skol
Kigali

Search: guhora (714)

Umutoza mushya wa Manchester United yasingije bikomeye Paul Pogba bituma abafana baha urw’amenyo Mourinho

Umutoza mushya w’agateganyo wa Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer yatatse bikomeye Umufaransa Paul Pogba wari umaze iminsi ashyamirana na Jose Mourinho avuga ko azi ubuhanga bwae ndetse ko...
27 December 2018 3953 0

Utu ni utuntu 12 dutangaje utari uzi kandi nyamara dufite icyo tumaze ku buzima bwacu bwa buri munsi

Nyamara hari ibindi bintu binyuranye ushobora gusanga utari uzi kandi bifitiye akamaro kanini ubuzima bwacu.
23 December 2018 6662 0

Musanze: Hari imiryango yaboneje urubyaro igirwaho Ingaruka n’uburyo ikoresha

Mu Karere ka Musanze mu ntara y’Amajyaruguru hari imiryango itifujwe gutangazwa amazina ivuga ko yagiye igirwaho n’ingaruka zitandukanye ziterwa n’uburyo bakoreshe mu kuboneza urubyaro bityo...
22 December 2018 1521 0

P Fla yageneye ubutumwa Jay Polly uri muri Gereza bivugwa ko yaba amaze kwigarurira umukunzi we Aline

Umuraperi HAKIZIMANA MURERWA Amani wamamaye muri muzika nka P Fla wanabanye na Jay Polly igihe kitari gito mu itsinda rya tough Gang, ariko bakaba mugihe cyose bamaranye byari kugutangaza usanze...
17 December 2018 5140 0

FC Barcelona yahaye igihano gitangaje Ousmane Dembele usigaye asiba imyitozo uko yishakiye

Ubuyobozi bwa FC Barcelona bwahaye rutahizamu Ousmane Dembele igihano cyo kutazigera na rimwe yongera gufunga telefoni ye, ndetse igomba kuba icanye buri gihe kugira ngo bajye...
14 December 2018 4295 0

Ese waruziko kurya ibitunguru byongera imbaraga mu gukora imibonano mpuzabitsina?

Ubushakashatsi butandukanye bwakozwe ku bintunguru, bugaragaza ko bishobora kuvura no kurinda indwara nyinshi ku babirya ari bibisi cyangwa bakanywa umutobe wabyo. By’umwihariko igitunguru kiriwe...
10 December 2018 16926 0

Ibi nibyo umuhanga w’umunyarwanda muri Science avuga kuri MUKOROGO birimo no gupfa

Mu Rwanda no mu bihugu bitandukanye by’abirabura hakomeje kuvugwa amavuta afite umwihariko wo gutukuza uyisize uwari igikara agahinduka inzobe ngo hagamije gushaka ubwiza,gusa ngo aya mavuta...
27 November 2018 7224 0

Kigali: Umukobwa wabenzwe akiyahura ngo yari yaranduye SIDA [AMAFOTO]

Umukobwa w’imyaka 20 y’amavuko witwa Mugabekazi Patricie wari utuye mu Kagari ka Rwampara mu Murenge wa Nyarugenge,uyu mukobwa wari urangije amashuri yisumbuye yiyahuye ku wa Mbere tariki 19...
22 November 2018 13527 0

Miss Vanessa yahaye gasopo abantu bamwitiranya n’abakobwa birirwa ku mbuga nkoranyambaga bacugusa amabuno

Miss Uwase Vanessa yavuze ko Atari umu ‘Slay Queen’ bamwe mu bakobwa birirwa ku mbuga nkoranyambaga bacugusa amabuno ahubwo atangaza ko kuri ubu arajwe ishinga no gukarishya ubwenge ndetse ko...
8 November 2018 1685 0

Amakosa akwiye kwirindwa n’abantu bagitangira gukundana

Akenshi iyo abantu bagitangira gukundana, ubabona wese ndetse nabo ubwabo baba bumva bari mu isi yabo bonyine ndetse bagahamya bemye ko nta kiruta urukundo.
28 October 2018 2096 0

