Umuhanzikazi Thabita Uwizerwa uzwi ku izina rya Tabz, wagaragaye mu itsinda ry’abakobwa bari kubyinana na Niyonzima Olivier ’Seifu’ wamaze guhagarikwa mu ikipe y’Igihugu, Amavubi, mu gihe...
Umuhanzi Yvan Buravan yasohoye indirimbo ye nshya yise ‘Tiku Tiku’ yifashishijemo Houssina Urugeni Sinderibuye, umunyarwandakazi uri mu mubakobwa 8 bari guhatanira ikamba rya Miss Africa France...
Umunyamakuru wa RBA ukorera kuri Televiziyo ya Kigali Chanel 2(KC2) witwa Abera Martina biravugwa ko ari murukundo n’umuhanzi Muneza Christopher udakunze kuvuga iby’urukundo...
Mu gitondo cyo kuru uyu wa Kabiri tariki ya 17 Kanama 2021, nibwo hasakaye inkuru ivuga ko Rocky yakoze ubukwe ndetse n’amafoto yasakajwe ku mbuga nkoranya mbaga zitandukanye.
Umuryango...
Barack Obama wabaye Perezida wa 44 wa Leta zunze ubumwe z’Amerika agiye gukoresha isabukuru y’imyaka 60 izabera mu nzu ye y’akataraboneka ifite agaciro ka miliyoni 12 z’amapawundi.
Iyi nyubako...
Rutahizamu wa Juventus, Cristiano Ronaldo,amaze iminsi mu biruhuko we n’umuryango we aho bagendaga mu ndege ye yo mu bwoko bwa Gulfstream G200 yaguze muri 2015 kuri miliyoni £20 z’amapawundi.
CR7...
Myugariro mushya wa PSG, Sergio Ramos,yaguze indege ye bwite muri Werurwe 2020 ku kayabo ka miliyoni 1.7 kugira ngo ayifashishe mu bucuruzi ndetse no kumufasha kugera aho agiye byihuse.
Uyu...
Naseeb Abdul Juma Issack umaze kwamamara ku izina rya Diamond Platnumz, uyu umuhanzi wo muri Tanzania yemejeko ari mu munyenga w’urukundo n’umunyamideli ukomoka muri Afurika y’Epfo , Andrea Abrahams...
Kuri uyu wa Kane Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye umuhango wo gutaha ku mugaragaro Hotel ya One & Only Gorilla’s Nest yubatse mu Kinigi mu Karere ka...
Ni mu marushanwa azabere mu gihugu cya Zimbabwe yiswe “Zuri Afurica Queen”.u Rwanda ruzahagararirwa na Uwicyeza Pamela wahatanye muri Miss Rwanda mu 2019 akaza kuza mu bakobwa 20 bashakishwagamo...
Umukobwa witwa Bahenda Amanda na Ines Karangwa bakomoka mu Rwanda bari mu bakobwa 12 bageze mu cyiciro cya nyuma cy’irushanwa rya Miss Africa Philippines 2019 rigiye kuba ku nshuro ya...
Umunyamideri akaba n’umushabitsi wo muri Uganda, Zari Hassan , mu butumwa yanyujije kuri Instagram, Zari yavuze ko yigiye byinshi ku mugabo we mushya yise Mr. M. yasimbuje Diamond...
IFOTO:Internet
Hari byinshi mu buzima bibaho bikorwa n’abantu byerekana ko nta mutima wa kimuntu bafite, abasore 10 bakoze ibintu bibi cyane bafata umukobwa bamufungirana mu nzu bakajya...
Charly yavuze ko Davis D ari umwana ufite ejo heza hazaza ndetse ko ari umuhanzi ugerageza kugera ikirenge mucyo bagezemo amusaba kudacika intege mu rugendo rwe rwa...
Umunyarwandakazi Umutoni Joyeuse waruhagarariye u Rwanda mu marushanwa ya Miss Africa Arizona 2019 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye igisonga cya...
Icyamamare mu mukino w’iteramakofe Floyd Mayweather,cyasangije abakunzi bacyo kuri Instagram amafoto y’inzu cyaguze mu mujyi wa Las Vegas, yagitwaye akayabo ka miliyoni 10 z’amadolari...
Abagabo n’abagore bamarira amasaha n’amafaranga mu kwigira beza, kandi hari uburyo karemano byikoramo. Mu bushakashatsi bwe, Dr. Michael Roizen yerekanye ko gukora imibonano mpuzabitsina bigira...