Turi tariki ya 03 Kanama, ni umunsi wa 215 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 150 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze kuba ari ku wa kane inshuro 56.
Bimwe mu bintu...
Turi tariki ya 01 Kanama ni umunsi wa 213 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 152 niyo isiagaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze kuba inshuro 56 ari ku wa kabiri
Mu mateka y’u...
Itegeko rikarishye No. 227. mu bya gisikare ry’ uwari umuyobozi w’ikirenga wa Repubulika zunze ubumwe z’ Abasoviyete Joseph Stalin ni kimwe mu byaranze tariki ya 28 Nyakanga.
Turi tariki ya 28...
Hillary Clinton yabaye umugore wa mbere wemerewe kuba mu bakandida biyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe z’America, ni kimwe mu byaranze tariki ya 26 Nyakanga.
Turi ku wa gatatu tariki ya 26...
Turi tariki ya 08 Nyakanga, ni umunsi w’ 189 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 176 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 08 mu mateka
1099:...
Turi tariki ya 07 Nyakanga ni umunsi 188 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 177 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki abantu bane bacuze umugambi wo kwica Perezida wa Leta...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yemeje ko guverinoma ya Kenya igiye gutekereza uburyo bwo guhagarika amasezerano ifitanye n’ urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC.
Ibi Perezida Kenyatta...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama yatangaje ko yari yasabye Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin guhagarika ibikorwa byo kwinjirira amabanga ya Amerika ubwo baganiraga ku...
Igihugu cy’Uburusiya ni kimwe mu bihugu bya mbere bikomeye ku isi kandi binatinyitse kuko ari kimwe mu bihugu bivuga rikijyana mu muryango wabibumbye (UN) aho kibarizwa mu bihugu bya mbere bikize...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yageze i Gandhinagar mu gihugu cy’ u Buhinde kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2017 aho agiye kwitabira inama ya munani yitwa Vibrant Gujarat Global Summit...
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko yiteguye guhura na Perezida wa Koreya ya Ruguru bakagira byinshi baganira.
Ibi abitangaje nyuma y’ aho mu minsi ishize...
Igihugu cya Australia ni kimwe mu bihugu byiza kandi bifite ubuzima bwiza muri rusange ndetse kikanaza ku mwanya wa 6 Nyuma y’Uburusiya, Canada, Ubushinwa, USA ndetse na Brazil. Iki gihugu...
Nkuko byatangajwe ni umutoza w’ikipe y’igihugu ya Chile Juan Antonio Pizzi, kizigenza w’iyi kipe Alexis Sanchez n’umunyezamu wabo wa mbere Claudio Bravo bashobora kutagaragara ku mukino wo kuri iki...
Umusore Cristiano Ronaldo yaraye afashije ikipe ya Portugal kugera mu mikino ya kimwe cya Kabiri cya FIFA Confederations cup nyuma y’aho bayinyagiye ibitego 4-0 aho yatangaje ko biteguye gutwara...