Akanama gashinzwe umutekano ku isi ka ONU kafashe umwanzuro wo gukuraho kumenyesha komite ishinzwe ibihano ku ugiye kugurisha cyangwa gufashisha intwaro DR Congo, n’uwo kongerera umwaka umwe...
Boris Johnson wahoze ari minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza yavuze ko Perezida w’Uburusiya Putin yamubwiye ko yamuhindura umuyonga byoroshye akoresheje Misile imwe ubwo barimo kuganira.
Boris...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yageze i Kyiv mu rugendo rwe rwa mbere akoreye muri Ukraine kuva Uburusiya buteye icyo gihugu mu mezi asaga 12 ashize.
Urwo rugendo rutari...
Umukuru w’igihugu cya Uganda Yoweri Museveni yaganiriye ku ncuro ye yambere na mugenzi we wa Ukraine Perezida Volodymyr Zelensky nkuko byatangajwe na Perezidansi y’icyo gihugu cya...
Abanyafilipine umunani batewe imisumari bari ku musaraba kugira ngo bigane ububabare bwa Yesu Kristo,Kuwa Gatanu mutagatifu bitegura Pasika
Uyu muco wo ku wa gatanu mutagatifu ukurura ibihumbi...
Perezida w’Ubushinwa yaherukaga ku mugabane wa Africa mu myaka itanu ishize, yageze muri Africa y’Epfo aho yitabiriye inama y’ibihugu bikataje mu iterambere byishyize hamwe mu itsinda ryitwa...
Itangazamakuru ryo mu Burengerazuba bw’Isi ryavuze ko Perezida wa Koreya ya ruguru Jim Jong Un yafashe gari ya moshi imujyanye mu Burusiya kuganira na mugenzi we Vladmin...
Perezida Putin yatsinze amatora yo ku cyumweru mu Burusiya, ku bwiganze bw’amajwi 87%, urebye nta gushidikanya kwari kuriho ko azatsindira manda ya gatanu.
Umusore Cristiano Ronaldo yaraye afashije ikipe ya Portugal kugera mu mikino ya kimwe cya Kabiri cya FIFA Confederations cup nyuma y’aho bayinyagiye ibitego 4-0 aho yatangaje ko biteguye gutwara...
Nkuko byatangajwe ni umutoza w’ikipe y’igihugu ya Chile Juan Antonio Pizzi, kizigenza w’iyi kipe Alexis Sanchez n’umunyezamu wabo wa mbere Claudio Bravo bashobora kutagaragara ku mukino wo kuri iki...
Igihugu cya Australia ni kimwe mu bihugu byiza kandi bifite ubuzima bwiza muri rusange ndetse kikanaza ku mwanya wa 6 Nyuma y’Uburusiya, Canada, Ubushinwa, USA ndetse na Brazil. Iki gihugu...
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko yiteguye guhura na Perezida wa Koreya ya Ruguru bakagira byinshi baganira.
Ibi abitangaje nyuma y’ aho mu minsi ishize...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yageze i Gandhinagar mu gihugu cy’ u Buhinde kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2017 aho agiye kwitabira inama ya munani yitwa Vibrant Gujarat Global Summit...
Igihugu cy’Uburusiya ni kimwe mu bihugu bya mbere bikomeye ku isi kandi binatinyitse kuko ari kimwe mu bihugu bivuga rikijyana mu muryango wabibumbye (UN) aho kibarizwa mu bihugu bya mbere bikize...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama yatangaje ko yari yasabye Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin guhagarika ibikorwa byo kwinjirira amabanga ya Amerika ubwo baganiraga ku...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yemeje ko guverinoma ya Kenya igiye gutekereza uburyo bwo guhagarika amasezerano ifitanye n’ urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC.
Ibi Perezida Kenyatta...
Turi tariki ya 07 Nyakanga ni umunsi 188 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 177 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki abantu bane bacuze umugambi wo kwica Perezida wa Leta...