Kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Mata imibare y’abandura coronavirus muri Leta zunze ubumwe za Amerika yazamutse irenga miliyoni mu gihugu cyosebangana na kimwe cya gatatu cy’abanduye ku isi yose...
Rutahizamu w’ikipe ya Manchester City,Raheem Sterling yavuze ko mbere y’uko asezera ku mupira w’amaguru yifuza nibura gutunga umupira wa Lionel Messi kizigenza wa FC...
Umuhanzikazi Tiwa Savage ukunzwe na benshi muri Afurika ndetse no ku yindi migabane,uvuga ko azi guteka neza, yakanguriye abasore bakwifuza kumugira umugore kubikora ubu kuko ngo igiciro...
Umukobwa witwa Sharon ukomoka muri Nigeria ariko akaba atuye i Londres mu Bwongereza, yaroze nyina umubyara ashaka kumwikiza ngo abone uko azajya aryamana na Se umubyara nta we...
Rutahizamu wa Mbere ku isi,Lionel Messi yatangaje ko ubwo yari atarubaka izina mu ikipe ya FC Barcelona ngo yatunguwe cyane no guhurira mu rwambariro na Thierry Henry waje muri iyi kipe amaze...
Muri Leta zunze ubumwe za Amerika coronavirus yishe abantu 1,736 mu gihe cy’umunsi umwe gusa w’ejo kuwa kabiri, nibo benshi iyi ndwara yishe mu gihugu kimwe ku munsi kugeza...
Umwamikazi Elizabeth II yaraye agejeje ku baturage bose ijambo rigamije kubahumuriza no gukomeza gufata mu mugongo ababuze ababo kubera icyorezo cya Coronavirus, ijambo ritishimiwe na bamwe mu...
Mu Bwongereza no mu bindi bihugu bitandukanye byo ku isi abantu bose bategetswe kuguma mu ngo zabo no kwirinda gutegura ibirori bibahuza n’abandi bantu bo hanze mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira...
Umukinnyi wa mbere ku isi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi yatangaje ko mu bakinnyi bato bari kuzamuka neza mu Bwongereza abona umusore ukiri muto wa Chelsea witwa Mason Mount ashobora kuzayobora...
U Rwanda rumaze kugira abantu 50 bamaze kwandura coronavirus mu gihugu aho 88% muri bo baje bavuye mu mahanga, 21 muri abo 50 binjiye mu Rwanda bavuye i Dubai, 17 muri aba 21 babonetse mu minsi...
Perezida wa Leta zuzne ubumwe za Amerika Donald Trump yahagaritse inama yagombaga kuzahuza ibihugu 7 by’ ibihangange ku Isi (G7), ikabera ku kigo kitiriwe David kitwa (Camp David) nk’uko ibiro bya...
Perezida Uhuru Kenyatta yasabye abaturage ba Kenya gushaka umwanya kuwa gatandatu bagasengera icyorezo cya coronavirus ngo kirangire.Uhuru Kenyatta yavuze ko kuwa Gatandatu taliki ya 21 Werurwe...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yatangaje amabwiriza mashya ku ngendo hagati ya Amerika n’uburayi mu rwego rwo kurwanya icyorezo cya coronavirus.
Mu ijambo ryaciye kuri...
Umuhanzi ukomeye mu Burundi no mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Lolilo, yamaze gutangaza ko yatandukanye n’umukunzi we wa kane witwa Loliane bari bamaze imyaka...
Mu gihe kitarenze ibyumweru bibiri, Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo yasuwe n’intumwa eshatu, izo zose zigera no kuri Joseph Kabila wabaye umukuru w’iki gihugu, bivugwa ko zasabye kureka...
Taliki 17/2/2020 nibwo Kizito Mihigo byavuzwe ko yiyahuriye muri kasho ya Polisi I Remera, uru rupfu ruba iherezo ry’ibibazo by’imanza, igifungo no guhangayika yari amazemo imyaka 6 nyuma yo...
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cyitwa Free Super Tips ku makipe yose yo mu Bwongereza bwagaragaje ko ikipe ya Liverpool iri ku isonga mu kugira abafana bakurura abandi kurusha andi...
Igitaramo ‘Ikirenga mu Bahanzi’ ni igitaramo gishingiye ku guteza imbere umuco biciye ku bahanzi, aho hazashimirwa umuhanzi wamamaje umuco nyarwanda mu Rwanda ndetse no mu mahanga, kizajya kiba...
Umunya Portugal,Bruno Fernandes uherutse kwerekeza muri Manchester United ndetse agahita ayikinira umukino wa mbere bahura na Wolves,yatangaje ko yatunguwe cyane n’umuvuduko n’imbaraga shampiyona...
Abakobwa bo mu idini rya Islam mu Bwongereza ngo bafite impungenge nyinshi nyuma yaho hatangajwe ko hashobora gukurwaho uburyo bari bafite bwo kujya kwibagisha ku batakaje ubusugi...