Umutoza mushya w’agateganyo wa Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer yatatse bikomeye Umufaransa Paul Pogba wari umaze iminsi ashyamirana na Jose Mourinho avuga ko azi ubuhanga bwae ndetse ko...
Mu Karere ka Musanze mu ntara y’Amajyaruguru hari imiryango itifujwe gutangazwa amazina ivuga ko yagiye igirwaho n’ingaruka zitandukanye ziterwa n’uburyo bakoreshe mu kuboneza urubyaro bityo...
Ubushakashatsi butandukanye bwakozwe ku bintunguru, bugaragaza ko bishobora kuvura no kurinda indwara nyinshi ku babirya ari bibisi cyangwa bakanywa umutobe wabyo. By’umwihariko igitunguru kiriwe...
Umukobwa w’imyaka 20 y’amavuko witwa Mugabekazi Patricie wari utuye mu Kagari ka Rwampara mu Murenge wa Nyarugenge,uyu mukobwa wari urangije amashuri yisumbuye yiyahuye ku wa Mbere tariki 19...
Miss Uwase Vanessa yavuze ko Atari umu ‘Slay Queen’ bamwe mu bakobwa birirwa ku mbuga nkoranyambaga bacugusa amabuno ahubwo atangaza ko kuri ubu arajwe ishinga no gukarishya ubwenge ndetse ko...
Akenshi iyo abantu bagitangira gukundana, ubabona wese ndetse nabo ubwabo baba bumva bari mu isi yabo bonyine ndetse bagahamya bemye ko nta kiruta urukundo.
Abakobwa n’abagore ubwiza ni kimwe mu bintu baha agaciro cyane. Ushaka kuba umwanzi n’umugore/umukobwa,wamubwira ko ari mubi. Ariheba,bikamutera ikibazo ndetse agatangira kumva abangamiwe. Buri...
Kubyuka kare, koga amazi akonje, gukurikiza amasaha y’ikiruhuko mu kazi ukora no kumva umuziki ni bimwe mu bintu abahanga bemeza ko kubikurikiza mu buryo buhoraho bituma umunsi ukugendekera neza...
Carlos Tevez yatangaje ukuntu Messi na Ronaldo batandukanye mu myitozo bakora aho yemeje ko Messi bakinanaga mu ikipe ya Argentina we yibanda ku kugumana umupira ku kirenge mu gihe Ronaldo we...
Umutoza Maurizio Sarri yatumye benshi bacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye ndetse no mu binyamakuru kubera ibyo yatangaje ko rutahizamu we Eden Hazard azatsinda ibitego 40...
1.Mwereke ko umwitayeho
Igitsina gore gikunda kwitabwaho cyane niba koko mukundana uzirinde kumwereka ko utamwitayeho ahubwo umunsi ku wundi ujye umuba hafi. mu buzima uzaba umuremyemo icyizere...
Kabuhariwe Eden Hazard yabwiye abanyamakuru ko umupira Chelsea iri gukina muri iyi minsi ari mwiza utandukanye n’uwo Mourinho na Conte bakinaga mbere y’uko birukanwa muri Chelsea...