Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimana Jean Claude, yavuze ko kugeza ubu abakozi ba leta basaga 120 bamaze guhanwa abandi bakirukanwa kubera amakosa yo kutita ku nshingano zabo mu...
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe itumanaho mu Kigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubuvuzi (RBC), Julien M. Niyingabira, yatangaje ko hari abantu 200 bavuga ko barangije mu buvuzi ariko batarahabwa akazi kubera...
Polisi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ofisiye wa Kenya, Walter Nyamato, wari ugize itsinda ryateguriraga i Washington D.C gahunda yo kohereza abapolisi muri Haiti, yasanzwe mu...
Kuri iyi tariki yagenwe na ONU nk’umunsi mpuzamahanga w’ibyishimo ku isi raporo igaragaza uko ibyishimo bihagaze ku isi uyu mwaka yibanze ku kureba ku byishimo mu bantu hakurikijwe ikiciro...
Umukandida wo mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, yatangiye gusiga mu majwi abo bahanganye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye kuri uyu wa 24 Werurwe...
Perezida mushya wa Sénégal Bassirou Diomaye Faye yasezeranyije ko "impinduka yimbitse" hamwe n’"ubusugire bwinshi kurushaho" ari bimwe mu by’ingenzi ashyize imbere, ubwo yarahiraga ku wa...
Abateguye isiganwa ry’igice cya marathon (21km) ry’i Beijing bari mu iperereza ku bivugwa ko abakinnyi biruka batatu b’Abanya-Afrika baretse babishaka umukinnyi ukomeye w’Umushinwa He Jie ngo atsinde...
Perezida wa FERWAFA, Munyantwali Alphonse, yavuze ko Rayon Sports y’Abagore yamaze gusubizwa Igikombe cy’Amahoro yari yegukanye, ikagisubiza iri Shyirahamwe nyuma yo kwangirika nta saha ishize...
Ibiganiro birarimbanyije muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bigamije kugura drones z’intambara aho Leta ya Kongo yiteguye gushora akayabo ka miliyari 649 Frw zingana na (500$) muri...
Kuri uyu wa Mbere tariki 13 Gicurasi 2024, amakuru yatangiye gukwirakwira avuga ko hari abakozi icyenda b’Akarere ka Rusizi basezeye ku mirimo yabo ku mpamvu zabo bwite, ariko abandi bakavuga ko...
Abantu bagera ku 2,000 barimo abakuru b’ibihugu by’Afurika batanu, abakuru b’ibigo byigenga, abashoramari n’abategetsi muri za guverinoma, barateranira muri Kigali Convention Centre mu nama y’iminsi...