Kuri uyu wa Kane Taliki ya 04 Ukwakira 2018,nibwo urukiko rwa gisirikare rwa Nyarugenge rwaburanishije ku ifungwa n’ ifungurwa by’agateganyo Sergeant Butare Jean Bosco ukurikiranyweho kwica arashe...
Umugabo uturuka mu Misiri wari mu gihugu cya Saudi Arabia yatawe muri yombi bitewe na Video yasakaye ahantu hose imugaragaza ari gusangira icyayi n’umukobwa.
Umunyamakurukazi ukomeye muri USA witwa Farrah Abraham yakoze agashya yifotoza yambaye ubusa buri buri akwirakwira hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru...
Abaturage bo mu Murenge wa Mamba wo mu karere ka Gisagara ntibagize amahirwe yo kugezwaho imigabo n’ imigambi n’ abakandida depite barenze babiri, gusa ngo ntacyo bibatwaye. Meya wa Gisagara yavuze...
Umugabo ukomoka muri Amerika mu mujyi wa Washington witwa Richard Delp w’imyaka 35,yafashwe n’umugore ari gusambanya agasimba kameze nk’ipusi kazwi nka Beaver kari...
Umugabo w’ umuvuzi w’ amatungo wo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere yatawe muri yombi nyuma yo kugaragara mu mashusho yafashwe na kamera zicunga umutekano arimo...
Umugore w’imyaka 28 witwa Kelsey McCarter ukomoka muri Amerika yafatiwe mu cyuho n’umugabo we ari gusambana n’umwana w’imyaka 14 atoza mu ikipe y’ikigo cy’amashuli.
Ibi byabereye mu gihugu cy’Ubuhindi mu gace kitwa Marahashtra, aho umugabo umwe utatangajwe amazina n’itangazamakuru ku mpamvu z’umutekano we yishe urusamagwe akayirya nyuma yo kuyihiga igihe kinini...
Nyuma y’uko ubuyobozi bw’idini ya Islam bunenze bamwe mu bayoboke bayo bagurishije inyama ku bakene ku munsi mukuru w’igitambo (Iddil Adha),Nyamirambo ,Onatracom mu mujyi wa Kigali abasaga 10...
Hari abasore bamwe bajya mu rukundo icyo bagamije ari ukwikorera imibonano mpuzabitsina nta rukundo rubarangwaho ugasanga ntibakozwa ibyo gushinga urugo.
Imvururu zavutse nyuma y’umukino w’umunsi wa 22 wa shampioya wahuje Etincelles FC na Musanze FC kuri stade Ubworoherane,zatumye bamwe mu bafana bakubita umupolisi ndetse batatu muri bo batawe muri...
Umukinnyi ukomoka mu Burundi Saido Berahino wa Stoke City, yongeye kugaruka mu bitangazamakuru avugwaho ubusambanyi,aho yibasiriwe n’umugore ufate abana 3 yasambanyije akamwirukana mu gicuku...
Umutoza w’ikipe ya Musanze FC Habimana Sosthene yeguye ku mirimo yo gutoza iyi kipe kubera umusaruro mubi watumye abafana bayo bashaka kumugirira nabi nyuma yo kunganya na Gicumbi FC 0-0.
Uyu...
Ikipe ya Musanze FC yamaze kwirukana abakinnyi 4 ibahora kudatanga umusaruro aho baje biyongera kuri Babu Idi wiyirukanye avuga ko atakongera gukinira iyi kipe kubera ikoresha amarozi.
Nyuma...
Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda akaba n’ umuvugizi wa guverinoma Louise Mushikiwabo, yatangaje ko Dr.Raymond Dusabe azahabwa ubutabera kandi ko nta sano urupfu rwe rufitanye na...
Umugabo w’imyaka 32 ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) mu Murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare, nyuma yo gukekwaho gusambanya abana 11 barimo 10 b’abahungu n’umukobwa...
Umugabo w’imyaka 82 wahoze ari umusirikare wa Amerika ubu wakoraga nka ‘cashier’ mu iguriro rya Walmart yabashije kujya mu kiruhuko cy’izabukuru nyuma y’igikorwa cy’ubugiraneza.
Warren Marion w’i...
Umuhanzi Jose Chameleons uri mu bakunzwe muri Uganda ndetse no muri Africa muri rusange arasabwa gusaba imbabazi umumotari aheritse gukubita kugira ngo igitaramo cye kigende...
Mu Kagari ka Cyabagarura, Umurenge wa Musanze mu Karere ka Musanze, umugabo yahuye n’abagizi ba nabi bitwaje imihoro baramutema, apfa akimara kugezwa kwa...
Umugore w’imyaka 26 wo mu Kagari ka Nyarubuye, Umurenge wa Rwaza Akarere ka Musanze, yagejejwe mu bitaro bya Ruhengeri ari muri koma, nyuma yo kunywa umuti batera mu myaka witwa Rocket, ubwo...