Umusaza w’imyaka 63 wo mu Kagari ka Nyamirama mu Murenge wa Gitoki, Akarere ka Gatsibo arakekwaho gusambanya umwuzukuru we w’imyaka umunani y’amavuko.
Aya mahano yabereye muri Gatsibo yamenyekanye...
Mu Karere ka Rubavu kuri Stade Umuganda habereye igisa n’imyigaragambyo ku baturage bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka bajya muri Repuburika iharanira demokarasi ya Congo bagaragaje agahinda...
Uwitonze Sonia Rolland wabaye Nyampinga w’Ubufaransa mu mwaka wa 2000 yatangiye gukurikiranwa n’ubutabera kubera impano y’inzu (Appartment) yahawe na na Omar Bongo wahoze ari Perezida wa Gabon muri...
Ku Kibuga cy’indege cya Kanombe habereye imyitozo igaragaza uburyo u Rwanda rushobora kwitabara mu gihe habayeho impanuka y’Indege nkuko bikunze kubaho ko hari ndege zikora impanuka mu minoza mike...
Umusirikare wo muri Batayo ya 29 yo mu gisirikare cya Uganda yaburiwe irengero nyuma yo kurasa mugenzi we akamwica bapfuye umugore.
Ukekwaho icyaha ni Private James Omeri Kamarendi wo muri...
Ingabo na Polisi ndetse na bamwe mu basivile baturutse mu bihugu bitandatu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) batangiye imyitozo iri kubera muri Uganda igamije guteza imbere amahoro...
Nyuma y’iminsi mike inkuru y’umwe mu bayobozi bo mu Karere ka Rubavu aburiwe irengero kugeza uyu munsi akaba ataraboneka umuturage wo wo mu Kagari ka Nyefurwe mu Murenge wa Nyakiriba mu Karere ka...
Ahagana mu ma saa tanu zo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Kamena 2022,mu kagari ka Nyabigoma mu murenge wa Kinigi wo mu karere ka Musanze hatewe ibindi bisasu 2 byo mu bwoko bwa Rokete bivugwa ko...
Abashakanye bahuye n’uruva gusenya ubwo baterwaga n’idubu mu nzira yabo irabica irya imirambo yabo cyane ko ngo yari ivuye mu ishyamba ryo hafi aho
Mukesh Rai n’umugore we Gudiya barimo gutaha...
Anthony Perry, umusore w’imyaka 20 yashimiwe nk’intwari nyuma yo gushyira ubuzima bwe mu kaga kugira ngo arokore umugabo wakubiswe n’amashanyarazi yari mu muhanda wa gari ya moshi i Chicago....
Ubutegetsi bw’intara ya Kivu ya ruguru ya DR Congo bwemeje ko umujyi wa Bunagana wafashwe, ariko buvuga ko byakozwe n’ingabo z’u Rwanda.
Umutwe wa M23 uvuga ko ariwo wafashe Bunagana kuwa mbere...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 15 Kamena 2022 i Goma haramukiye imyigaragambyo ikomeye yateguwe na Sosiyete Sivile ikorera muri Kivu y’Amajyaruguru aho abaturage bashakaga kwinjira mu...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ku mupaka w’u Rwanda na RDC i Goma habereye imyigaragambyo ikomeye y’Abanye-Congo bamaganaga u Rwanda barushinja gufasha umutwe wa M23 uhanganye n’igisirikare...
Imodoka ya sosiyete itwara abagenzi ya RITCO, yaraye ihiye ubwo yari igeze i Rubengera mu Karere ka Karongi yerekeza mu Karere ka Rusizi.
Bamwe mu babonye iyi modoka iri kugurumana, babanje...
Umugabo ukomoka mu Bushinwa warusanzwe atunganya amashusho yifashishwa n’urukiko rwa Malawi mu gutahura ibyaha bishingiye ku irondaruhu no gukoresha abana...
Leta ya Qatar yafashe umwanzuro ko nta mukinnyi cyangwa umufana uzaba wemerewe gutera akabariro n’uwo batashyingiranwe byemewe n’amategeko mu gikombe cy’isi.
Imibonano mpuzabitsina ku...
Ikipe ya Rwamagana City FC itarorohewe n’urugendo rwo kubona itike ya 1/2 kubera akagambane k’abashinzwe umupira w’amaguru,yatsinze Interforce FC ibitego 2-0 mu mukino ubanza wa ½ cy’irangiza mu...
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Kambogo Ildephonse yatangaje ko akomeje kugirana ibiganiro na mugenzi we uyobora Umujyi wa Goma, Kabeya François Makosa mu gushaka uko haba umwuka mwiza hagati y’utu...
Abategetsi bo muri leta ya Zamfara mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nigeria basabye ko abaturage b’abasivile bitwaza intwaro bagahangana n’ibico bya ba...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Antoine Félix Tshisekedi yashyikirije inzu z’akataraboneka abasirikare bakuru muri iki gihugu n’ubundi basanzwe banifite mu bukungu.
Inzu zagenewe...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hari abantu bifuzaga ko umutekano w’u Rwanda wahungabana mu Mujyi wa Kigali ubwo u Rwanda rwakiraga CHOGM kuko bakekaga ko igihugu gihuze ariko ntibabashe...
Mutambuka Derrick wamenyekanye nka Dj Dizzo yasobanuye byinshi ku byerekeranye n’ifungwa ryamuvuzweho mu Bwongereza, yemeza ko ayo makuru ari ukuri n’uburyo byagenze kugira ngo...