Perezida wa Côte d’Ivoire Alassane Ouattara n’uwo bahoze bahanganye bikomeye Laurent Gbagbo bahanye ikiganza baranahoberana mu nama yabo ya mbere kuva haba intambara mu gihugu mu myaka 10...
Ingingo ya mbere y’aya masezerano y’amahoro yagiraga iti: "Harangijwe intambara hagati ya guverinoma ya repubulika y’u Rwanda na Front Patriotique Rwandais (FPR)". Impande zombi ibyo zemeje si byo...
Amavubi yazamutse imyanya 10 ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA.Ubu u Rwanda ruri ku mwanya wa 127 ku isi, rukaba urwa 35 muri Afrika.
Mu CECAFA ruri inyuma ya Uganda (84) yatakaje imyanya 5 ,...
Myugariro Mutsinzi Ange Jimmy wari wari umaze iminsi mu igeragezwa mu gihugu cy’u Bubiligi mu ikipe yitwa Oud-Heverlee Leuven byarangiye aritsinzwe ariko yerekeza muri Portugal mu cyiciro cya...
Perezida Paul Kagame yabwiye abasaba ko Paul Rusesabagina arekurwa ko u Rwanda rufite inshingano zo kurengera ubuzima bw’abaturage barwo,ko bagomba kumenya ko ubuzima bw’Abanyarwanda bufite agaciro...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yahishuye ko atiteguye gusezera mu ikipe y’igihugu cye cya Portugal vuba aha kuko ngo "Ntabwo ari igihe cyanjye."
Kapiteni wa Portugal, ufite...
Ku wa gatanu, tariki ya 31 Ukuboza 2021,nibwo ikipe y’igihugu ya Senegal izagera mu murwa mukuru w’u Rwanda i Kigali mu myitozo yo kwitegura AFCON 2021 izabera muri Cameroon.
mu cyumweru...
Amakuru ari gucicikana mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga nuko ikipe y’igihugu ya Senegal,itakije gukorera umwiherero mu Rwanda kubera impamvu zitandukanye.
Itegeko ryemerera ushaka kwiyahura abifashijwemwo ryatangye kujya mu ngiro muri Autriche/Austria.
Kuva ejo ku wa gatandatu, abantu bafite kuva ku myaka 18 bari hafi gupfa cyangwa abafite...
Abakinnyi bakomeye mu Bwongereza barimo Sadio Mane na mugenzi we Édouard Mendy baraye bahuriye mu mukino ukomeye cyane wahuje amakipe yabo Chelsea FC na Liverpool akanganya ibitego 2-2, bahise...
Umukinnyi wo hagati wa Manchester City Kevin De Bruyne yashyize ahagaragara ikipe ye y’abakinnyi 5 irimo abakinnyi batatu bakina muri Premier League.
Mu kiganiro aherutse kugirana na Rio...
Amwe mu mafoto yashimishije abantu benshi ni aya Perezida wa Tanzania Madamu Samia Suluhu Hassan yicaranye i Bruxelles na Tundu Lissu, umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa CCM.
Tundu umaze...
Igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo cyemeje ko u Rwanda rushyigikiye inyeshyamba za M23, gifata umwanzuro wo guhagarika ingendo za Rwandair zerekeza mu gihugu cyabo.
Uyu...
Umutoza Mikel Arteta yemeje ko Arsenal igifite gahunda yo gusinyisha abandi bakinnyi benshi muri iyi mpeshyi nkuko yatangiye iri hejuru cyane muri iri soko.
Ikipe ya Gunners imaze kuzana...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri I Paris,mu Bufaransa nibwo hasojwe urubanza rwa Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa Gikongoro .
Urukiko rwamuhamije icyaha cy’ubwicanyi bwabereye mu ishuri...
Gutabarizwa (kushyingurwa) kw’Umwamikazi kwo ku wa mbere kwitezwe kuba kumwe mu guterana kwa mbere kunini cyane kw’abami n’abanyapolitiki kubayeho mu Bwongereza mu myaka ibarirwa muri za mirongo...