Corazon Kwamboka umukobwa ukunzwe kubera uburanga bwe yagaragaye mu Rwanda kuri Hoteli ya Des Mille Collines aho yarari mu cyumweru cyo kwishimira isabukuru ye...
Umugabo witwa Terry Stroup ukomoka muri Amerika yatunguye benshi kubera umwanzuro yafashe wo kubana n’abagore babiri mu nzu imwe aho we n’umugore we Brittney Stroup babanaga none arashaka...
Akenshi bijya bishoboka ko umukobwa mwiza, wize, ukora cyangwa ukomoka mu muryango muzima n’ibindi usanga afite imyaka ibarirwa muri 30 na 40 nta mugabo, rimwe na rimwe nta n’umusore bafitanye...
Umwamikazi w’u Bwongereza, Elisabeth, abayeho mu buryo bwihariye butandukanye n’ubw’ibindi bihangange ku isi kuva mu bikari by’ingoro ya cyami kugeza aho ahurira na...
Umukinnyi N’golo Kante ukinira Chelsea hagati,yasekeje benshi kubera ukuntu yari yambaye mu bukwe bwa mugenzi we Cesc Fabregas aho yri yashyizemo ikabutura n’inkweto za siporo mu gihe abandi...
Mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Nyakanga 2018, umusore w’imyaka 28 y’amavuko wo mu mudugudu wa Rubumba, mu kagari ka Ruyenzi ko mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi, yishe...