Ikipe ya Rayon Sports yarenganuwe na FERWAFA igabanyirizwa amafaranga yari yaciwe yo kwishyura umutoza Ivan Minnaert aho yavuye ku bihumbi 35,535 by’amadolari agera ku bihumbi $14,320 bingana na...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Ukuboza, Polisi ikorera mu karere ka Gatsibo mu murenge wa Kabarore yafashe abasore babiri batwaye imodoka ntoya itwara abagenzi (Taxi Voiture) RAA 024 I, bari...
Perezida wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate,amaze iminsi yibasirwa na bamwe mu bakunzi b’iyi kipe bamushinja kubatera gusuzugurwa n’umukeba APR FC bitewe n’uko yayitiye rutahizamu Sugira...
Ikipe ya APR FC yazanye umutoza w’inararibonye wo guhugura abatoza b’abanyezamu bayo witwa Hassan Hassan Haj Taieb usanzwe ari umwarimu w’abatoza b’abanyezamu warindiye amakipe akomeye yo ku mugabane...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 06 Mutarama 2020 abanyeshuri barasubira ku mashuri, Polisi y’igihugu ikaba yibukije ababyeyi ko bagomba gutegura abana bakava mu rugo hakiri kare ndetse n’ibigo bitwara...
Uwahoze ari umutoza wa Rayon Sports, Javier Martinez Espinoza ukomoka mu gihugu cya Mexico ashobora kujyana Rayon Sports mu nkiko nyuma y’uko imwirukanye itubahirije ibikubiye mu masezerano...
Umukecuru wo mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Kimonyi mu Ntara y’Amajyaruguru w’imyaka 88 y’amavuko, acumbikiwe na Polisi ya Muhoza nyuma yo gufatanwa udupfunyika 4340...
Perezida w’ikipe ya Rayon Sports,Munyakazi Sadate yamaze amatsiko bamwe mu bafana bibazaga ku bivugwa ko umutoza Javier Martinez Espinoza yaba agiye kurega ikipe ndetse n’aho bageze bashaka umutoza...
Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ziratangaza ko zungutse umwanzi mushya ariwe Col.Michel Rukunda wari umwe mu bayobozi bakuru b’igisirikare...
Abayobozi ba Australia barasaba abaturage bagera ku bihumbi magana atanu kuva mu ngo zabo uyu munsi kuwa gatanu bagahunga imiriro mu gihe ingabo nazo zasabwe gutabara mu kuzimya imiriro y’ishyamba...
Umugabo witwa Sibomana Jean Bosco yarasiwe na Polisi mu Mudugudu wa Mwima, mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa Busasamana, mu Karere ka Nyanza ubwo yari ajyanwe kwerekana uwo bafatanyaga gucuruza...
Maj Bokande jules Karindinefu wari ushinzwe itumanaho rya gisilikare muri FLN yiciwe mu gitero yagabweho n’ingabo za RDC mu gihe na Liyetona Jean Claude yafashwe...
Amafoto y’abakobwa biga mu ishuri ry’Ubuvuzi n’Imiti ( UR School of Medicine & Pharmacy) ubwo bari mu muhango wo kwambikwa imyenda yera y’umurimo w’abanganga yatumye benshi bacika ururondogoro...
Madamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame,yagiriye inama ikomeye abashakanye ko ibanga ryatuma barambana ari ugushyira hamwe ndetse bagahora bazirikana ko ibibazo mu muryango...
Umugore witwa Kamariza Olive wa Ndabereye Augustin wahoze ari Visi Meya wa Musanze ushinzwe iterambere ry’ubukungu yandikiye Nyakubahwa perezida Kagame na madamu we Jeannette Kagame yishinganisha...
Abarezi batanu bo mu Ishuri ryisumbuye rya ESSI Nyamirambo risanzwe rizwi nko kwa Gaddafi riherereye mu karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali batawe muri yombi bakekwaho gusambanya...
Umuririmbyi,umucuranzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo Flavour ukomoka mu gihugu cya Nigeria ategerejwe i Kigali, aho yitezweho kuririmba mu nama Umunya- ya Creative Africa Exchange (CAE)’ izabera...
Bernard Makuza wahoze ari Perezida wa Sena, yagizwe Umuyobozi w’indorerezi z’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, AU, mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko muri Comores ateganyijwe ku wa 19...
Jay Polly ari guterana amagambo na Bad Rama uyobora inzu itunganya umuziki ya The Mane Music Label yahozemo ahanini biturutse ku kuba uyu muhanzi atakibarizwa muri The...
Urukiko Rukuru, abagize Urwego rw’Ubucamanza n’Urwego rw’Ubutabera, abayobozi mu nzego za Leta n’abo mu muryango, basezeye bwa nyuma kuri Pio Mugabo witabye Imana ku cyumweru azize...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 20 Mutarama 2020 nibwo hamenyekanye amakuru y’uko ikigo cy’imari iciriritse Duterimbere IMF mu Karere ka Ruhango cyibwe n’abajura batoboye inyubako ya...
Ikipe ikomeje gahunda yo kwiyubaka aho yasinyishije amasezerano y’ imyaka 2, umunya Cameroun ukina ku mpande asatira witwa Banen Phillippe Arthur wakinaga mu ikipe ya Union de Douala...
Minisitiri w’ubutabera, akaba n’Intumwa nkuru ya Leta, Busingye Johnston, yaburiye abahishira ishyingirwa ry’abangavu ababwira ko amazi atari yayandi ko ubu nabanyoye inzoga zo gushyingira umwana...
Akarere ka Nyagatare bamwe mu baturage bo mu murenge wa Katabagemu barasaba leta gukurikirana ikibazo cy’amarozi ari mu baturage ngo kuko kimaze gufata indi...