Samuel Ndekyezi ni se w’umuntu wa mbere byemejwe ko warwaye akanicwa na Ebola nshya iri muri Uganda, nyuma yapfushije abandi bantu barindwi barimo abana be.
Ndekyezi, w’imyaka 66, atuye mu...
Umutwe wa M23 uratangaza ko guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa 8 Ugushingo 2022 Ingabo za Leta ya Congo zawugabyeho ibitero simusiga ziri kubamishaho imvura y’ibisasu biremereye.
Amakuru aravuga...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yavuze ko igihugu cye gishobora kuganira n’Uburusiya. Yabivuze mbere y’uko ageza ijambo ku bakuru b’ibihugu kw’isi, mu nama mpuzamahanga yiga ku ’ihindagurika...
Intambara ishyamiranyije M23 n’igisirikare cya FARDC irakomeje aho abari hafi y’urugamba bavuga ko uyu mutwe ushobora gufata Umujyi wa Goma mu gihe kitarambiranye.
Umunyamakuru wa Radio TV 10...
Ingabo za Kenya zamaze kugera muri RDC, zagiye kureba uko urugamba rwifashe zizeza FARDC ko mu cyumweru gitaha zizajya kuyifasha guhangana na M23.
Ingabo za Kenya ziyobowe na Gen.Jeff Nyagah...
Ibiganiro byari biteganyijwe gutangira none kuwa mbere i Nairobi hagati ya leta ya Kinshasa n’imitwe y’inyeshyamba ’byasubitswe’, nk’uko umwe mu bakozi bateguraga ibi biganiro muri Kenya yabibwiye...
Umutwe wa M23 wafashe mpiri Umusirikare mukuru muri FARDC witwa Lt Col Assouman,usanzwe ari Komanda wa Batayo ya 213 wari uyoboye ibitero byo kuyihashya muri Kibumba.
Uyu musirikare yafashwe...
Perezida wa Guinée Equatoriale,Obiang Nguema uri ku butegetsi kuva mu mwaka wa 1979 yongeye gutorerwa kuba Perezida mu gihe cy’imyaka 7 iri imbere. Yagize amajwi 94,9%.
Obiang w’imyaka 80, wafashe...
Perezida Kagame yavuze ko biteye isoni kuba igihugu cya RDC gikomeza gushyira u Rwanda mu majwi ko arirwo nyirabayazana w’umutekano muke mu burasirazuba bwacyo aho yashimangiye ko niba hari umuntu...
Kuri uyu wa gatatu, ari mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yakira indahiro z’abminisitiri bashya, mu buryo butari buherutse Perezida Kagame yafashe isaha imwe avuga ku kibazo cy’umutekano mucye...
Kuri kino cyumweru tariki 04/12/2022, abayoboke b’idini rya gatolika muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo bakoze urugendo rw’amahoro mu rwego rwo kwamagana intambara iri mu burasirazuba...
Itangazo rya M23 rimenyesha ko yiteguye “guhagarika ibikorwa no gusubira inyuma” ryatunguranye cyane ko imaze hafi umwaka mu mirwano n’ingabo za leta.
Canisius Munyarugerero umwe mu bavugizi ba...
Mu butumwa bwo kwifuriza abanyecongo Noheli nziza Perezida Felix Tshisekedi wa DRC yavuze ko azarinda umutekano wabo n’ibyabo mu gihugu hose.
Mu butumwa bwateguwe kandi yasomaga yakuranwa...
Umutwe wa M23 wasabye Leta ya Congo gusobanura byimbitse impamvu yahaye akazi abacancuro bavuye mu Burayi mu rugamba bahanganyemo.
M23 ntiyumva ukuntu leta ya RDC ikomeje kuzana abantu bavuye...
Umuvugizi wa leta ya DR Congo yavuze ko igihugu cye gicumbikiye impunzi nyinshi kurusha iz’Abanyekongo bari mu Rwanda yirengagiza imibare yatanzwe na UN.
Patrick Muyaya yasubizaga ku byavuzwe na...
Umutwe wa M23, ku cyumweru tariki ya 15 Mutarama 2023, yavuye muri tumwe mu duce yagenzuraga muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu ya Ruguru.
M23 yavuye muri Nyamilima, Buramba na Kisharo...
Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Kongo, Felix Tshisekedi yavuze kuri uyu wa kabiri ko umutwe wa M23 utaravana abarwanyi bawo bose mu bice wafashe mu burasirazuba bw’igihugu.
Awushinja...
Amakuru aravuga ko Perezida Paul Kagame na mugenzi we Felix Antoine Tshisekedi wa Congo bashobora guhurira i Doha muri Qatar mu muhuro wo kuganira ku bibazo biri hagati y’ibihugu byabo no...
Igisirikare cy’U Rwanda cyarashe ku ndege Sukhoi-25 y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ubwo yinjiraga mu kirere cy’U Rwanda mu Karere ka Rubavu, amashusho yerekanye iyi...
Umuvugizi wa leta ya DR Congo akaba na minisitiri w’itumanaho avuga ko indege yabo ya gisirikare yarashweho n’ingabo z’u Rwanda yariho “yururuka bisanzwe” ku kibuga cy’indege cya Goma, ariko ko...