Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) byahagaritse u Burusiya mu marushanwa mpuzamahanga yose.
Ni nyuma y’uko u Burusiya bushoje...
Umusenateri wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lindsey Graham, yaburiye Abarusiya avuga ko niba bashaka ko mu gihe kiri imbere batazabaho mu muhezo, bakwiriye kwikiza Putin hakiri...
Muri iki gihe,ikipe ya FC Barcelona irimo gushakisha uburyo bwo kugarura Lionel Messi mu mpeshyi itaha imukuye muri PSG bitagenze neza.
Blaugrana yizera ko ifite ubushobozi bwo kugarura uyu...
Ikipe ya Borussia Dortmund ifite ubwoba ko rutahizamu Erling Haaland azerekeza muri Manchester City muri iyi mpeshyi.
Iyi kipe y’igihangange mu Budage yari yizeye kumvisha uyu musore ukiri muto...
Umukino wa VFL BOCHUM na Borussia Monchengladbach wahagaritswe nyuma y’aho umusifuzi wo ku ruhande akubiswe icupa ry’inzoga mu mutwe n’abafana.
Gladbach yari iyoboye n’ibitego 2-0 ubwo uyu mukino...
Ikipe ya FC Barcelona ya Xavi yacecekesheje Santiago Bernabeu inyagira ibitego bine Real Madrid mu mukino wa mbere wa El Clasico wa mbere muri shampiyona.
Uko ibitego byagiye byisukiranya...
Ibintu bikomeje kuzamba muri Paris Saint-Germain kuko bivugwa ko abakinnyi bamwe na bamwe bakomeje kugenda barakazwa n’umwuka mubi uri mu ikipe by’umwihariko amacakubiri bivugwa ko ari mu...
Ikipe ya Manchester City irateganya gusinyisha umukinnyi wo hagati mushya nyuma yo kurangiza ikibazo cya rutahizamu Haaland yifuza cyane kugira ngo ayifashe.
Amakuru aravuga ko Pep Guardiola...
Rutahizamu Robert Lewandowski yabwiye Bayern ko atazongera amasezerano kuko ashaka kwerekeza mu ikipe ya FC Barcelona.
Uyu munya Polonye arashaka kwimukira muri iyi kipe y’igihangange ya Espagne...
Umutoza Jurgen Klopp yizeye ko Sadio Mane ashobora kuba umucunguzi ukomeye wa Liverpool ku mukino wa nyuma wa Champions League - ariko akerekana ko ushobora kuba umukino we wa nyuma muri iyi...
Rutahizamu w’Umufaransa ukinira Paris Saint-Germain, Kylian Mbappe yagizwe umukinnyi w’umupira w’amaguru uhenze kurusha abandi bose ku isi mu bushakashatsi bwakozwe na CIES Football Observatory....
Nyuma yo kumuha ibyishimo bisendereye, umufana wa Liverpool yishushanyijeho Klopp ku kuguru ndetse kuri uyu wa Gatatu uyu mutoza yasinye kuri iyo shusho ye uyu mufana yishyizeho.
Jurgen Klopp...
Myugariro w’Umudage Nico Schulz arashinjwa gutera imigeri mu nda uwahoze ari umukunzi we ubwo yari atwite.
Schulz, ufite imyaka 29, ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso mu ikipe yo muri Bundesliga,...
Ikinyamakuru France Football cyatangaje abakinnyi 30 bahatanira Ballon d’or mu mwaka wa 22 mu bagabo,abagore,abatoza n’abana, aho umukinnyi mwiza ku isi agomba gutangazwa mu birori bizaba mu...
Ikipe ya Chelsea na Manchester United ngo zihanganiye bikomeye uwahoze ari rutahizamu wa Arsenal w’imyaka 33 kugira aze kuzishakira ibitego
Uyu rutahizamu wa Barcelona yitwaye neza mu mezi make...
Ikipe ya Chelsea yafunze isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi iguze abakinnyi babiri barimo Pierre Emerick-Aubameyang yakuye muri FC Barcelona na Dennis Zakaria yakuye muri Juventus.
Uyu...
Umukino wo mu matsinda ya Europa League wagombaga guhuza Arsenal na PSV wahagaritswe kubera ikibazo cy’abapolisi bazaba babaye bake kubera ishyingurwa ry’umwamikazi.
Mu mpera z’icyumweru gishize,...
Ikipe ya Real Madrid iri mu rukundo n’abakinnyi bakiri bato irahabwa amahirwe menshi yo gusinyisha umukinnyi wa Borussia Dortmund, Jude Bellingham wifuzwa n’amakipe menshi.
Amakuru aravuga ko uyu...
Biravugwa ko ikipe ya Chelsea ishaka gusinyisha abakinnyi 3 barimo Jude Bellingham, Declan Rice na Christopher Nkunku mu rwego rwo gufasha Todd Boehly kuzama impinduramatwara kuri Stamford...
Rutahizamu Erling Haaland yahishuriye Manchester United ko hari igihe ageramo kumuhagarika ntibibe byoroshye.
Uyu Rutahizamu wa Manchester City yatangiye kwandika amateka mu Bwongereza,kuko...
Kylian Mbappe yaje ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa Forbes rw’abakinyi binjije amafaranga menshi,aba umukinnyi wa mbere utari Lionel Messi cyangwa Cristiano Ronaldo ubaye uwa mbere kuri urwo...