Ni kenshi abantu bahunga ubutaka bari batuyeho bitewe n’ubuzima babayemo mu rwego rwo kurokora ubwo barimo, ubu ,Igikomangoma (princesse) Haya Bint al-Hussein, umugore wa Cheikh Mohammed Al...
Rutahizamu wa Rayon Sports,Micheal Sarpong utashyizwe ku rutonde rw’abakinnyi Rayon Sports izakoresha mu mikino ya CECAFA Kagame Cup,yamaze kwerekeza mu ikipe ya Orlando Pirates gukora ikizamini...
Taylor Alison Swift uri mu bahanzikazi bubashywe muri Amerika, niwe waje ku isonga ku rutonde rw’ibyamamare muri rusange byinjije agatubutse mu mezi 12 ashize. Ibyamamare muri ruhago, Messi na...
Nyuma yo gutangaza ko imikino yose ya ¼ cya CECAFA Kagame Cup izakinirwa kuri stade ya Kigali I Nyamirambo,ibiciro byo kwinjira ku mikino byamaze gushyirwa hanze aho itike ya make yashyizwe kuri...
Umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka Robertinho yaraye yongereye amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe ya Rayon Sports aho yahise yongererwa amadolari ya USA, 500 ku...
Inzego z’ubutasi muri leta zunze ubumwe za Amerika, zakiriye amakuru y’uko Hamza, umuhungu wa Osama Bin Laden washinze umutwe w’iterabwoba wa Al-Qaeda yitabye Imana; nk’uko byatangajwe na NBC kuri...
Uwahoze atoza ikipe ya Rayon Sports umubirigi Ivan Jacky Minnaert yasabye imbabazi abafana ba Rayon Sports kubera akayabo yacishije ikipe yabo gusa ababwira ko bamwe mu bayobozi bayo bita ku...
Umutoza wa Rayon Sports, Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo bita Robertinho yamaze gutandukana na Rayon Sports ndetse agiye kwisubirira iwabo muri Brazil nyuma yo kwimwa amasezerano kandi...
Shyaka Jean Luc w’imyaka 21 uririmba mu buryo bwa ‘Opera’ yabaye umunyarwanda wa mbere wasezerewe mu irushanwa rya East Africa’s Got Talent biteza impanka mu bagize akanama nkemurampaka bose bitana...
Irushanwa rya East Africa’s Got ryahuzaga abanyempano bo mu bihugu bine birimo Rwanda,Uganda , Kenya na Tanzania ryaberaga muri Kenya ryegukanywe n’abavandimwe Esther Mutesasira na Ezekiel...
Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yishimiye insinzi ya Esther na Ezekiel begukanye irushanwa rya East Africa’s Got Talent ryabaga ku nshuri yaryo ya Mbere aho ryaberaga mu gihugu cya...
Patrick Nnaemeka Okorie wamamaye mu muziki nka Patoranking yahishuye ko hari indirimbo yakoranye na Ngabo Medart Jobert umaze kwamamara nka Meddy mu muziki.
Umuherwekazi Zari wabyaranye na Diamond Platnumz umwana yaguriye abana be telephone ihenze cyane isa neza n’iyo Platnumz aheruka kugurira umugore we Tanasha Donna bari kumwe ubu banaheruka...
Mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Africa Calabar 2019, ikamba ryegukanywe na Irene Ng’endo Mukii wari uhagarariye igihugu cya Kenya, naho Tania Muvunyi wagiye muri aya marushanwa ahagarariye u Rwanda...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko igihugu cye cyiteguye gukemura ibibzo mu mahoro hatitabajwe imbaraga za gisirikare, ariko nibyanga Amahanga azabona ubukaaka...
Ku manywa yo ku wa 22 Mutarama 2020 Mutuyisugi Bernard ufite imyaka 28 yashikuje igikapu umunyamahanga ukomoka muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika (Leta ya Texas) ahita afatwa n’inzego...
Ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi RAB, kirasaba Abanyarwanda kuba maso no gutangira amakuru ku gihe mu gihe baba babonye ibihore bidasanzwe bisa n’ inzige kubera ko izi nzige zatangiye gusatira...
Umukinnyi wa Rayon Sports Ally Niyonzima wari umaze iminsi muri Oman aho yari yaragiye gushaka ibyangombwa mu ikipe yakiniraga ya Al Bashaer FC,yamaze kubibona ndetse nta gihindutse ashobora no...
Umuraperi wo muri leta ya Chicago ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika witwa Qaw’mane Wilson akaba yaramenyekanye cyane nka Young QC muri muzika, yakatiwe gufungwa imyaka 99 nyuma yo guhamwa...
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yinjiye mu mushinga wo kubaka umuhanda wa gari ya moshi uzayihuza n’u Rwanda na Tanzania, unyuze mu Karere ka...