Hasakaye amafoto abandi bashyira mu majwi umukinnyi Neymar nyuma yo kubura mu birori “Union Nationale des Footballeurs Professionnels (UNFP) Football Awards”ari mu bihe byiza n’umuhanzikazi Rihanna...
Nyuma y’uko Miss Mutesi Jolly agaragaye muri mu marushanwa ya Miss Rwanda 2021 yambaye ikanzu byavuzwe ko isa n’iy’umuririmbyikazi wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika Rihanna, abantu bamwe...
Amazina akomeye ya muzika arimo kuvuga agahinda nyuma y’urupfu rwa George Floyd.
Mu gihe umujinya n’imyigaragambyo byakwirakwiriye muri Amerika, Beyoncé, Rihanna, na Drake bakoresha ubwamamare...
Justin Beiber ufite izina rikomeye muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yibasiwe bikomeye n’abakunzi b’umuziki nyuma yo kuvuga ibigwi umuhanzi mugenzi we Chris Brown avuga ko Arusha ubuhanga...
Umuhanzi Katheryn Elizabeth wamamaye ku izina rya Katy Perry yesheje agahigo ko gukurikirwa n’abantu benshi ku rukuta rwa Twittter. Perezida Brack Obama wa Amerika aza ku mwanya wa kane kuri uru...
Hashize imyaka kitari mike havugwa cyane imyambarire idahwitse ku bahanzikazi b’Abanyarwanda mu bitaramo hirya no hino.
Si imyambarire gusa ikemangwa kuko kuri ubu noneho hadutse ikintu cyo...
Urutonde rw’abazahatanira ibihembo mu bitwaye neza mu muziki muri Amerika bizwi nka (American Music Awards) rwagiye ahagaragara. Abahanzi bakomeye ku isi nka Bruno Mars, Drake na Ed Sheeran ni...
Imyambarire idasanzwe igenda igaragara mu byamamare ku isi aho bagaragaza imiterere yabo ndetse rimwe na rimwe bakagaragaza ibice by’ibanga mu ruhame nubwo abandi bavuga ko bayambara mu rwego rwo...
Kidum Kibido Kibuganizo umwe mu bahanzi bakomeye hano mu karere ka Afurika y’Uburasirazuba , mu minsi ishize yari yatumiwe mu Rwanda aho yataramiye abari bitabiriye inama ya Transform...
Icyamamare mu muziki muri Leta zunze ubumwe za Amerika Chris Brown yanze kwitaba ubutabera bw’u Bufaransa bwari bwamutumiye mu nama y’imbonankubone yagombaga kumuhuza n’umugore umushinja kumufata ku...
Ubwo Chris Brown yari ari ku rubyiniro ari kuririmba indirimbo ye “Privacy”, yasomanye n’umwe mu babyinnyi be. Nyuma yaho abakunzi be benshi banenze icyo gikorwa bavuga ko Brown atari akwiye...
Ese Jay-Z aba muri Illuminati? Donald Trump, Katty Perry na Beyoncé abo bose bivugwa ko baba cyangwa bashyigikiye Illuminati. Umuryango w’ibanga bivugwa ko urimo abantu bakomeye cyane kandi...
Calvin Harris niwe muvanzi w’umuziki ubikora nk’umwuga ugaragara ku rutonde rw’abakire bakora mu ruganda rw’umuziki rusohorwa buri mwaka n’ikinyamakuru Sunday Times buri mwaka aho umutungo we wikubye...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere tariki ya 1 Gicurasi 2017, muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu mugi wa New York habereye ibirori by’akataraboneka byo kwerekana imyambaro ihebuje byiswe “Met Gala”...
Fanny Neguesha yamamaye cyane ubwo yakundanaga na rutahizamu mpuzamahanga w’umutaliyani Mario Baloteli. Uyu mukobwa ukomoka kuri nyina w’umunyarwandakazi na se w’umutaliyani, ariko akaba yaravukiye...
Umuyobozi w’’ itorero ry’ igihugu Hon. Edouard Bamporiki yagaragaje ko kwambara ubusa uri inkumi cyangwa umusore ari uguhembukira urubyaro ruzagukomokaho.
Ni mu gihe ku mbuga nkoranyambaga...
Umunyamideli Christine Diane "Chrissy" Teigen ari na we mugore wa John Legend,yashyize hanze ifoto yambaye ubusa bitungura benshi mu bakunzi be cyane ko aherutse kwibaruka mu minsi ishize.
Uyu...
Abahanzikazi bakunda kwifotoza amafoto agaragaza amabere yabo bakayasangiza abakunzi babo binyuze ku mbuga nkoranyambaga. Rimwe mu mabanga atuma bakora ibi ni uko baziko amabere ari kimwe mu...
Umuraperi Drake yagaragaye ari gukorakora umubyinnyi witwa Reka Nagy-Miticzky w’imyaka 23, mu kabari kamwe mu mugi wa London aho bivugwa ko banararanye.
Umuraperi Drake umaze iminsi asiragira mu rukundo nyuma yo gutandukana na Jennifer Lopez,yamaze kwishumbusha Umwongereza witwa Lateysha Grace yahuye nawe ubwo yari mu...