skol
Kigali

Search: ONU (1016)

M23 irashinja leta ya RDC ko ariyo ‘ikomeje guteza impagarara’

Mu gihe kuri uyu wa kabiri imirwano hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba za M23 yongeye kubura mu duce twa Masisi, n’imyigaragambyo mu mujyi wa Goma igakomeza, izi nyeshyamba zirashinja leta...
7 February 2023 1851 0

RDC:Imyigaragambyo yamagana ingabo za EAC…Tshisekedi yazibwiye ati ‘nimusubize ibyo abaturage basaba’

Kuri iki cyumweru mu duce tumwe tw’umujyi wa Goma urubyiruko rwongeye kwigabiza imihanda rusaba ingabo z’ibihugu by’akarere (EACRF) kurwanya umutwe wa M23 cyangwa se zikava muri DR Congo. Iyi...
5 February 2023 4132 0

Kuki Umujyi wa Kitchanga wafashwe na M23 ari ingenzi?

Nyuma y’imirwano ikomeye yabaye kuwa kane, umujyi wa Kitshanga muri teritwari ya Masisi wafashwe n’inyeshyamba za M23, nk’uko zibyemeza. Imiryango ya sosiyete sivile yaho na MONUSCO biramagana...
27 January 2023 4051 0

Muri DR Congo “hari ibyatuma jenoside iba” – UN

Umujyanama ku kwirinda jenoside mu muryango w’abibumbye (ONU/UN) yatangaje ko amakimbirane ari muri RD Congo ari “ikimenyetso kiburira” kuko hari ibintu nk’urwango rukabije n’urugomo “byavuyemo...
1 December 2022 2179 0

Polonye yayobewe uwayirasheho igisasu cya Misile cyishe abantu babiri

Pologne (Poland) ivuga ko nta "gihamya ntakuka" ifite ku wagabye igitero cy’ibisasu bya misile byaguye mu cyaro cyo muri icyo gihugu hafi y’umupaka na Ukraine, bikica abaturage babiri b’abasivile....
16 November 2022 1013 0

Amerika yasabye igisirikare cy’u Rwanda ’kureka gufasha M23’

Amerika yasabye igisirikare cy’u Rwanda (RDF) kureka gufasha umutwe w’inyeshyamba wa M23 mu mirwano urimo n’ingabo za leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC). Ku wa kane habaye indi...
28 October 2022 3407 0

DR Congo: FARDC yashyamiranye n’abaturage bamwe barakomereka

Umuntu umwe niwe wakomeretse mu mishyamirano hagati y’urubyiruko n’igisirikare cya FARDC muri congo, mu gace ka territoire ya Rutshuru (Nord-Kivu).
26 August 2022 4102 0

Ukraine: Zelensky yaburiye abasirikare ba Russia bari ku ruganda rw’ingufu kirimbuzi

Perezida wa Ukraine yaburiye ko abasirikare b’Uburusiya abo ari bo bose barasa ku ruganda rugoswe rw’ingufu za nikleyeri rwa Zaporizhzhia bazaraswaho n’inzego z’umutekano. Mu ijambo avuga buri joro...
14 August 2022 2417 0

U Rwanda rwamaganye raporo ya UN irushinja ko rwateye ingabo za DR Congo rufasha M23

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibikomeje kuvugwa ko Ingabo zarwo zagiye kurwana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hashingiwe kuri raporo y’Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye. Itsinda...
5 August 2022 1018 0

Ukraine igiye kongera kohereza ibinyampeke mu mahanga

Ukraine yavuze ko amato ya mbere atwaye ibinyampeke ashobora kuva ku byambu byayo byo ku nyanja ya Black Sea "mu minsi" iri imbere, bijyanye n’amasezerano yanditse amateka yagizwemo uruhare...
26 July 2022 463 0

DR Congo: Ubutegetsi bwa Goma bwahagaritse imyigaragambyo yose itatangiwe uruhushya

Umuyobozi w’umugi wa Goma muri (Nord-Kivu), colonel François Kabeya, yihanije uwo wese uzongera kwigaragambya atabiherewe uburenganzira.
25 July 2022 489 0

DR Congo: Abiciwe mu rugomo rwongeye kwaduka barenze 30

Abantu batari munsi ya 31 barimo n’abana ubu ni bo bamaze kumenyekana ko bishwe mu cyumweru gishize mu mirwano yongeye kubura mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Umuryango...
14 July 2022 1803 0

Umuriro wongeye kwaka hagati ya FARDC na M23

Intambara yongeye kwaduka hagati y’ingabo za reta ya Repuburika ya Demokrasi ya Congo n’izo mu mutwe witwaje intwaro wa M23, iminsi ibiri gusa abategetsi b’ibyo bihugu bahuriye i Luanda muri Angola...
8 July 2022 5845 0

Perezida Kagame aragirana ibiganiro na Tshisekedi bahurira muri Angola

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame bitezwe kugirana ibiganiro kuri uyu wa gatatu mu murwa mukuru Luanda wa Angola "ku guhosha...
6 July 2022 406 0

Irani irashinjwa kuzitira ibiganiro biha umurongo ikorwa ry’ibitwaro kirimbuzi

Ibiganiro bishya hagati ya Leta zunze ubumwe za Amerika na Irani ku kugaruka mu masezerano ya Nikereyeri yo mu 2015 byarangiye ntacyo bigezeho.
1 July 2022 253 0

