Ntabwo ari igitangaza kumva umukinnyi runaka ari mu rukundo n’umukobwa gusa hari bamwe mu bakinnyi bagiye basubira inyuma mu mikinire yabo kubera igitsina gore aho baba ari abakinnyi bakomeye...
Kabuhariwe mu mukino wo gusiganwa ku magare Peter Sagan ukinira ikipe ya Bora Hansgrohe yo mu budage yirukanwe mu irushanwa rya Tour de France nyuma yo guteza impanuka ubwo abasiganwa...
Umunya Espagne w’imyaka 37 Alejandro Valverde ukinira ikipe ya Movistar yakoze impanuka ikomeye cyane ubwo yasiganwaga mu gace ka mbere ka Tour de France kabaga kuri uyu wa gatandatu taliki ya 01...
Umukinnyi wa Man City,Phil Foden yatowe nk’umukinnyi mwiza kurusha abandi mu Bwongereza mu mwaka w’Imikino 2023/2024 n’Ishyirahamwe ry’abanditsi b’umupira w’amaguru muri iki...
Sir Jim Ratcliffe uheruka kugura imigabane ingana na 25% muri Manchester United ngo arota guha akazi Zinedine Zidane nk’umutoza w’iyi kipe mushya mu mwaka w’imikino...
Rutahizamu Marcus Rashford ashobora gucibwa akayabo k’ibihumbi 650,000 by’amapawundi nyuma yo kudakora imyitozo bitegura umukina wa Newport County muri FA Cup avuga ko arwaye, nyuma akaza...
Abafana ba Manchester United bahawe impano ya Noheri hakiri kare nyuma y’uko Sir Jim Ratcliffe wari amaze igihe kinini ategerejwe kugura imigabane ingana na 25% abigezeho kuri iki...
Kendrick Lamar umuhanzi w’umunyamerika w’icyamamare mu njyana ya rap yakoze ‘performance’ yo ku rwego rwo hejuru mu gitaramo cya muzika muri BK Arena i Kigali aho yataramiye ibihumbi by’urubyiruko...
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Argentine na Inter Miami, Lionel Messi, yegukanye Ballon d’Or ya 8 nyuma yo gutorwa nk’umukinnyi mwiza wahize abandi muri uyu mwaka mu bihembo bya France Football...
Prezida Yoweri Museveni wa Uganda kuri uyu wa gatatu yarahiye ko ingabo za Uganda zizahiga bukware abishe abakerarugendo babiri b’abanyamahanga n’umuturage wari ubayoboye aho bari muri parike mu...
Leta ya Kenya yatangaje amazina n’amafoto y’abantu 35 bacyekwaho iterabwoba, yemeza ko ari bo bari inyuma y’ibitero by’intagondwa biheruka kubera mu karere ka Lamu gakora ku nyanja...
Umutoza Pep Guardiola yabwiye amakipe ahanganye na Man City ye mu irushanwa rya Champions League ko iyi kipe ye ntacyo irakora nyuma yo gutwara iki gikombe umwaka...
Abakinnyi ba filimi Kevin Hurt, Edris Elba n’umugore we, Danai Gurira ndetse na Winston Duke wamamaye cyane muri Black Panther, bari ku rutonde rw’abantu bazita amazina abana 23 b’ingagi mu birori...
Mugihe ku mugabane w’uburayi ndetse no ku Isi muri rusange hari kugurwa no ku gurisha abakinnyi ,hasohotse urutonde rw’abakinnyi bo hagati bahenze ku rusha abandi ku Isi.
1. Jude Bellingham...
Ikipe ya Manchester United ishobora kugurisha abakinyi bagera kuri 12 mu mpeshyi igiye kuza harimo kapiteni wayo ukina inyuma,Umwongereza Harry Maguire w’imyaka 30.
Mu bandi bavugwa ko ishobora...
Nimero ni kimwe mu bintu by’ingenzi bihabwa umukinnyi mushya mu gihe asinye mu kipe,ndetse kuri ubu asigaye ari ikintu cy’ingenzi kuko hari n’abazikoresha mu kureshya abakinnyi iyo basanzwe babaziho...