Amabanga 6 yafasha umukobwa/umugore kuba mwiza byagahebuzo

Abakobwa n’abagore ubwiza ni kimwe mu bintu baha agaciro cyane. Ushaka kuba umwanzi n’umugore/umukobwa,wamubwira ko ari mubi. Ariheba,bikamutera ikibazo ndetse agatangira kumva abangamiwe. Buri...
27 October 2018 4076 0

‘U Rwanda ntabwo turi ingunguru hari ikiturimo’ Perezida Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze u Rwanda atari ingunguru zirimo ubusa birangwa n’ urusaku gusa ko ahubwo rufite indangagaciro ziranga abaturage...
27 October 2018 821 0

Ibintu 20 umukobwa yakora bigatuma umusore bakundana yifuza kumurongora

Burya n’ubwo abasore bose badateye kimwe, hari ibintu bahuriyeho nk’imyumvire n’imitekerereze rusange, bityo ibi bikaba ari ibintu 20 byafasha umukobwa wifuza kuba uw’igikundiro ku mukunzi we,...
15 October 2018 5205 0

Mukobwa dore ibimenyetso 6 by’ingenzi byakwereka ko utagifite agaciro imbere y’umuhungu mukundana

Akenshi iyo ubushuti hagati y’umuhungu n’umukobwa bigeze ku ndunduro yo gusenyuka, umwe aba atagifite agaciro imbere y’undi agashaka uko yahagarika uwo mubano. impamvu nyamukuru yo gusenyuka kuwo...
14 October 2018 3133 0

Dore ibibi byo kugira umubano udasanzwe n’uwo mwakundanye mugatandukana

Nta muntu n’umwe mu buzima bwe wifuza kujya mu gitabo cy’amateka mabi yagize mu rukundo rwe rwa kera kuko bisa n’ikirango kibi cy’urwo rukundo. Ni ibintu bigaragaza ubwana n’ubwo bamwe bajijisha...
13 October 2018 1817 0

Naretse inzoga n’urumogi none iyo ndimo gutera akabariro n’umugore wanjye mpita ndangiza ako kanya , Nkore...

Umusore utifuje ko amazina ye atangazwa yatwandikiye atugisha inama nyuma y’uko aretse inzoga n’urumogi byamufashaga mu gutera akabariro neza none ubu akaba asigaye arangiza akimara kwinjiza...
5 October 2018 1609 0

Umuntu wanditse igiswahili ShaddyBoo yakoresheje yifuriza Diamond isabukuru nziza yamutamaje ku mbuga...

Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe ifoto igaragaza ikiganiro kihariye ShaddyBoo yagiranye n’umwe mu bantu b’inshuti ye wamwandikiye igiswahili yakoresheje yifuriza isabukuru nziza...
3 October 2018 5812 0

Dore inama 17 zafasha abakobwa kugira amabere meza

Mu byo wakora kugirango ugire amabere meza harimo kureka umugongo wawe ukema buri munsi , kutaryama wubitse inda mu ijoro ndetse n’ibindi.
27 September 2018 5076 0

Sobanukirwa neza ibintu 10 wakora umunsi wose ukakubera mwiza mu buryo utacyekaga

Kubyuka kare, koga amazi akonje, gukurikiza amasaha y’ikiruhuko mu kazi ukora no kumva umuziki ni bimwe mu bintu abahanga bemeza ko kubikurikiza mu buryo buhoraho bituma umunsi ukugendekera neza...
26 September 2018 2849 0

Dore ibintu 6 abagobo banga ku bagore babo

Hari ingeso zimwe na zimwe abagore bagira nyuma yo kurongorwa zigatuma abagabo babo bahorana agahinda. Kenshi iyo umugore atikosoye birangira umugabo we atakimufitiye urukundo nka mbere ndetse...
21 September 2018 3790 0

Waruziko mu myaka yashize kwambara ipantalo byasabirwaga icyangombwa ?

