skol
Kigali

Search: Portugal (795)

Perezida Kagame na Kenyatta mu bazitabira inama mpuzamahanga y’ Ubuhinde

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Kenya Uhuru Kenyatta ni bamwe mu bayobozi bakuru bazitabira inama mpuzamahanga ku kwagura ishoramari ry’ igihugu cy’ Ubuhinde. Iyi nama yiswe...
29 December 2016 467 0

Cristiano Ronaldo yageretswe asaga miliyoni 300 ngo ajye gukina mu Bushinwa

Crisitiano Ronaldo, umunya Portugal ukinira ikipe ya real Madrid yo muri Espagne, uhagarariye inyungu ze yatangaje ko amakipe yo mu Bushinwa yageretse Ronaldo asaga miliyoni 300 z’ama Euro ngo...
30 December 2016 164 0

Pogba ntabona Messi na Ronaldo nk’abakwiye Ballon d’Or ya FIFA

Umufaransa ukinira ikipe ya Manchester United, Paul Pogba atangaza ko abona uyu mwaka Zlatan Ibramovic bakinana ari we ukwiye kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA. Iki...
7 January 2017 1892 0

Perezida Kagame yitabiriye inama mpuzamahanga y’ ubucuruzi mu Buhinde

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yageze i Gandhinagar mu gihugu cy’ u Buhinde kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2017 aho agiye kwitabira inama ya munani yitwa Vibrant Gujarat Global Summit...
9 January 2017 844 0

Ronaldo yahigitse Messi yongera kwegukana igihembo cy’ Umukinnyi mwiza ku Isi w’umwaka wa 2016 (Ballon d’or...

Rutahizamu wa Real Madrid na Portugal Cristiano Ronaldo yongeye guhigika Lionel Messi yegukana igihembo cya FIFA gihabwa umukinnyi w’umwaka. Ibi bibaye nyuma yo kwegukana umupira wa zahabu...
9 January 2017 1007 0

Dore amagambo Cristiano yatangaje agitwara Ballon d’Or, anashotora mukeba FC Barcelona

Cristiano Ronaldo nyuma yo kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA(FIFA Ballon d’Or 2016), yahise atangaza ko uyu mwaka atazawibagirwa mu buzima bwe, kuko ibyamubayeho ari...
10 January 2017 2766 0

Amavubi yongeye gusubira inyuma mu mupira w’amaguru

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya w’100 ku rutonde ngarukakwezi rukorwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi, Fifa. U Rwanda rwari ku mwanya wa 93 mu kwezi gushize rwaje kuri uwo mwanya,...
9 February 2017 578 0

Abatoza 3 bagomba gutoranywamo umwe uzatoza Amavubi bamenyekanye

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ryamaze gushyira ahagaragara urutonde rw’abatoza 3 batoranyijwe mu batoza 8, hakaba hazatoranywamo umwe uzahabwa ikipe y’igihugu Amavubi...
20 February 2017 1391 0

Papa Francis yasimbuje intumwa ye mu Rwanda

Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 18 Werurwe 2017 umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yatoye intumwa ye nshya mu Rwanda isimbura...
18 March 2017 1782 0

FIFA Ranking: Amavubi amanutse imyanya igera kuri 24 ku rutonde rwa FIFA

U Rwanda rumanutse imyanya igera kuri 24 ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA ruva ku mwanya wa 93 rugera ku mwanya w’117 ku isi ni mu gihe muri Afurika rwaje ku mwanya wa 32 mu makipe 206...
6 April 2017 1467 0

Umukinnyi w’umunyabigwi muri ruhago Ronaldo yatangaje hagati ya Cristiano Ronaldo na Lionel Messi uwo aha amahirwe yo gutwara...

Umukinnyi w’umunya-Brazil wamenyekanye cyane mu myaka yahize Ronaldo yatangaje uwo aha amahirwe yo kwegukaba Ballon d’Or muri uyu mwaka wa 2017, ariko akagaragaza ko abakinnyi bombi bahabwa aya...
29 May 2017 5208 0

Ariana Grande agiye gusubira i Manchester mugikorwa cyo kwegeranya inkunga yababuriye ababo mu gitero...

Umuhanzikazi Ariana Grande, uba muri Amerika yatangaje ko ashaka gusubira mu mujyi wa Mancherster mu Bwongereza, aho azaba agiye mu gikorwa cyo kwegeranya inkunga yo guha ababuze ababo mu gitero...
30 May 2017 658 0

Amavubi yasubiye inyuma imyanya 10 ku rutonde rwa FIFA

Ikipe y’igihugu ’Amavubi’ yatakaje imyanya 10 ku rutonde rushya rw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, yisanga ku mwanya mubi kurusha indi yose, yabayeho mu gihe cy’imyaka 4 ishize. U...
1 June 2017 587 0

Amagambo ya Messi ataka Cristiano Ronaldo yatunguye benshi

Umunya Argentine Lionel Messi yatunguye benshi nyuma yo kuvuga ko Cristiano Ronaldo ari umukinnyi w’igitangaza kandi ari umwe mu bakinnyi beza Isi ifite. Ibi uyu kizigenza w’umunya Argentina...
8 June 2017 4798 0

Mu byaranze tariki 25 Kamena mu mateka, Perezida Kagame yayoboye inama y’ abaminisitiri yafatiwemo ibyemezo...

Turi ku cyumweru tariki ya 25 Kamena, ni umunsi w’176 mu minsi 365 igize umwaka. Iminsi 189 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo. Kuri iyi tariki muri 2015, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame...
25 June 2017 2508 0
0 | ... | 510 | 540 | 570 | 600 | 630 | 660 | 690 | 720 | 750 | 780