Myugariro wa Manchester City,Joao Cancelo,ntabwo yarangije umwaka neza kuko yatewe n’ibisambo mu rugo biramukomeretsa ku jisho agerageza kurinda umuryango we.
Uyu mukinnyi wa Manchester City,...
Nk’uko amakuru abitangaza,uwahoze ari myugariro wa Newcastle, Chancel Mbemba, ntazahabwa amasezerano mashya na FC Porto kuko yabeshye imyaka ye mu buzima bwe bwose nk’umukinnyi.
Uyu mukinnyi...
Umubyeyi wa Cristiano Ronaldo,Madamu Dolores Aveiro yavuzwe cyane mu bitangazamakuru nyuma yo guhura n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika,Papa.akamuha umupira w’umuhungu we mu ikipe ya Portugal....
Ikinyamakuru AS gikorera mu mujyi wa Madrid muri Espagne kiravuga ko Ronaldo ashaka kuva muri Manchester United akerekeza muri Bayern Munich ishaka kumusimbuza Lewandowski.
Uyu mukinnyi ushaka...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ntazaboneka mu gice kibanza cy’uruzinduko rwa Manchester United muri Thailand,nyuma yo kuvuga ko afite ibibazo by’umuryango.
Ronaldo yahawe ikiruhuko kubera impamvu...
Rutahizamu wa Manchester United umunya-Portugal Cristiano Ronaldo w’imyaka 37, yemerewe umushahara wa miliyoni 300 z’ama euro kugira ngo ajye gukinira ikipe yo muri Saudi Arabia mu myaka ibiri....
Rutahizamu wa Liverpool, Darwin Nunez, avuga ko yagowe no kwinjira mu mupira w’amaguru mu Bwongereza kubera ahanini ibibazo bye bwite.
Uyu rutahizamu waguzwe miliyoni 64 z’ama pound, yatsinze...
Ikinyamakuru Northstar cyatangaje ko umunya Portugal,Cristiano Ronaldo ariwe wakurura abaguzi kurusha abandi bakinnyi bose mu mikino yose ku isi[most marketable athlete of 2022].
Uyu yahize...
Mu gahinda kenshi,umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yashinje Manchester United akinira kumugambanira ndetse yemeza ko adakunda umutoza Erik Ten Hag kuko nawe atamukunda.
Mu...
Amakuru aravuga ko Cristiano Ronaldo ashaka kurangiza inzozi ze muri Manchester United agasubira muri Real Madrid.
Uyu mugabo w’imyaka 37 yashinje amashitani atukura ko yamugambaniye mu kiganiro...
Mu mukino warimo guhangana n’ubushake ku mpande zombi,ikipe ya Ghana bigoranye yatsinze Koreya y’Epfo ibitego 3-2,yiyongerera amahirwe yo kugera muri 1/16 cy’irangiza.
Nyuma yo gutsindwa na...
Muri kimwe mu bihe bikomeye cyane aho umuntu aba atazi uko biri burangire, kimwe mu bihe umukinnyi ahura na byo mu mupira w’amaguru, Maroc yose yari icyeneye umukinnyi wabo ukomeye ngo yigaragaze...
Biravugwa ko Cristiano Ronaldo yabuze mu myitozo iheruka Portugal yakoze nyuma yo gukina n’Ubusuwisi.
Uyu munyabigwi wa Portugal washyizwe ku ntebe y’abasimbura n’umutoza Fernando Santos batsinda...
Bivugwa ko Cristiano Ronaldo yari yiteguye gusohoka mu ikipe y’igihugu akagenda atarangije igikombe cy’isi,nyuma yo gukurwa mu bakinnyi 11 ku mukino n’Ubusuwisi.
Uyu mukinnyi wahoze akinira ikipe...
Rutahizamu wa Korea y’Amajyepfo, Cho Gue-sung yatangaje ibyo yabwiye Cristiano Ronaldo bikamurakaza ubwo baheruka guhurira mu matsinda y’igikombe cy’isi 2022 kiri kubera muri Qatar.
Ubwo Ronaldo...
Mushiki wa Cristiano Ronaldo yavuze ko igikombe cy’isi cya Qatar 2022 aricyo kibi kurusha ibindi byose byabayeho mu mupira w’amaguru.
Ibi yabivuze nyuma y’aho musaza we w’imyaka 37 yacyerekejemo...
Umutoza Zinedine Zidane yanze akazi ko gutoza ikipe y’igihugu ya USA mu bagabo nyuma yo guhusha ako gutoza Ubufaransa kubera ko Didier Deschamps yongerewe amasezerano.
Ikinyamakuru (L’Equipe...
Kizigenza Cristiano Ronaldo utaherukaga mu kibuga,yatowe nk’umukinnyi w’umukino ubwo ikipe yari ayoboye ya Riyadh All-Star yatsindwaga na PSG ibitego 5-4.
Uyu mukino wa gicuti wabereye ku kibuga...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi,FIFA yakuyeho ibihano yari yafatiye Rayon Sports nyuma y’uko iyi kipe yishyuye ibihumbi 3700 by’amadolari Daniel Ferreira Faria wahoze ari umutoza wayo...
Umukinnyi wa Manchester City,Bernardo Silva yatangaje ko azakora ubukwe n’umunyamideli bakundana mu kwezi kwa Nyakanga,buzabera iwabo muri Portugal.
Bernardo amaze imyaka isaga itatu akundana na...
Rutahizamu Marcus Rashford yongeye gutsinda igitego afasha Manchester United kwinjira muri kimwe cya kane cy’irangiza mu mikino ya Europa League isezereye Real Betis mu gihe Arsenal yasezerewe...
Cristiano Ronaldo na Georgina Rodriguez bongereye ibihuha bivuga ko umubano wabo umeze nabi nyuma yo kujya impaka zikomeye mu ruhame ubwo bari bagiye kwinjira mu ndege.
Hashize iminsi bivugwa...
Nyina wa Cristiano Ronaldo, Dolores Aveiro yahakanye amakuru avuga y’uko ibintu bitameze neza hagati y’umuhungu we ndetse n’umukunzi we Georgina Rodriguez ko bashobora no gutandukana.
Mu kwezi...