Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Kenya Uhuru Kenyatta ni bamwe mu bayobozi bakuru bazitabira inama mpuzamahanga ku kwagura ishoramari ry’ igihugu cy’ Ubuhinde.
Iyi nama yiswe...
Crisitiano Ronaldo, umunya Portugal ukinira ikipe ya real Madrid yo muri Espagne, uhagarariye inyungu ze yatangaje ko amakipe yo mu Bushinwa yageretse Ronaldo asaga miliyoni 300 z’ama Euro ngo...
Umufaransa ukinira ikipe ya Manchester United, Paul Pogba atangaza ko abona uyu mwaka Zlatan Ibramovic bakinana ari we ukwiye kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA.
Iki...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yageze i Gandhinagar mu gihugu cy’ u Buhinde kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2017 aho agiye kwitabira inama ya munani yitwa Vibrant Gujarat Global Summit...
Rutahizamu wa Real Madrid na Portugal Cristiano Ronaldo yongeye guhigika Lionel Messi yegukana igihembo cya FIFA gihabwa umukinnyi w’umwaka.
Ibi bibaye nyuma yo kwegukana umupira wa zahabu...
Cristiano Ronaldo nyuma yo kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA(FIFA Ballon d’Or 2016), yahise atangaza ko uyu mwaka atazawibagirwa mu buzima bwe, kuko ibyamubayeho ari...
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya w’100 ku rutonde ngarukakwezi rukorwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi, Fifa.
U Rwanda rwari ku mwanya wa 93 mu kwezi gushize rwaje kuri uwo mwanya,...
Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 18 Werurwe 2017 umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yatoye intumwa ye nshya mu Rwanda isimbura...
U Rwanda rumanutse imyanya igera kuri 24 ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA ruva ku mwanya wa 93 rugera ku mwanya w’117 ku isi ni mu gihe muri Afurika rwaje ku mwanya wa 32 mu makipe 206...
Umukinnyi w’umunya-Brazil wamenyekanye cyane mu myaka yahize Ronaldo yatangaje uwo aha amahirwe yo kwegukaba Ballon d’Or muri uyu mwaka wa 2017, ariko akagaragaza ko abakinnyi bombi bahabwa aya...
Umuhanzikazi Ariana Grande, uba muri Amerika yatangaje ko ashaka gusubira mu mujyi wa Mancherster mu Bwongereza, aho azaba agiye mu gikorwa cyo kwegeranya inkunga yo guha ababuze ababo mu gitero...
Umunya Argentine Lionel Messi yatunguye benshi nyuma yo kuvuga ko Cristiano Ronaldo ari umukinnyi w’igitangaza kandi ari umwe mu bakinnyi beza Isi ifite.
Ibi uyu kizigenza w’umunya Argentina...
Turi ku cyumweru tariki ya 25 Kamena, ni umunsi w’176 mu minsi 365 igize umwaka. Iminsi 189 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo. Kuri iyi tariki muri 2015, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame...