Ikinyamakuru LELO UK cyakoze ubushakashatsi mu bafana benshi b’amakipe yo mu Bwongereza bafite ubuhanga budasanzwe mu gutera akabariro aba Tottenham Hotspurs batsinda ku bwiganze...
Umukunzi w’umukinnyi Isco ukina muri Real Madrid witwa Sara Salamo yatutswe n’abafana be nyuma y’ifoto yashyize hanze afashe umwana we umaze iminsi mike avutse atamwambitse ingofero kandi muri...
Umukinnyi Manzi Thierry uherutse kuva muri Rayon Sports yerekeza muri APR FC,yahaye ibyishimo abafana b’iyi kipe ye nshya nyuma yo kubatsindira ikipe ya Proline FC yo muri Uganda mu mukino wa...
Myugariro mushya wa APR FC,Rugwiro Herve yatangaje ko yababajwe n’uko ikipe ya APR FC afata nka “mama” imwirukana ntimuhe n’amahirwe yo gusezera neza gusa yemeza ko umunsi wa mbere yamaze muri Rayon...
Mu gihe habura amasaha make rukambikana hagati ya Rayon Sports na Kiyovu Sports mu mukino w’abakeba, uko abakinnyi bakomeje kwitegura ni nako abafana bakomeje mu myiteguro...
Umukuru w’abafana ba Kiyovu Sports mu Rwanda,Minani Hemed yatangaje ko we n’abakunzi b’iyi kipe biteguye gushyigikira buri kipe yose izahagararira u Rwanda uretse Rayon...
Mu gihe mu cyumweru gishize ubwo hasohokaga inkuru ivuga agahinda ka Mama wa Miss Liliane Iradukunda n’urukumbuzi afitiye umukobwa we, abafana bose bari bagiye bamuhumuriza ndetse banihutira...
Rutahizamu Ousmane Dembele wa FC Barcelona yakoze agashya ku Cyumweru agera ku myitozo irangiye bituma abakinnyi bagenzi be n’abafana bagwa mu kantu kubera imyitwarire mibi y’uyu mufaransa ikomeje...
Umunya Brazil, Rafael Jonathan da Silva w’imyaka 27 uherutse kugera mu Rwanda aje gufasha Rayon Sports mu busatirizi,yakoze imyitozo ya mbere imbere y’abafana benshi bari baje...
Abafana ba Manchester United bibasiriye bikomeye rutahizamu Cristiano Ronaldo ku mbuga nkoranyambaga wabatsinze igitego yarangiza akazamura umupira akerekana inda ye ni ukuntu yakoze...
Tmc wo muri Dream Boys yatutswe n’abafana be bamukurikiranira hafi kuri instagram nyuma yo kuvuga ko anenga imbuga nkoranyambaga zatumye ubusesenguzi bw’abantu baciriritse bujya...
Umukinnyi Mesut Ozil ukina asatira mu ikipe ya Arsenal yatangiye guteza mu ikipe aho ku wa Kane w’icyumweru gishize yabeshye umutoza Emery Unai ko arwaye ndetse yifuza kuvanwa mu bakinnyi...
Kizigenza wa Liverpool Mohamed Salah yibasiriwe n’abafana kubera amashusho yafashwe n’umufana ari gukoresha telefoni ye kandi atwaye imodoka byateje umwuka mubi mu...
Umutoza wa Chelsea Maurizio Sarri yavuze ko yiteze ko mu mikino ya mbere ashobora kutitwara neza ndetse abafana badakwiriye kuzatungurwa kuko agiye akomeje kwigisha abakinnyi ibijyanye...
Umukinnyi Fernandinho ukina hagati mu kibuga muri Brazil, ari mu mazi abira kuko bamwe mu bafana b’ikipe y’igihugu ya Brazil bakomeje kumwandikira ubutumwa bamubwira ko bazamwica kubera ko yagize...
Abafana ba Iran baje hafi ya Hoteli ikipe ya Portugal icumbitsemo niko kuririmba basakuza cyane mu rwego rwo kubangamira abakinnyi ba Portugal kugira ngo badasinzira birangira Cristiano Ronaldo...
Kabuhariwe Cristiano Ronaldo yatumye imitima y’abafana ba Real Madrid irara idatekanye ubwo yavugaga ko mu minsi iri imbere azatangaza ku hazaza he ndetse ari iby’igiciro kuba yarakiniye Real...
Umufaransa Paul Pogba yashyize hanze amafoto agaragaza inyogosho nshya nyuma yo gutsinda AFC Bournmouth, maze ku ifoto imwe yandikaho ko azakomeza gukunda Manchester United n’ubwo yamukomerekeje...
Mbere y’umukino ubanza wa ¼ cy’irangiza cya UEFA Champions League Liverpool yanyagiyemo Manchester City ibitego 3-0,abafana bo mu mugi wa Liverpool bafana iyi kipe bakoze igikorwa kigayitse batera...
Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yikomeye bikomeye abafana b’ikipe ya Manchester United bavugirije induru umusore Scott McTominay w’imyaka 21, ubwo yasubizaga umupira inyuma kugira...
Abafana ba Rayon Sports bifuzaga umutoza Didier Gomes Da Rosa batunguwe n’akayabo k’amafaranga yabaciye kugira ngo agaruke mu ikipe yabo yagiriyemo ibihe byiza mu mwaka wa 2013, bahitamo...
Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Rayon Sports yakiriwe bidasanzwe n’abafana bayo nyuma yo kwitwara neza mu Burundi ubwo yasezereraga ikipe ya LLB iyitsinzeigitego 1-0, byatumye abakinnyi babwira aba...
Umutoza w’ikipe ya Lydia Ludic Academic Bankuwiha Emmanuel bakunze kwita Mayele yikomye amagambo y’abafana b’ikipe ya Rayon Sports bamubwiye ko ikipe ye iri hasi bazayinyagira ibitego byinshi....
Umutoza Masudi Djuma yatangiye guhangana n’abafana b’ikipe ya Simba SC bamaze iminsi bamushinja ko akinisha abakinnyi nabi ariko we yababwiye ko akora ibyo azi ndetse ko bakwiye kwihanganira...