Umwe mu bakinnyi b’Abongereza bahagaze neza cyane mu mupira w’amaguru agiye kongera amasezerano mashya mu ikipe ya Arsenal yazamukiyemo.
Ibinyamakuru byo muri iki gihugu birimo The Sun biravuga...
Umunya Chile,Alexis Sanchez yahishuye ko umutoza Jose Mourinho yashoboye kumuhindura ibitekerezo akanga kwerekeza muri Manchester City agahitamo Manchester United nyuma yo kumusezeranya ko...
Ikipe ya Real Madrid ikomeje gukurikiranira hafi rutahizamu wa Tottenham Hotspurs,Umwongereza Harry Kane w’imyaka 29, mu gihe amasezerano afitanye n’iyi kipe azarangira mu 2024.
Iyi kipe ikomeye...
Abafana b’abanyarusaku ba Paris Saint-Germain ulbatangaje ko bari gutegura imyigaragambyo yo kwamagana kizigenza Lionel Messi.
Messi yananiwe kugaruka mu bihe byiza yahozemo muri FC Barcelona...
Abatoza bahoze batoza Rayon Sports barimo Jorge Paixiao na Masudi Djuma biravugwa ko bamaze kugeza ibirego muri FIFA bayishyuze akayabo nyuma yo kubirukana.
Amakuru aravuga ko aba bagabo babiri...
Ikipe ya Rayon Sports yatijwe rutahizamu Joachim Ojera wakiniraga ikipe ya Uganda Revenue Authority muri Uganda ndetse yakiniye igihugu cye muri CHAN 2020.
URA FC yo mu cyiciro cya mbere muri...
Kuwa Gatandatu,ikipe ya Arsenal yahombye umukinnyi Mykhailo Mudryk yari imaze iminsi yirukaho,waguzwe na Chelsea ku munota wa nyuma.
Mikel Arteta nabo bakorana,bari bamaze gutanga asaga...
Umunyekongo Jean Marc Makusu Mundele biravugwa ko ari mu biganiro n’ikipe ya APR FC nyuma yo kuvugana bwa mbere na Rayon Sports.
Makusu uheruka gutandukana na St Éloi Lupopo, kuri ubu ari...
Ikipe ya Chelsea yamaze gutizwa rutahizamu Joao Felix mu gihe gisigaye ngo shampiyona irangire ni nyuma yo kwishyura miliyoni 11 z’amapawundi Atletico Madrid yakiniraga.
Chelsea yatsinze Arsenal...
Amakuru aravuga ko ikipe ya Manchester United yaba ishaka gutira rutahizamu wa Burnley,Umuholandi Wout Weghorst.
Uyu mugabo w’imyaka 30,watijwe mu ikipe ya Besiktas yo muri Turkia n’umwe mu...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo,yaraye yerekanwe ku mugaragaro nk’umukinnyi mushya wa Al Nassr iheruka kumuzana ku buntu.
Ronaldo yemeye kwerekeza muri iki gihugu nyuma yo...
Ikipe ya AL-NASSR bivugwa ko iri hafi gusinyisha Cristiano Ronaldo muri uku kwezi kwa mbere yiteguye kandi kumuhuza n’inshuti ye bakinannye Sergio Ramos.
Uyu mukinnyi w’imyaka 37 arashaka...
Kuri uyu wa kabiri,Rutahizamu w’Ubufaransa Kylian Mbappé wujuje imyaka 24 ashobora gutangaza mu kanya kari imbere ko azava muri PSG uyu mwaka w’imikino urangiye,kubera ko iyi kipe ngo itamufashije...
Inzozi za Cristiano Ronaldo zo gutwara igikombe cy’isi zaraye zirangiye,nyuma y’uko Portugal isezerewe muri 1/4 cy’igikombe cy’isi na Maroc itahabwaga amahirwe.
Uyu kizigenza yabanje ku ntebe...
Umunyabigwi Cristiano Ronaldo ari mu nzira zo kwerekeza mu ikipe ya Al-Nassr yo muri Saudi Arabia yiteguye kumuhemba miliyoni 200 z’amayero ku mwaka harimo umushahara,kwamamaza n’uduhimbazamusyi....
Amakuru aravuga ko Cristiano Ronaldo yahawe umushahara wa miliyoni 1.2 z’ama pound ku cyumweru kugira ngo ajye gukinira ikipe yo muri Saudi Arabia nyuma yo gutandukana na Manchester United....
Ikipe ya Manchester United irakataje ishaka umusimbura wa Cristiano Ronaldo aho yongereye imbaraga ishaka gusinyisha Umufaransa Kylian Mbappé ukinira PSG.
Uyu mukinnyi uhembwa amafaranga menshi...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ashobora gufatirwa ibihano birimo gucibwa umushahara w’ibyumweru 2 ungana na miliyoni imwe y’amapawundi kubera ibyo yatangaje kuri Manchester United mu kiganiro...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda,CP John Bosco Kabera yagarutse ku mvugo za rumwe mu rubyiruko zitiza umurindi imico mibi ndetse asaba abanyarwanda kuzireka.
Afande Kabera yavuze ko imvugo nka nta...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yagarutse mu myitozo mu ikipe ya mbere, nyuma y’iminsi 5 yitoza wenyine nk’igihano yahawe n’umutoza we Erik Ten Hag nyuma yo kwanga kujya mu kibuga, akagenda umukino wa...
Umunyana Shanitah wegukanye ikamba rya Miss East Africa mu ijoro ryo ku wa 25 ukuboza 2021 ariko kuva icyo gihe akaba atarahabwa bimwe mu bihembo yemerewe birimo imodoka yo mu bwoko bwa Nissan...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yiteguye kongera gusubira mu butaliyani - nyuma yo kwirengagizwa n’amakipe menshi yo muri Premier League.
Ikinyamakuru SunSport kiravuga ko Napoli ikomeje kwifuza...