Umunyapolitike ukomeye muri Kenya,Raila Odinga,uhabwa amahirwe menshi yo kuzaba Perezida w’iki gihugu mu matora ateganyijwe, yasangije ifoto ye abamukurikira kuri Twitter,ari mu byishimo bikomeye...
Umunyabigwi Cristiano Ronaldo aherutse kuva mu ikipe ya Juventus igitaraganya bituma benshi bibaza impamvu yatunguranye agafata kiriya cyemezo gusa umwe mu nshuti ze icyamamare Khabib...
Umunyanideli Zari Hassan uzwi nka The Boss Lady yateye urujijo kuri bamwe bakavuga ko atwite inda ya 6. Uyu mugore w’imyaka hafi 40 y’amavuko avuga ko kuba hari abavuga ko atwite byashoboka kandi...
Umufaransa w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Arsene Wenger,yatangaje ko atiteguye kugaruka mu ikipe ya Arsenal yatoje imyaka 22 akayivamo asezeye mu buryo bwamubabaje kuko yasabwe n’abayobozi bayo...
Uwahoze ari umukinnyi wa Arsenal,Mesut Ozil,yavugishije benshi nyuma y’umukino iyi kipe yahozemo yanyagiwemo na Manchester City ibitego 5-0 ikuzuza umunsi wa 3 wikurikiranya itsindwa ndetse...
Umutoza wa Manchester City,Pep Guardiola yabwiye abanyamakuru ko mugenzi we bahoze bakorana,Mikel Arteta,ubu uri gutoza Arsenal ari umutoza ukomeye ndetse ko abo muri Arsenal nibamwizera azagera...
Abafana b’ikipe ya OGC Nice yo mu Bufaransa bakoze amahano batera amacupa menshi umukinnyi wa Olympique de Marseille witwa Dimitri Payet ubwo yari agiye gutera koloneri undi arayafata...
Ambasaderi Joseph Habineza wabaye Minisitiri wa Siporo mu Rwanda mu bihe bitandukanye,yaraye atabarutse ahitanwe n’uburwayi mu gihugu cya Kenya bitera benshi intimba cyane ko yakundaga gusabana...
Mu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona wabimburiye iyindi,ikipe ya Arsenal iri ku rwego rwo hasi cyane yatsinzwe na Brentford ibitego 2-0 imbere y’abafana bari bagarutse kuri Stade nyuma y’igihe...
Perezida wa Rayon Sports,, Uwayezu Jean Fidèle yemeje kobamaze guhamagarwa muri Ferwafa ku kirego umukinnyi wabo Nishimwe Blaise yayihaye cy’uko yanze ko basinyana amasezerano...
Ku munsi w’ejo mu masaha y’umugoroba nibwo yasahaye inkuru ivuga ko MIE ya Irene Murindahabi yari isanzwe ifasha abana bazi kuririmba Vestine na Dorcas bamaze gutandukana.
Mu gitondo cyo kuri uyu...
Bruce Melodie yasezeye kuri Juno Kizigenza na Kenny Sol yari amaze umwaka n’igice afasha mu muziki abinyujije mu cyo yise ’Igitangaza Music"bari bahuriyemo
Umuhanzi w’Umwongereza wo mu njyana ya pop Ed Sheeran avuga ko yahinduye uburyo yitwara mu buzima kuva umwana we w’umukobwa Lyra yavuka mu mwaka ushize.
Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles yashyize hanze amajwi ya bamwe mu bantu bo muri Mukura VS bavugana n’umunyezamu we Mazimpaka Andre bamusaba ko yazabaha igitego mu mukino wa...
Umunyarwenya ufite isura itanagaje isetsa benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga ukomoka mu gihugu cya Mali Grand M , ifotoye na Shaddyboo yatangaje benshi bavuga ko batari baziko abaho. Menya...
Umutoza wa Manchester United,Ole Gunner Solskjaer, yashyigikiye abakinnyi be bagaragaye bafite ibendera rya Palestine nyuma y’umukino iyi kipe yaraye inganyijemo na Fulham igitego...
Makuza Bernard wabaye Minisitiri w’Intebe ndetse na Perezida wa Sena akomeje kugaragaza urukundo akunda imikino kuko uyu munsi yashyigikiye umukino wo gusiganwa ku magare aho yagaragaye aho etape...
Kuri uyu wa gatanu ubuyobozi bw’abafana ba Chelsea FC mu Rwanda bwamuritse ibikoresho bitandukanye bahawe n’iyi kipe yo mubwongereza murwego rwo kwereka abafana bayo baba mu Rwanda ko ibazirikana...
Mu cyumweru gishize nibwo abahanzi babariri babarizwa muri Incredible Records Davis D na Kevin Kade na gafotozi Habimana Thierry batawe muri yombi bakurikiranyweho gusambanya umwana...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Werurwe 2021,nibwo habaye umuhango wo gusezera kuri Perezida Magufuli I Dodoma aho abaperezida 10 n’abandi banyacyubahiro barimo intumwa z’ibihugu zitandukanye...
Ku mugoroba w’uyu wa Gatatu tariki 24 Gashyantare 2021,nibwo umuhanzi Ali Kiba yatunguranye ashyira amafoto arindwi kuri konti ye ya Instagram akurikirwaho n’abantu barenga miliyoni 6, avuga ko...
Umukinnyi ukina hagati mu ikipe ya Arsenal, Granit Xhaka,yavuze ko abantu biyita abafana ba Arsenal bamwibasiye bikomeye ku mbuga nkoranyambaga barangije banatuka umugore we n’umwana...
Umunya Kenyakazi Alhuda Njoroge uzwi ku izina rya Huddah Monroe umaze igihe kitari gito mu gihugu cy’abarabu, yahakanye ibivugwa ko uburaya ari yo mpamvu nyamukuru yatumye akomeza kuguma i...