Kuba muri iki gihe abakobwa n’abagore bambara amapantalo bakajya mu muhanda nta kibazo siko byahozeho mu bihe byo hambere.
18 September 2018 1080 0

Carlos Tevez yatangaje itandukaniro ry’imyitozo Cristiano Ronaldo na Messi bakora

Carlos Tevez yatangaje ukuntu Messi na Ronaldo batandukanye mu myitozo bakora aho yemeje ko Messi bakinanaga mu ikipe ya Argentina we yibanda ku kugumana umupira ku kirenge mu gihe Ronaldo we...
16 September 2018 2676 0

Maurizio Sarri yateje impaka mu bakunzi ba ruhago kubera ibyo yavuze kuri Hazard

Umutoza Maurizio Sarri yatumye benshi bacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye ndetse no mu binyamakuru kubera ibyo yatangaje ko rutahizamu we Eden Hazard azatsinda ibitego 40...
16 September 2018 1880 0

Safi Madiba yagize icyo yifuriza umugore ku isabukuru ye y’amavuko

Safi yifurije isabukuru nziza umugore we ambwira ko amwifuriza gukomeza kugira urukundo ndetse n’ibyishimo.
15 September 2018 2013 0

Dore ibintu 10 ushobora gukorera umukunzi wawe bikamugarurira ibyishimo mu gihe wamurakaje

1.Mwereke ko umwitayeho Igitsina gore gikunda kwitabwaho cyane niba koko mukundana uzirinde kumwereka ko utamwitayeho ahubwo umunsi ku wundi ujye umuba hafi. mu buzima uzaba umuremyemo icyizere...
13 September 2018 3421 0

Umukire tubereye mu nzu agiye kuntanya n’umugabo wanjye bitewe n’uburyo ateramo akabariro!Nkore iki?

Nitwa Agnes ntuye Kibagabaga mu mugi wa Kigali, nashakanye n’umugabo wanjye nta kibazo nakimwe dufite mbese mu myaka 3 tumaranye ntawe uzi akababaro.
11 September 2018 8384 0

Hazard yandagaje Mourinho na Conte mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru

Kabuhariwe Eden Hazard yabwiye abanyamakuru ko umupira Chelsea iri gukina muri iyi minsi ari mwiza utandukanye n’uwo Mourinho na Conte bakinaga mbere y’uko birukanwa muri Chelsea...
2 September 2018 4371 0

Umugabo n’umugore bamaze imyaka 10 bashyingiranwe bavuze ko basezeranye gucana inyuma

John Lenor na Claudia Maillern’umugabo n’umugore bashyingiranywe byemewe n’amategeko ariko ntibafuhirana kuko buri wese amaze kuryamana n’abantu barenga 50 badahuje igitsina nyuma yo...
2 September 2018 1852 0

Umugore wari warabaswe no gukora imibonano mpuzabitsina yavuze ubuzima bubabaje yabayemo kubera ubu...

Umugore witwa Rebecca Barker w’imyaka 37 ukomoka ahitwa Tadcaster mu Bwongereza yatangaje ko yari yarabaswe no gukora imibonano mpuzabitsina aho buri munsi yagombaga kumara nibura amasaha 7...
25 August 2018 4715 0

Amabanga 15 abakobwa bashobora gukoresha kugirango bagire amabere meza ateze nk’imitemeri

Kwambara ibintu biyafata , kutikorere ibiremereye ,Kuryamira ikintu gitambitse ugashyira amaguru yawe ,Kwirinda ibiryo bikungahaye cyane kuri poroteyini ibi ni bimwe mu bya tuma ugira amabere...
24 August 2018 5062 0
0 | ... | 420 | 450 | 480 | 510 | 540 | 570 | 600 | 630 | 660 | ... | 690