Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ni umwe mu bakatiwe igihano cyo gupfa n’urukiko rwo mu gihugu cya Yemen ashinjwa ibyaha by’intambara.
Agathe Kanziga Habyarimana, umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana , kuri uyu wa kabiri tariki 3 Ugushyingo yagejejwe mu rukiko rw’i Paris kugira ngo abazwe ku ruhare...
Minisiteri y’Ubuzima yavuze ko u Rwanda ruhagaze neza mu rugamba rwo kurwanya icyorezo cya COVID19, kandi ko bitarenze tariki ya 7 z’ukwezi gutaha ruzaba rwamaze gutanga ubusabe bw’inkingo za Covid...
Uko iminsi iza indi igataha, irushanwa rya Miss Rwanda rigenda rikura umunsi kuwundi, haba muburyo bwamikoro ndetse no muburyo rikomeza kwigwizaho abakunzi. Ni irushanwa kandi ritanga amahirwe...
Umugore wa Kobe Bryant, Vanessa Bryant, muri ibi bihe by’iminsi mikuru ya Noheli yahaye impano bamwe mu bantu akunda cyane barimo umunyamideli Kim Kardashian na nyina wa Kim Kardashian with Kris...
Uhiriwe Yasipi Casmir uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Africa Calabar 2020, we na bagenzi be bahatanye baserutse mu mwambaro wo kogana ariko umukobwa wo muri Solamia...
Amarira n’agahinda nibyo byaranze umunsi wishyingurwa rya Frank Rubaduka wari waratangije irushanwa rya Miss Career Africa ryari rimaze kuba inshuro ebyiri...
Umuhanzi wo muri Tanzania Diamond Platnumz yavuze ko ubukwe yateganyaga gukora mu mpera z’umwaka ushize n’umukobwa byavugwaga ko ari umunyarwandakazi bwaje gupfa biturutse ku...
Nkuko bitangazwa n’ikinayamakuru Forbes cyo mu mwaka wa 2021 ari nacyo dukesha uru rutonde, ubutunzi bw’abaherwe bo ku mugabane wa Afurika bwariyongereye cyane.
Mu myaka 10 yikurikiranya, Aliko...
Ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki ya 6 Werurwe ahagana saa cyenda z’amanywa ni bwo abapolisi bakorera mu ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro(RPU) ndetse n’abapolisi...
Umurambo w’umuraperi Earl Simmons wamenyekanye mu muziki ku izina rya DMX Yasezewe bwa nyuma muburo budasanzwe n’ibyamamare bikomeye ku Isi , atwarwa mu modoka yakataraboneka yo mu bwoko bwa...
Rutahizamu Mauro Icardi,ukomoka muri Argentine, ukinira ikipe ya Paris Saint Germain (PSG) mu yo gihugu cy’Ubufaransa yasohokanye n’umugore we, Wanda Nara, muri Tanzania mu...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 21 Nyakanga saa cyenda Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano bafashe babiri mu bari bikoreye magendu y’imyenda ya caguwa abandi...
Myugariro ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso mu ikipe y’ingabo z’igihugu Imanishimwe Emmanuel yerekeje mu gihugu cya Maroc mu ikipe ya FAR RABAT ibarizwa muri shampiyona y’icyiciro cya mbere muri...
Umunyamideri Rukundo Dimas uri mu Basore bari guhatana muri Mister Africa iri kubera mu gihugu cya Nigeria, yaje muri batanu batowe mu majwi yo kuri internet aho byasabaga amafaranga ngo umuntu...