Abategetsi ba gisirikare bo mu bihugu bigize ishyirahamwe SADC ryo mu Majyepfo ya Afrika bari mu burasirazuba bwa Republika ya Demokrasi ya Congo kureba uko umutekano wifashe mu gihe amahanga...
Kuri uyu wa mbere, Umuryango w’abibumbye watangaje ko wahagaritse ingendo z’indege z’ubutabazi nyuma yo kurasa imwe muri kajugujugu zayo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo...
Igihugu cy’Ubufaransa cyatangaje ko Perezia wacyo Emmanuel Macron agiye gutangira ingendo ku mugabane w’Afurika azasoreza mu mugi wa Kinshasa muri Repuburika ya Demokarasi ya...
Uwahoze ari visi perezida w’umutwe wa FDLR,Straton Musoni wagejejwe mu Rwanda umwaka ushize avuye mu Budage,yavuze ko yishimiye kuba ari mu Rwanda aho kuri ubu ari guhabwa amasomo mu kigo cya...
Niyigena vestine, utuye mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Nyange mu Mudugutu wa Nyabutaka ho mu kagari ka Ninda waciwe akaguru n’ibisasu byaguye ku butaka bw’u Rwanda atewe impungenge n’ubuzima...
Ubushinjacyaha bwasabiye abarwanyi batandatu bahoze mu mutwe wa FDLR gufungwa imyaka 25 ku byaha birimo kujya mu mutwe w’ingabo utemewe no kugambirira inabi ubutegetsi buriho.
Aba bakuriwe na...
Perezida Kagame yavuze ko azakora ibishoboka byose kugira ngo umutwe w’iterabwoba wa FDLR ntukomeze kugaba ibitero ku Rwanda, kandi ko na Jenoside itazongera kuba ukundi.
Ibi yabigarutseho ku...
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we Evariste Ndayishimiye bahuriye mu Burundi kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 04 Gashyantare 2023.
Ibiganiro byabaye nyuma y’inama yahuje abakuru...
Abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Africa y’iburasirazuba (EAC) uyu munsi barateranira i Bujumbura biga uko ibintu byifashe mu burasirazuba bwa DR Congo, nk’uko bitangazwa n’uwo muryango...
Perezida Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yafashe umwanzuro wo gufungira u Rwanda amayira mu nama y’umutekano yayoboye.
Mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisitiri w’Itumanaho...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi,FIFA yakuyeho ibihano yari yafatiye Rayon Sports nyuma y’uko iyi kipe yishyuye ibihumbi 3700 by’amadolari Daniel Ferreira Faria wahoze ari umutoza wayo...
Abantu basaga 17 bakomeretse kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Mutarama 2023,ubwo igisasu cyaturikiraga mu isoko mu Burasirazuba bwa Kongo nkuko abayobozi babitangaje.
Iki gisasu cyongereye...
Nyagato Juliette w’imyaka 49, wo mu kagari ka Karangiro,umurenge wa Nyakarenzo, akarere ka Rusizi, arashakishwa n’inzego z’umutekano n’ubuyobozi akekwaho urupfu rwa Ishimwe Jean Claude w’imyaka 23,...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itewe impungenge n’itangazo rya Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ryirengagiza ingingo zimwe zo mu masezerano ya Luanda, kandi ryanditsemo...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi ubwo yari mu kiganiro i Davos mu Busuwisi yabajijwe ikibazo n’Umunyarwandakazi Clare Akamanzi uyobora RDB,ku mpamvu igihugu cye...
Umutwe wa M23 wahakanye amakuru yavugaga ko hari ibice bimwe na bimwe bya Rutshuru wavuyemo guhera ku Cyumweru no kuri uyu wa Mbere ushize, nyuma y’aho Radio Okapi yari yatangaje ko uyu mutwe...
Ubuyobozi bw’umujyi wa Goma muri RDC bwanze gutanga uburenganzira bwo kwigaragambya ku bari babisabye bashaka kugaya ingabo z’umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba ko zitarwanya umutwe wa M23....
Ihuriro LAMUKA ririmo abanyapolitiki bakomeye muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo nka Martin Fayulu, ryanenze Perezida Antoine Felix Tshisekedi,wizeye ko ingabo z’Umuryago wa Afurika...
Umutwe wa M23 urashinjwa kubeshya icya Semukanuka,ko wavuye muri Kibumba nyamara ngo wongeye kugaruka nyuma yo gukora umuhango wo kuva muri ako gace ku mugaragaro.
Kuwa Gatanu w’icyumweru...
Mu butumwa bwo kwifuriza abanyecongo Noheli nziza Perezida Felix Tshisekedi wa DRC yavuze ko azarinda umutekano wabo n’ibyabo mu gihugu hose.
Mu butumwa bwateguwe kandi yasomaga yakuranwa...
Perezida Tshisekedi yishimiye ko umutwe wa M23 wavuye muri Kibumba ndetse ashimira amahanga ko yatumye u Rwanda rukura abasirikare b’uyu mutwe hariya.
Ibi yabibwiye ba Guverineri bari bitabiriye...
Ahagana saa sita z’amanywa yo kuri uyu wa gatandatu nibwo umuturage ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yapfiriye muri Restaurant iherereye mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka...