ikipe ya Brazil iri mu mazi abira kuko nyuma yo gutakaza Neymar Jr na Danilo mu mikino 2 iheruka ndetse bakiyongeraho Alex Sandro,kuri ubu babuze abandi bakinnyi babiri.
Gabriel Jesus usanzwe...
Zlatan Ibrahimovic yemeje ko nta buzima buriho mu mupira w’amaguru mu bufaransa nyuma y’uko ayivuyemo aho yiyise "imana’.
Iki cyamamare cyo muri Suwede kigikina umupira ku myaka 41, kivuga ko...
Kylian Mbappe yaje ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa Forbes rw’abakinyi binjije amafaranga menshi,aba umukinnyi wa mbere utari Lionel Messi cyangwa Cristiano Ronaldo ubaye uwa mbere kuri urwo...
Lionel Messi yasingije mugenzi we bakinana muri PSG,Kylian Mbappe avuga ko mu kibuga aba ameze nk’inyamaswa.
Uyu munya Argentina w’umunyabigwi cyane yavuze ko Mbappe ari umukinnyi w’igitangaza...
Rutahizamu Kylian Mbappe yigaranzuye ibyamamare mu mupira w’amaguru ku isi mu guhembwa agatubutse nyuma yo gusinya amasezerano mashya.
Mbappe yaciye kuri Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bamaze...
Ikinyamakuru France Football cyatangaje abakinnyi 30 bahatanira Ballon d’or mu mwaka wa 22 mu bagabo,abagore,abatoza n’abana, aho umukinnyi mwiza ku isi agomba gutangazwa mu birori bizaba mu...
Ikipe ya Chelsea,yateye gapapu Arsenal iyitwara umukinnyi ukina asatira Raphinha bari hafi kumvikana ku biciro ngo ayerekezemo.
Nk’uko ikinyamakuru The Athletic kibitangaza ngo Chelsea yemeye...
Cristiano Ronaldo yagize umwuga udasanzwe mu myaka amaze akina umupira w’amaguru.
Ronaldo yigaragaje nk’umwe mu bakinnyi bakomeye kurusha abandi babayeho ku isi mu myaka amaze akina.
Yakiniye...
Rutahizamu Mohamed Salah ashobora kwerekeza mu ikipe y’umukeba wa Liverpool kuko bivugwa ko ashaka kuguma muri Premier League nubwo yananiwe kumvikana amasezerano mashya n’iyi kipe ye
Salah...
Umunyamakuru ukomeye wo muri Espagne,Guillem Balague yatangaje ko Perezida wa Real Madrid,Florentino Perez yabwiye abakinnyi ko Kylian Mbappe yahisemo gukinira ikipe ya PSG mu mwaka utaha.
Uyu...
Ikinyamakuru Forbes gishyira hanze amakuru ku baherwe n’abinjiza agatubutse ku isi cyashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 10 bishyuwe akayabo mu mwaka wose.
Kuri uyu wa gatatu,nibwo Forbes...
Muri iki gihe,ikipe ya FC Barcelona irimo gushakisha uburyo bwo kugarura Lionel Messi mu mpeshyi itaha imukuye muri PSG bitagenze neza.
Blaugrana yizera ko ifite ubushobozi bwo kugarura uyu...