Umunyarwandakazi Salima Mukansanga yashyizwe mu bagore 6 bazasifura imikino yo mu gikombe cy’isi mu mupira w’amaguru kizabera muri Qatar mu mpera z’uyu mwaka
Nta mugore n’umwe urasifura hagati mu...
Umuhanzikazi ukunzwe na benshi ku Isi ndetse akaba adasiba kugaragara mu itangazamakuru umunsi kuwundi, abinyujije muri Fenty Beauty na Fenty Skin yateguje abakunzi be bo muri Afurika ko agiye...
Miss Akaliza Amanda niwe wegukanye ikamba ry’igisonga cya mbere muri Miss Rwanda ya 2021, icyo gihe yiyamamarije mu mujyi wa Kigali aho yarahatanye 37 bavuyemo Miss Ingabire Grace wegukanye...
Ikinyamakuru Business Insider Africa cyerekanye urutonde rw’imijyi 15 yo muri Afrika igoye cyane kuyibamo kubera ko ibintu bikenewe cyane mu buzima biba bihenze.
Iyo bavuze biciro by’ubuzima baba...
Mukansanga Salima Rhadia wanditse amateka yo kuba ari we musifuzi w’umugore wo hagati wasifuye igikombe cy’Afurika cy’Abagabo (CAN) yaganirije abakobwa bazavamo Miss Rwanda 2022.
Ku wa Kabiri,...
Uwicyeza Gisagara Landrine yambitswe ikamba ry’Igisonga cya Gatatu cya Miss Golden Africa, aho we na bagenzi be bari bahanganye mu irushanwa ryari riri kubera muri...
Umunyarwanda ukinira ikipe ya Kabwe Warriors yo muri Zambia, Nizeyimana Mirafa yasezeranye mu idini ya Islam na Rosalyn Dos Santos, umunya-Portugal usanzwe ari umuganga.
Uyu muhango abayisilamu...
Umurundi John Nahimana yigisha muri za kaminuza zo muri Amerika isomo ryo kogosha imisatsi, akazi yatangiriye mu kambi y’impunzi ya Kanemba muri Tanzania akoresha umukasi.
Nahimana avuga ko...
Sadio Mané na Edouard Mendy bavuze ko Senegal yiyemeje kugabanya igitutu kiri ku mutoza Aliou Mané batwara igikombe cya Africa ku cyumweru.
Senegal, yatsindiwe ku mukino wa nyuma mu 2019, yari mu...
Jose Chameleon waryubatse mu muziki muri Afrika y’Uburasirazuba no hirya no hino ku isi muri rusange, yasabye ko niyitaba Imana yazashyingurwa mu isanduku...
Imikino ya CAN ihuza ibihugu bya Afrika kuri uyu wa gatanu yinjiye mu kiruhuko cy’iminsi ibiri, nyuma y’uko iyo mu matsinda yose irangiye ago hategerejwe igice cyo gukuranamo n’ukuvuga kimwe...
Ikipe y’igihugu ya Guinea,Syli National yihimuye ku ikipe y’Amavubi iyatsinda ibitego 2-0 mu mukino wa kabiri wa gicuti wabereye kuri Stade Amahoro i Remera kuri uyu wa Kane, tariki ya 6 Mutarama...
Abakinnyi bakomeye mu Bwongereza barimo Sadio Mane na mugenzi we Édouard Mendy baraye bahuriye mu mukino ukomeye cyane wahuje amakipe yabo Chelsea FC na Liverpool akanganya ibitego 2-2, bahise...
Kuri iki cyumweru tariki ya 02 Mutarama 2022, Amavubi yakoze imyitozo ya nyuma yo kwitegura ikipe ya Syli National ya Guinea barakina umukino wa mbere wa gicuti ubera kuri Stade Amahoro kuri uyu...
Ikipe y’igihugu ya Guinea yitwa Sylli National itozwa na Kaba Diawara, yatangiye imyitozo kuri Stade Amahoro mu rwego rwo kwitegura imikino ya AFCON 2021 izabera muri Cameroon.
Iyi kipe yuzuyemo...
Amakuru ari gucicikana mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga nuko ikipe y’igihugu ya Senegal,itakije gukorera umwiherero mu Rwanda kubera impamvu zitandukanye.
Ku wa gatanu, tariki ya 31 Ukuboza 2021,nibwo ikipe y’igihugu ya Senegal izagera mu murwa mukuru w’u Rwanda i Kigali mu myitozo yo kwitegura AFCON 2021 izabera muri Cameroon.
mu cyumweru...
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri iki Cyumweru tariki ya 28 Ugushyingo 2021, yanzuye ko ingendo z’indege hagati y’u Rwanda n’ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika zisubikwa bitewe n’ubwoko bushya bwa...