Ikipe y’Igihugu Amavubi izakinira na Senegal i Dakar muri Senegal mu mukino wa kabiri w’ijonjora ryo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika kizabera muri Cote d’Ivoire umwaka utaha.
Nubwo...
Umunyarwandakazi wamamaye nka Cherrie Silver kubera ubuhanga yagiye agaragaza mu kubyina yatangaje ko yageze mu Rwanda aho ari umwe mu bazitabira inama ya...
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo irasaba Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson gukoresha inama itangira i Kigali ku wa mbere y’umuryango wa Commonwealth (CHOGM 2022) nk’uburyo bwo...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen. Jean Bosco Kazura yari mu Bagaba Bakuru b’Ingabo zo mu bihugu birindwi bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba bateguye umushinga w’Ingabo za EAC...
Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya yavuze ko iki Gihugu kiteguye gufatira u Rwanda ingamba zikarishye zirimo no kwirukana Ambasaderi warwo,Vincent...
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Kambogo Ildephonse yatangaje ko akomeje kugirana ibiganiro na mugenzi we uyobora Umujyi wa Goma, Kabeya François Makosa mu gushaka uko haba umwuka mwiza hagati y’utu...
Ambasaderi wa Mozambique mu Rwanda, Amade Miquidade, yapfobeje ubwoba bw’uko u Rwanda rushobora kuba rurimo gukoresha abasirikare rwohereje muri Mozambique guhangana n’intagondwa, mu gusahura...
Mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na RBA kuri uyu wa Mbere tariki ya 04 Nyakanga 2022,yagarutse ku ngingo nyinshi zirimo n’ikibazo kimaze iminsi cy’ubutegetsi bwa RDC bushinja u Rwanda gufasha...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hari abantu bifuzaga ko umutekano w’u Rwanda wahungabana mu Mujyi wa Kigali ubwo u Rwanda rwakiraga CHOGM kuko bakekaga ko igihugu gihuze ariko ntibabashe...
Mu kiganiro yahaye RBA kuri uyu wa 4 Nyakanga 2022, Perezida Kagame yakomoje ku birimo kuba muri DR Congo avuga ko icyiza iyo kitaje, ahora yiteguye ikibi...
Ministeri y’ubucuruzi n’Inganda n’iya siporo mu Rwanda zamenyesheje ibigo bikora ibikorwa byo guteega ku mikino y’imbere mu gihugu ko biba bihagaze mu gihe hakiri kurebwa ko hari aho byaba bifitanye...
Raporo yakozwe n’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ubukungu (WEF) yashyize u Rwanda ku mwanya wa gatandatu ku Isi n’uwa mbere muri Afurika yo Munsi y’Ubutayu bwa Sahara mu bihugu byashyize imbere ihame...
Inteko ishingamategeko ya Amerika, umutwe w’abadepite, yemeje umwanzuro wo gusaba leta y’u Rwanda ‘kurekura aka kanya’ Paul Rusesabagina ku ‘impamvu za ubumuntu’.
Mu nama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bihuriye mu Muryango w’Ubukungu w’Akarere ka Afurika yo Hagati, Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo yavuze ko yifuza ko umubano w’Igihugu cye n’u...
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda-DGPR) rivuga ko abashinzwe umutekano w’u Rwanda bakwiriye guhagarika kurasa abagizi ba nabi mu cyico ahubwo...
Guverinoma y’u Rwanda binyuze muri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yandikiye ubutumwa bushimira Nyakubahwa William Ruto watowe nka Perezida mushya wa Repubulika ya Kenya.
Mu butumwa...
Mu nama rusange y’Umuryango w’Abibumbye(ONU/UN) Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yavuze ko ‘umukino wo gushinjanya udakemura ibibazo’ ubwo yasaga nk’usubiza ibyavuzwe mbere na mugenzi we wa DR Congo....
Berthold Kobby Winkler Ackon ukomoka muri Ghana wamamaye nka Wode Maya uri mu ba YouTubers bakomeye ku Isi, wigeze kugaragara yerekana isuku y’Umujyi wa Kigali ari kurira ku muhanda, yahishuye ko...
Umwongereza ukomeye mu mukino wa Formula 1, Lewis Hamilton,yavuze ko mu Rwanda ariho yakunze cyane mu ruzinduko aheruka kugirira mu bihugu bine by’Afurika.
Mu kiganiro na Sky Sports,uyu...
Ntabanganyimana Jean de Dieu wamamaye nka Jay Rwanda yambitse impeta y’urukundo umukunzi we mushya yasimbuje uwa mbere yari nawe yari yaramitse impeta.
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko indege y’intambara ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yavogereye ikirere cy’u Rwanda, ndetse igwa umwanya muto ku kibuga...