Mu gihe kuri uyu wa kabiri imirwano hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba za M23 yongeye kubura mu duce twa Masisi, n’imyigaragambyo mu mujyi wa Goma igakomeza, izi nyeshyamba zirashinja leta...
Kuri iki cyumweru mu duce tumwe tw’umujyi wa Goma urubyiruko rwongeye kwigabiza imihanda rusaba ingabo z’ibihugu by’akarere (EACRF) kurwanya umutwe wa M23 cyangwa se zikava muri DR Congo.
Iyi...
Nyuma y’imirwano ikomeye yabaye kuwa kane, umujyi wa Kitshanga muri teritwari ya Masisi wafashwe n’inyeshyamba za M23, nk’uko zibyemeza.
Imiryango ya sosiyete sivile yaho na MONUSCO biramagana...
Umujyanama ku kwirinda jenoside mu muryango w’abibumbye (ONU/UN) yatangaje ko amakimbirane ari muri RD Congo ari “ikimenyetso kiburira” kuko hari ibintu nk’urwango rukabije n’urugomo “byavuyemo...
Pologne (Poland) ivuga ko nta "gihamya ntakuka" ifite ku wagabye igitero cy’ibisasu bya misile byaguye mu cyaro cyo muri icyo gihugu hafi y’umupaka na Ukraine, bikica abaturage babiri b’abasivile....
Amerika yasabye igisirikare cy’u Rwanda (RDF) kureka gufasha umutwe w’inyeshyamba wa M23 mu mirwano urimo n’ingabo za leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC).
Ku wa kane habaye indi...
Perezida wa Ukraine yaburiye ko abasirikare b’Uburusiya abo ari bo bose barasa ku ruganda rugoswe rw’ingufu za nikleyeri rwa Zaporizhzhia bazaraswaho n’inzego z’umutekano.
Mu ijambo avuga buri joro...
Ukraine yavuze ko amato ya mbere atwaye ibinyampeke ashobora kuva ku byambu byayo byo ku nyanja ya Black Sea "mu minsi" iri imbere, bijyanye n’amasezerano yanditse amateka yagizwemo uruhare...
Abantu batari munsi ya 31 barimo n’abana ubu ni bo bamaze kumenyekana ko bishwe mu cyumweru gishize mu mirwano yongeye kubura mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Umuryango...
Intambara yongeye kwaduka hagati y’ingabo za reta ya Repuburika ya Demokrasi ya Congo n’izo mu mutwe witwaje intwaro wa M23, iminsi ibiri gusa abategetsi b’ibyo bihugu bahuriye i Luanda muri Angola...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame bitezwe kugirana ibiganiro kuri uyu wa gatatu mu murwa mukuru Luanda wa Angola "ku guhosha...
Mu nama mu Burusiya, Perezida wa Sénégal akaba n’umukuru w’umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) Macky Sall yabwiye Perezida w’icyo gihugu Vladimir Putin ko Abanyafurika ari inzirakarengane z’intambara yo...
Imirwano yabaye kuwa kabiri mu bice byegereye Kibumba muri teritwari ya Nyiragongo mu ntera igera kuri 20Km uvuye i Goma yatumye abaturage benshi bava mu byabo inatera ubwoba abatuye uyu murwa...
Umukuru wa UN António Guterres mu ntangiriro z’icyumweru gitaha byitezwe ko ahura na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin, akanagirana inama y’akazi akanasangira ifunguro ryo ku manywa na Minisitiri...
Mu nama rusange ya ONU/UN yateranye kuwa gatatu abahagarariye ibihugu batoye ku bwiganze bamagana ibitero by’Uburusiya basaba ko buhagarika ibyo bikorwa.
Igikorwa cy’iyo nama cyari kigamije...
Abaterankunga bo mu mahanga bemeye kohereza mu bikorwa bya ONU by’ibiribwa n’ubuvuzi muri Afghanistan miliyoni 280 z’amadolari y’Amerika (miliyari 280 mu mafaranga y’u Rwanda) yo mu kigega cyafunzwe,...
Ubudage n’Ubufaransa byiyongereye ku bihugu bimaze kugira inama abaturage babyo kuva muri Ethiopia, mu gihe intambara irimo gufata indi ntera muri iki gihugu.
Amerika n’Ubwongereza na byo...
Inyeshyamba zagabye ibitero ku murwa mukuru w’intara ya Kivu y’Epfo zari zifite imigambi irimo no kuwufata, nk’uko bivugwa na Nyamuhombeza Ombe ukurikiranira bya hafi ibyo mu gihugu cye DR...
Abaturage batandatu n’umusirikare umwe wa leta biciwe mu mirwano y’insoresore zo mu moko abiri mu nkengero z’umujyi wa Goma bashyinguwe kuwa gatatu, nk’uko umutegetsi...