Urukundo ni kimwe mu bintu bishimisha mu buzima ariko bikanababaza mu gihe iyo urugiyemo utazi icyo ushaka.Hari ibyo umuntu akwiye kuba yujuje mbere y’uko yinjira mu rukundo mu gihe yifuza kurira...
Nishimwe Naomie wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2020 yavuze ko kwambikwa impeta y’urukundo n’umukunzi we Michael ari ibyishimo kuri we ndetse ko afite amatsiko yo gusezerana n’urukundo rw’ubuzima...
Mu rukundo haba hakwiye kubaho kwitwararika no kumenya inshingsno za buri umwe ariko na none buri wese akiga mugenzi we kuburyo hatabaho kwikubira cyangwa se kubangama kubyo mugenzi wawe adakunda...
Uko umusore yakegukana umutima w’umukobwa yakunze
Iturufu umuhungu ashobora kwitwaza agatereta umukobwa wese
Iyi ni imico ikwiye kuranga umusore wifuza urukundo ku mukobwa
Ni iki gituma...
Mu gice cya mbere cy’iyi nkuru isobanura ibintu wakora mu kugaragariza uwo mwashakanye ko umukunda nyabyo, twari twagarutse ku mbaraga z’amagambo yo gushima mu kubaka urukundo rw’abashakanye. Muri...
Uko umusore yakegukana umutima w’umukobwa yakunze
Iturufu umuhungu ashobora kwitwaza agatereta umukobwa wese
Iyi ni imico ikwiye kuranga umusore wifuza urukundo ku mukobwa
Ni iki gituma...
Iyi ni imwe mu mabaruwa y’ urukundo arimo amagambo meza nk’ uko yanditswe n’ umusaza Bob Phillips w’imyaka 87 y’amavuko ayandikiye umufasha we Gail mu gihe bari bizihije isabukuru y’imyaka 61...
Uko umusore yakegukana umutima w’umukobwa yakunze
Iturufu umuhungu ashobora kwitwaza agatereta umukobwa wese
Iyi ni imico ikwiye kuranga umusore wifuza urukundo ku mukobwa
Ni iki gituma...
Uko abakundanye bahuza ubwumvikane mu buryo batwaramo urukundo rwabo biri mu bituma barambana nta kwishishanya kuko hari abakundana benshi bagatandukana hadaciye kabiri kubera imyumvire...
Biravugwa ko Umunyana Analyssa wamamaye nka Mama Sava muri firime y’uruhererekane ya Papa Sava atakiri mu munyenga w’urukundo na Nshuti Alphonse uzwi ku izina rya...
Umuherwekazi ukomoka muri Uganda utuye muri Africa y’Epfo wamenyekanye nka Zari Hassan akaba ni umwe mu bagore babyaranye na Diamond yongeye gusimangira ko urukundo rwe na Shakib rugihamye nyuma...