Umusore Moussa Camara uherutse kuva mu ikipe ya Rayon Sports akerekeza mu ikipe ya Ismaily yo mu Misiri atanzweho akayabo k’ibihumbi 50 by’amadolari kuri ubu agiye kujya ahembwa agera kuri miliyoni...
Umusore David Silva Umunya Espagne w’imyaka 31 yatangaje ko naramuka atwaye igikombe cya UEFA Champions League ari kumwe na Manchester City azahita areka umupira w’amaguru akajya gukina umupira...
Umusore Areruya Joseph uherutse gukora amateka yo kuba ariwe munyarwanda watsindiye ku mugabane w’I Burayi yatangarije ikinyamakuru Umuryango ko atazitabira shampiyona y’igihugu iteganyijwe mu...
Ruhumuriza James uzwi nka King James ku mazina y’ ubuhanzi ,ni umwe mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda bitewe n’ indirimbo ze zagiye zikundwa ziganjemo iz’urukundo hakiyongeraho n’ ibitaramo...
Rafael Nadal umenyerewe mu mukino wa Tennis ndetse akaba ari umufana ukomeye wa Real Madrid yafashije iyi kipe gusinyisha umusore Marco Asensio ubwo iyi kipe yamukuraga muri Mallorca mu mwaka...
Umusore Munezero Fiston amaze gutangaza ko yiteguye kongera amasezerano n’ikipe ya Rayon Sports nyuma y’aho aburiye amahirwe yo gukinira Simba SC yo muri Tanzania.
Ibi uyu musore ukina yugarira...
Nyuma yo gutandukana n’ikipe ya Yanga Africans umusore Haruna Niyonzima yamaze kumvikana na Simba SC yo muri Tanzania kuyikinira aho yaguzwe akayabo ka Miliyoni 72 z’amafaranga y’u Rwanda ahwanye...
Ikipe ya Rayon Sports imaze kunyagira Police ibitego 4-1 mu mukino wa kimwe cya kane wo kwishyura biyihesheje amahirwe yo gukomeza muri kimwe cya kabiri ku kinyuranyo cy’ibitego 6-1 aho igomba...
Umusore Frank Ntilikina umunyarwanda usanzwe uba mu Bufaransa ashobora kubimburira abandi banyarwanda gukina shampiyona ya Basketball ikunzwe cyane ya NBA dore ko uyu munsi taliki ya 22 Kamena...
Bwa mbere mu mateka umukinnyi ufite inkomoko mu Rwanda agiye kugaragara muri shampiyona ya Basketball yo muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika NBA ikunzwe na benshi ku isi aho azakina mu ikipe ya New...
Ikipe ya Liverpool yongeye kugura undi mukinnyi w’umunyafurika Mohamed Salah w’umunya Misiri imukuye mu ikipe ya AS Romaaho uyu musore w’umunyafurika aje ukurikiye umusore Sadio Mane baguze umwaka...
Mu karere ka Bugesera ho mu ntara y’iburasirazuba mu murenge wa Nyamata, umugabo uri mu kigero cy’imyaka 25 na 30 y’amavuko yamaze amasha hafi arindwi ari ku giti cy’imyumbati yari yagiye kwiba...
Ku nshuro ya kabiri yikurikiranya umusore Adrien Niyonshuti ukina mu ikipe ya Dimension Data ikina ku rwego rw’Isi yisubije agace ka shampiyona y’igihugu mu gusiganwa umuntu ku giti cye nyuma yo...
Umusore Cristiano Ronaldo yaraye afashije ikipe ya Portugal kugera mu mikino ya kimwe cya Kabiri cya FIFA Confederations cup nyuma y’aho bayinyagiye ibitego 4-0 aho yatangaje ko biteguye gutwara...
Mukundente, umusore ukinira Karongi Cycling Club muri Shampiyona yo gusiganwa ku magara, yakoze impanuka ikomeye ahita ajyanwa kwa muganga nyuma yo kugongana n’imodoka.
Iyi mpanuka yabereye i...
Imyaka 8 yari ishize ikipe ya Police Handball club yarigaruriye amakipe yose ya hano mu Rwanda mu mukino wa Handball gusa ibintu byahindutse aho kuri iki cyumweru taliki ya 25 kamena yihanijwe...
Nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports itsindiwe I Rusizi ibitego 2-0 na Espoir FC hari amakuru avugwa ko hari abakinnyi bayo banze gukina uyu mukino ku bushake aho bivugwa ko baba barabitewe no kuba...
Elaine ni umwe mu baramyi ba Satani waje kubohorwa na Dr Rebecca Brown, umugangakazi Imana yahamagariye kubohora abari mu minyururu ya Satani, bagenda biyongera cyane muri Leta Zunze Ubumwe...