Ikipe ya Tottenham yiyemeje kugora Manchester United ishaka kizigenza wayo Harry Kane mu mpeshyi nkuko ibinyamakuru by’i Burayi bibitangaza.
Ikinyamakuru The Sun cyatangaje mu kwezi gushize ko...
Hotel umunyabigwi Christiano Ronaldo arimo kubaka mu Bufaransa byatangajwe ko iuzura mu mwaka wa 2027 mu gihe yatangiye kubakwa biteganyijwe ko izuzura mu mwaka wa...
Umunya Argentina,Mauricio Pochettinonari hafi kumvikana na Chelsea kugira ngo imuhe akazi muri iki cyumweru ko kuyitoza.
Uyu mugabo wahoze muri Tottenham yizeje aba bayobozi ko yazahura...
Ku nkombe z’umugezi wa Rusizi muri Komini ya Buganda mu Ntara ya Cibitoke mu Burundi, hafi y’umupaka uhuza iki Gihugu na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hakomeje kuboneka imirambo...
Alain Mukuralinda umuvugizi wungirije wa leta kuwa gatatu yabwiye BBC Gahuzamiryango ko abo bamwe ari abakozi b’Umuryango w’Abibumbye, abandi ari abikorera ku giti cyabo hamwe...
Abashinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu mu Burundi bo mu ishyirahamwe CNIDH, bavuga ko Generali Alain Guillaume Bunyoni basanze ameze neza kandi ko ntawamukozeho.
Nyuma y’ifatwa rye havuzwe...
Mu kiganiro yagiranye na TV5 Monde Afrique, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe akaba n’umukandida mu matora ya Perezida muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), Adolphe Muzito, yatangaje ashize...
Ikipe ya Manchester City iracyafite imbaraga zo guhatanira igikombe cya Premier League, Champions League na FA Cup kandi Wayne Rooney yavuze umukinnyi wayo akwiye na Ballon d’or,
Umunyabigwi wa...
Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda ndetse no hanze yarwo Bruce Mulodie ari mu gahinda ko kubura Nyirakuru witabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 rishyira ku wa 24 Mata...
Umuhanzi mu njyana ya Rap wamenyekanye nka Papa Cyangwe yahishuye ingaruka yahuye nazo nyuma yo gutandukana na ocky Entertainment yamufashaga mu bikorwa bye bya Muzika anavuga uko byamuhaye...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze abayobozi batanu bo mu Karere ka Nyanza na Gisagara bishingiye ku bimenyetso byabonetse bifitanye isano n’ibyaha byakozwe mu itangwa ry’amasoko muri...
Polisi ya Kenya imaze gutaburura imirambo y’abantu 47 hafi y’umujyi wa Malindi ku nyanja iburasirazuba, mu gihe hakomeje iperereza ku mukuru w’idini ushinjwa gukangurira aba bantu kutarya kugeza...
Kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 22 Mata 2023, ibikorwa byo gushakisha abantu batandatu bagwiriwe n’ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Huye byakomeje.
RBA...
Amakuru aturuka i Burundi, avuga ko Gen Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe, wari umaze iminsi ashakishwa, yaba yafashwe.
Muri iki cyumweru nibwo inkuru zo gushakisha...
Hifashishijwe amatara, mu masaha y’ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu,mu Murenge wa Kinazi mu karere ka Huye hakomeje igikorwa cyo gushakisha abantu 6 baguye mu kirombe cy’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro...
Umunyamategeko Prof. Nouf bin Ahmed yasabiye Cristiano Ronaldo kwirukanwa ku butaka bwa Arabie Saoudite, nyuma yo gukora ibiteye isoni, bizira muri iki...
Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Muhire Henry Brulart, yasezeye ku mirimo ye, asimburwa by’agateganyo na Bwana Jules KARANGWA.
KARANGWA Jules yatowe na komite ya Ferwafa yari isigaye...
Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Muhire Henry Brulart, yasezeye ku mirimo ye nyuma y’umunsi umwe Nizeyimana Olivier wari Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda...
Umukino w’ishiraniro ugomba guhuza Police FC yakira APR FC kuwa Gatandatu tariki 22 Mata 2023 uzakinirwa kuri Kigali Pelé Stadium guhera saa cyenda zuzuye aho kuba aho wari kuzabera ku kibuga cya...
Nyina wa Achraf Hakimi yatangaje ko atari azi ko umuhungu we yamwanditseho imitungo ye, ni nyuma y’uko umugore w’uyu mukinnyi yagiye mu rukiko gusaba kugabana imitungo n’umugabo we ariko akabwirwa...
Aubrey Drake Graham, umuraperi uri mu ba mbere bakunzwe ku Isi ari mu mazi abira nyuma yo kuregwa Umuhanzi Obrafour wo mu gihugu cya Ghana amushinja ku mushishura indirimbo ntaruhushya ....