Abafana ba Atletico Madrid bamaze kugaragaza uruhande bariho ku makuru yavugaga ku kuza kwa Cristiano Ronaldo mu ikipe yabo yahemukiye bikomeye mu gihe cyose bahuye.
Uyu mukinnyi w’imyaka 37...
Umukino wa VFL BOCHUM na Borussia Monchengladbach wahagaritswe nyuma y’aho umusifuzi wo ku ruhande akubiswe icupa ry’inzoga mu mutwe n’abafana.
Gladbach yari iyoboye n’ibitego 2-0 ubwo uyu mukino...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu abakunzi b’umuziki bari baturutse mu duce dutandukanye tw’Umujyi wa Kigali berekeje ku i Rebero kuri Canal Olympia bagiye mu gitaramo cy’abahanzi nyarwanda cyari...
Abakinnyi b’Ubwongereza baraye batsinze ibitego 4-0 Hongrie ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane mu mikino yo gushako itike y’igikombe cy’isi 2022 bituma abafana b’iki gihugu gito mu mupira w’amaguru...
Abafana b’ikipe ya OGC Nice yo mu Bufaransa bakoze amahano batera amacupa menshi umukinnyi wa Olympique de Marseille witwa Dimitri Payet ubwo yari agiye gutera koloneri undi arayafata...
Amagana y’abafana ba PSG bahururiye ku kibuga cy’indege cy’I Paris kuri iki cyumweru no kuri uyu wa mbere baje kwakira kizigenza Lionel Messi ariko basubiye mu rugo amara...
Rutahizamu Mohamed Salah wa Liverpool yahangayikishije abafana b’iyi kipe ubwo yacaga amarenga ko FC Barcelona cyangwa Real Madrid zimushatse ashobora kuzerekezamo akabatera...
Umuraperi Cardi B yasabye abafana be kuzunguza ibibuno byabo bitonze bari kubyina indirimbo ye nshya yitwa “WAP”,yafatanyije na Megan Thee Stallion nyuma y’aho bamwe mu bafana be bakomeje kuvunika...
Umukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona y’Abongereza ’’Premier League’’ usize ikipe ya Arsenal yandagajwe na West Bromwich Albion iyitsinda ibitego 3-1 bishyira Arsenal ku mwanya wa gatanu, abafana...
Umutoza Masudi Djuma yatangiye guhangana n’abafana b’ikipe ya Simba SC bamaze iminsi bamushinja ko akinisha abakinnyi nabi ariko we yababwiye ko akora ibyo azi ndetse ko bakwiye kwihanganira...
Umutoza w’ikipe ya Lydia Ludic Academic Bankuwiha Emmanuel bakunze kwita Mayele yikomye amagambo y’abafana b’ikipe ya Rayon Sports bamubwiye ko ikipe ye iri hasi bazayinyagira ibitego byinshi....
Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Rayon Sports yakiriwe bidasanzwe n’abafana bayo nyuma yo kwitwara neza mu Burundi ubwo yasezereraga ikipe ya LLB iyitsinzeigitego 1-0, byatumye abakinnyi babwira aba...
Abafana ba Rayon Sports bifuzaga umutoza Didier Gomes Da Rosa batunguwe n’akayabo k’amafaranga yabaciye kugira ngo agaruke mu ikipe yabo yagiriyemo ibihe byiza mu mwaka wa 2013, bahitamo...
Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yikomeye bikomeye abafana b’ikipe ya Manchester United bavugirije induru umusore Scott McTominay w’imyaka 21, ubwo yasubizaga umupira inyuma kugira...
Mbere y’umukino ubanza wa ¼ cy’irangiza cya UEFA Champions League Liverpool yanyagiyemo Manchester City ibitego 3-0,abafana bo mu mugi wa Liverpool bafana iyi kipe bakoze igikorwa kigayitse batera...
Umufaransa Paul Pogba yashyize hanze amafoto agaragaza inyogosho nshya nyuma yo gutsinda AFC Bournmouth, maze ku ifoto imwe yandikaho ko azakomeza gukunda Manchester United n’ubwo yamukomerekeje...
Kabuhariwe Cristiano Ronaldo yatumye imitima y’abafana ba Real Madrid irara idatekanye ubwo yavugaga ko mu minsi iri imbere azatangaza ku hazaza he ndetse ari iby’igiciro kuba yarakiniye Real...
Abafana ba Iran baje hafi ya Hoteli ikipe ya Portugal icumbitsemo niko kuririmba basakuza cyane mu rwego rwo kubangamira abakinnyi ba Portugal kugira ngo badasinzira birangira Cristiano Ronaldo...
Umukinnyi Fernandinho ukina hagati mu kibuga muri Brazil, ari mu mazi abira kuko bamwe mu bafana b’ikipe y’igihugu ya Brazil bakomeje kumwandikira ubutumwa bamubwira ko bazamwica kubera ko yagize...
Umutoza wa Chelsea Maurizio Sarri yavuze ko yiteze ko mu mikino ya mbere ashobora kutitwara neza ndetse abafana badakwiriye kuzatungurwa kuko agiye akomeje kwigisha abakinnyi ibijyanye...
Kizigenza wa Liverpool Mohamed Salah yibasiriwe n’abafana kubera amashusho yafashwe n’umufana ari gukoresha telefoni ye kandi atwaye imodoka byateje umwuka mubi mu...