U Rwanda rwanenze UN yiyemeje gushyigikira RDC yateye ibisasu mu Rwanda

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo,yatangaje ko UN itari ikwiriye gufata uruhande rwo gushyigikira RDC ikomeje gukora ibikorwa by’ubushotoranyi ku Rwanda itera ibisasu ku butaka...
14 June 2022 2480 0

Macky Sall uyoboye AU yahaye ubutumwa bukomeye Perezida Putin

Mu nama mu Burusiya, Perezida wa Sénégal akaba n’umukuru w’umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) Macky Sall yabwiye Perezida w’icyo gihugu Vladimir Putin ko Abanyafurika ari inzirakarengane z’intambara yo...
4 June 2022 1366 0

Abatuye mu nkengero za Goma bahunze ku bwinshi imirwano ya FARDC na M23

Imirwano yabaye kuwa kabiri mu bice byegereye Kibumba muri teritwari ya Nyiragongo mu ntera igera kuri 20Km uvuye i Goma yatumye abaturage benshi bava mu byabo inatera ubwoba abatuye uyu murwa...
24 May 2022 9479 0

António Guterres wa UN yitezweho guhura na ba Perezida Putin i Moscow na Zelensky i Kyiv

Umukuru wa UN António Guterres mu ntangiriro z’icyumweru gitaha byitezwe ko ahura na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin, akanagirana inama y’akazi akanasangira ifunguro ryo ku manywa na Minisitiri...
23 April 2022 491 0

DR Congo: Inyeshyamba za M23 zarekeye imirwano

Ingabo z’inyeshyamba za M23 zimaze iminsi mu mirwano n’ingabo za leta FARDC zatangaje ko zibaye zihagaritse imirwano.
2 April 2022 1553 0

Moscow iramagana Biden wise Putin ’umunyabyaha by’intambara’

buyapani bwatangaje ko bwabonye amato ane manini y’Uburusiya y’intambara agenda hafi y’ibirwa bya Honshu na Hokkaido yerekeza mu burengerazuba, bishoboka ko agiye Iburayi, nk’uko ibiro ntaramakuru...
17 March 2022 1073 0

U Rwanda rwagaragaje aho ruhagaze mu ntambara y’Uburusiya na Ukraine,Uburundi burifata

Mu nama rusange ya ONU/UN yateranye kuwa gatatu abahagarariye ibihugu batoye ku bwiganze bamagana ibitero by’Uburusiya basaba ko buhagarika ibyo bikorwa. Igikorwa cy’iyo nama cyari kigamije...
3 March 2022 4138 0

Ubushinwa bwamaganye Uburusiya bari inshuti magara mu nama ya UN

Ubushinwa bwanze gushigikira Uburusiya bufatwa nk’inshuti yabwo, buhitamo kutagira icyo buvuga ku gitekerezo Amerika yashyize imbere y’akanama ka ONU gashinzwe umutekano, yamagana ibitero Uburusiya...
27 February 2022 5353 0

Afghanistan:Abagiraneza bafashe umwanzuro ukomeye kubera abaturage

Abaterankunga bo mu mahanga bemeye kohereza mu bikorwa bya ONU by’ibiribwa n’ubuvuzi muri Afghanistan miliyoni 280 z’amadolari y’Amerika (miliyari 280 mu mafaranga y’u Rwanda) yo mu kigega cyafunzwe,...
11 December 2021 879 0

Ethiopia: Ibindi bihugu bikomeye ku isi byasabye abaturage babyo gutaha kubera intambara

Ubudage n’Ubufaransa byiyongereye ku bihugu bimaze kugira inama abaturage babyo kuva muri Ethiopia, mu gihe intambara irimo gufata indi ntera muri iki gihugu. Amerika n’Ubwongereza na byo...
24 November 2021 795 0

RDC: "Abateye Bukavu bashakaga kuyifata"-Nyamuhombeza

Inyeshyamba zagabye ibitero ku murwa mukuru w’intara ya Kivu y’Epfo zari zifite imigambi irimo no kuwufata, nk’uko bivugwa na Nyamuhombeza Ombe ukurikiranira bya hafi ibyo mu gihugu cye DR...
4 November 2021 2238 0

Korea ya ruguru yagerageje misile nshya ishobora kwangiza igice kinini cy’Ubuyapani

Korea ya Ruguru yagerageje misile nshya iraswa kure ifite ubushobozi bwo kwangiza igice kinini cy’Ubuyapani, nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru cya leta kuwa...
13 September 2021 970 0

Abataliyani bababarije Abongereza mu rugo begukana EURO 2020

Ikipe y’igihugu y’Ubutaliyani izwiho kutajenjeka iyo bigeze ku mukino wa nyuma wabereye I Wembley,yatsinze Ubwongereza kuri penaliti 3-2 nyuma y’aho iminota 120 yarangiye amakipe yombi anganya...
12 July 2021 1260 0

RDC: Abishwe mu mirwano y’amoko i Goma barimo n’umusirikare bashyinguwe

Abaturage batandatu n’umusirikare umwe wa leta biciwe mu mirwano y’insoresore zo mu moko abiri mu nkengero z’umujyi wa Goma bashyinguwe kuwa gatatu, nk’uko umutegetsi...
15 April 2021 725 0

Perezida Biden yemeje ko misile Koreya ya ruguru yagerageje ’atari ubushotoranyi’

Perezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko adafata nk’ubushotoranyi igerageza ryakozwe na Koreya ruguru ry’ibisasu bya misile biterwa mu ntera ngufi.
24 March 2021 732 0
0 | ... | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | 330 | 360 | 390 | 420 | ... | 990