Kuri uyu wa Kane taliki ya 26 Kanama 2021, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje abarwayi bashya 570 b’icyorezo cya COVID-19 batumye umubare w’abamaze gutahurwaho icyo cyorezo kuva cyagera mu Rwanda ugera...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 5 Nzeri 2021, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 7 bahitanwe na Covid-19 mu Rwanda bituma abamaze guhitanwa n’iki cyorezo baba 1,124.Abapfuye n’abagore 3...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri, COVID-19 yahitanye y’abagore 4 n’umugabo 1 bagejeje abamaze gupfa ku 1,180 mu Rwanda.
Abarwayi bashya babonetse babaye 488 bangana na 3.7%...
Inama ya Komite Nyobozi ya FERWAFA yateranye kuri uyu wa gatanu tariki ya 22 Ukwakira 2021 mu cyumba cy’inama cya FERWAFA yafashe umwanzuro ko Shampiyona y’Ikiciro cya kabiri 2021 izakinwa mu...
Perezida Kagame yabwiye abayobozi bo mu nzego z’ibanze baherutse gutorwa ko bafite inshingano iremereye yo guhagararira abandi, bityo ko bagomba kwibuka ko ibyo bakora byose byitirirwa bo ubwabo...
Umuraperi Uwimana Francis uzwi ku izina rya Fireman yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Kabera Charlotte yari amaze umwaka urenga yarambitse impeta nyuma yo kwemeranya kurushinga.
Uyu...
Ikipe yigihugu ya Eritrea ntizitabira Tour du Rwanda 2022 kuko idashobora kuzuza ibisabwa n’inzego z’ubuzima byasabwe n’abategura iri rushanwa.
Bimwe mu bisabwa ngo witabire Tour du Rwanda 2022 ni...
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Bukuru Christophe w’imyaka 25 y’amavuko, yasubiye mu ikipe yahozemo ya Rayon Sports yaherukaga kuvamo yerekeza muri APR FC muri 2019.
Bukuru wari udafite ikipe...
Irushanwa ry’amagare ryahuje abana b’abahungu n’abakobwa bari hagati y’imyaka 12 na 16 kuri Stade Amahoro i Remera ku Cyumweru, tariki ya 30 Mutarama 2022, mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari,...
Imvura nyinshi yaguye mu mudugudu wa Gitaba,akagari ka Giko mu murenge wa Bushoki ho mu karere ka Rulindo yasenye inzu ya Iyakaremye Jean de Dieu w’imyaka 52,birangira ahasize ubuzima
Amakuru...
Tugiye kukugezaho ibyihariye ku muhanzi w’icyamamare mu muziki nyarwanda Itahiwacu Bruce [Bruce Melodie] watunguwe na Eddy Kenzo ndetse na Producer Madebeats mbere y’uko yizihiza isabukuru ye...
Minisitiri w’Intebe,Dr.Edouard Ngirente,yatangaje ko Leta y’u Rwanda izi ikibazo cy’ubucucike buri mu magereza yo mu Rwanda ndetse bakiganiriyeho hari n’ingamba cyafatiwe.
Mu kiganiro Minisitiri...
Miss Queen Kalimpinya wabaye Igisonga cya 3 muri Miss Rwanda 2017, yaje ku isonga mu bakobwa n’abagore (Best Female) mu isiganwa ry’imodoka rya "Sprint Rally All Star 2022” ndetse anegukana umwanya...
Icyegeranyo cya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika cyasohotse kuri uyu wa 13 mata 2022, cyashimye intambwe u Rwanda rwateye mu kurwanya Ruswa no gukurikirana abo biba byagaragaye ko...
Igihembe cya gatatu cy’uyu mwaka w’amashuri abanza,ayisumbuye na TVET kiratangira kuri uyu wa 18 mata 2022, biteganijwe ko kizarangira kuya 15 Nyakanga...
Abanyekongo batuye I Goma batangaje ko uyu munsi bateganya gukora indi myigaragambyo iraba ari rurangiza aho biyemeje gutwika ibicuruzwa bikorerwa mu Rwanda.
Mu iibaruwa bandikiye umuyobozi wa...
Mu ijambo Perezida Felix Tshisekedi yagejeje ku banyekongo ku munsi wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 62 y’ubwigenge bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, tariki ya 30 Kamena 2022,yemeje ko batifuza...