Umutoza wa Rayon Sports,Lomami Marcel,yavuze ko nta gihindutse umunyezamu Kwizera Olivier azatangira gukina ku mukino wa Police FC ndetse asaba abafana kugaruka ku kibuga ku...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Gashyantare 2022,Shampiyona y’icyiciro cya Mbere mu mupira w’amaguru 2021-22,yakomeje hasozwa umunsi wa 17 wayo,aho Rayon Sports itaherukaga kwitwara neza yatsinze...
Umukinnyi wa APR VC witwa Gisubizo Merci yakoze amakosa akomeye akubita umutoza we umutwe amuvusha amaraso mu mukino bahuraga na Police VC mu mikino nyafurika, y’akarere ka Gatanu muri...
Hakizimana Muhadjiri agiye kwinjira mu minsi mikuru n’ibyishimo byinshi, nyuma yaho asohoje isezerano yari yasezeranyije umukunzi we ryo kumuha igitego ku mukino wa Police FC.
Mu nkuru zabanje...
Nyuma yo kujyana ikirego cye kuri polisi, umugabo witwa Innocent Mugabo utuye mu kagari ka Nyanza mu murenge wa Gatenga ho mu karere ka Kicukiro arashakisha umukobwa wamukoreraga, ashinja kuroga...
Imbunda yo mu bwoko bwa Karachnogov abakoresha icyongereza bazi nka AK47 yabonetse mu musarane mu rugo rw’ umuturage utuye mu murenge wa Mugina mu karere ka Kamonyi yaratoye umugese.
Iyi mbunda...
Umuyobozi w’ akarere ka Rubavu Simanenye Jeremie n’ umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Busanze mu karere ka Nyaruguru batawe muri yombi na polisi y’ u Rwanda bakekwaho kubangamira bamwe mu...
Mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Nyakanga 2017, i Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba bw’u Rwanda Imodoka itwara abagenzi ya sosiyete ya RITCO,...
Umutoza Seninga Innocent uherutse kongererwa amasezerano y’imyaka 3 mu ikipe ya Police FC yatangaje ko yiteguye gukora ibirenze ibyo yakoze umwaka ushize ubwo yarangizaga ku mwanya wa 2 muri...
Myugariro w’ikipe ya Police FC akaba na Kapiteni wayo Twagizimana Fabrice uzwi nka Ndikukazi aratangaza ko mu makipe azagora Police FC APR FC itarimo cyane ko itigaragaje mu isoko ryo kugura no...
Umukinnyi Nizeyimana Mirafa ukina hagati mu ikipe ya Police FC aratangaza ko we na bagenzi be biteguye gukora ibishoboka byose bakegukana igikombe muri uyu mwaka ndetse avuga ko we abona...
• Jimmy Mulisa yabwiye itangazamakuru ko Issa afite ikibazo cyo mu mutwe
• Bigirimana Issa ntiyagaragaye ku mukino APR FC yanganyije na Police 0-0 ku munsi w’ejo
• Bigirimana Issa yagagaragaje...
Sgt Birori Consolée na Cpl Ruterana Gilbert batwaye imidari ibiri ya Bronze mu Marushanwa y’Umukino wa Taekwondo y’uyu mwaka wa 2017 ku rwego rw’Igihugu yabereye kuri Petit Stade i Remera kuva ku...
Mu mikino ya 1/4 cy’Irangiza cy’igikombe cy’Amahoro, ikipe ya Police FC ishobora kongera guhurira na Rayon Sports nkuko byagenze ko umwaka ushize, mu gihe APR FC izacakirana na Bugesera FC mu mikino...
SHARE TWEET SHARE EMAIL Be the First to Comment
A joint task team of Police Counter Terrorism Units and Special Forces have finally identified the mastermind of Susan Magara’s death.
Magara was...
Last Monday, June 25, the Magistrates Court in Mbarara released 39 Rwanda National Congress (RNC) recruits who have been in custody awaiting trial for breach of laws precluding refugees from...
Nigerian President Muhammadu Buhari’s ruling All Progressives Congress (APC) has suffered a setback with the defection of 15 senators to the opposition People’s Democratic Party...
Government announced yesterday that Kyadondo East Member of Parliament (MP), Mr Robert Kyagulanyi, alias Bobi Wine will today be charged before the army court in Gulu over possessing a...
Pasiteri Paul Sanyangore zo muri Zimbabwe yatawe muri yombi azira kugurisha n’abakirisitu be amatike yo kwinjira mu ijuru ku mafaranga amadorari Magana atanu...
Ethics minister Simon Lokodo has said he lost a spirited fight to stop the staging of Nyege Nyege, a social carnival that got underway in Jinja Town yesterday, because the devil had a “stronger...
President Museveni sent condolence message and Shs5millions to the family of Resty Nalinya, the woman who lost her life to assassins with the former Buyende District police commander, Muhammad...
Myugariro Imanishimwe Emmanuel uzwi nka Mangwende yatangaje ko yamaze kumvikana n’ikipe yo muri Serbia ndetse agira inama yo kujya ku isoko bagashaka umusimbura we mu bakinnyi babiri barimo...
Mu kagali ka Nzove mu murenge wa Kanyinya,muri Rulindo harasiwe umugabo washatse gucika abashinzwe umutekano ubwo yari kumwe na bagenzi be batatu bari bambaye imyenda ya gisirikare bavuye kwiba...