Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko hari bamwe mu bagize uruhare mu kubeshya urubyiruko rwo mu Ntara y’Iburasirazuba, bakarutwara amafaranga barwizeza akazi ko hari abatawe muri...
Igiciro cy’inyama z’inka cyiyongereye cyane mu minsi yashize aho ikiro cyavuye ku madolari ya Amerika 3 kigera kuri 6 mu masoko yo mu mujyi wa Goma (Kivu ya...
Umusore witwa Dushimimana Vincent wo mu Mudugudu wa Rwasama, Akagari ka Gacurabwenge mu Murenge wa Byumba, Akarere ka Gicumbi, yamize inyama iramuniga bimuviramo...
Perezida Paul Kagame yagaragaje impamvu zifatika zigaragaza ko ibyo Félix Tshisekedi uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko azatera u Rwanda atari...
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Leta hari imihoro irimo guha imbonerakure (urubyiruko rwo mu ishyaka CNDD-FDD), nyuma yo kuyitumiza mu...
Nibura abantu 24 baburiwe irengero nyuma yo kurohama k’ubwato M / V Maman Benita mu kiyaga cya Tanganyika mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru tariki ya 7 Mata, ku nkombe za Kalemie....
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Perezida Kagame yaganiriye na Bill Clinton wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bagaruka ku rugendo rw’Iterambere ry’u Rwanda mu myaka 30...
Perezida Kagame uri i London, yabonanye na Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, baganira ku mubano w’ibihugu byombi n’inkunga u Bwongereza bwateye u Rwanda kuva mu myaka 30 ishize nyuma...
Kuri uyu wa kabiri, guverineri wa Bujumbura, Désiré Nsengiyumva yahaye ababa mu gace ka Gatumba, ingo zabo zigeramiwe n’umwuzure,igihe ntarengwa cy’icyumweru cyo kuba bavuye muri ako...
Ku wa kane tariki ya 11 Mata, Umuyobozi w’Umujyi wa Goma, Kapend Kamand Faustin, yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru mu rwego rwo kwerekana abagizi ba nabi mirongo itandatu bakekwaho kwica...
Mu mujyi wa Goma harimo gucurwa umugambi wo kweguza abayobozi b’Intara ya Kivu ya Ruguru, aho aba bayobozi bashinjwa uburangare no kutita ku baturage bityo bikaba bibaviramo...
Abategetsi bo ku rwego rwo hejuru muri Amerika bavuze ko ibiro bya perezida w’Amerika, White House, byaburiye ko iki gihugu kitazajya mu gitero na kimwe cyo kwihorera kuri...
Umugabo wari wikoreye inka yabazwe bikekwa ko ari iyo yari yibye, yarasiwe mu Murenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga, nyuma yo gushaka gutema umupolisi.
Perezidansi ya Africa y’Epfo yatangaje ko Perezida Cyril Ramaphosa yahuye na mugenzi we Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda baganira ku mutekano w’akarere.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane,tariki 18 Mata, Israël yagabye igitero cya drones enye muri Iran, zishwanyaguzwa zitaragera ku ntego nkuko abategetsi ba Amerika...
Abategetsi bavuze ko umugabo w’Umunya-Pologne yatawe muri yombi aregwa guteganya gukorana n’inzego z’ubutasi z’Uburusiya mu gufasha mu gishobora kuba ari umugambi wo kwica Perezida wa Ukraine...
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC n’abafatanyabikorwa bayo, biravugwa ko bikuye muri Centre ya Kibirizi ho muri Teritwari ya Rutshuru nta mirwano...
Muri iyi minsi haravugwa amakuru y’icyamunara cy’umutungo wo kwa Rwigara uri mu Kiyovu ngo hishyurwe umwenda uruganda rwe rw’Itabi Tobbaco Company Ltd rwasabye muri Cogebank, (ubu yaguzwe na Equity...
Umugabo wo muri Ghana yatawe muri yombi azira gushaka kwinjira mu ndege mu buryo butemewe,ngo yerekeze i London ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kotoka International...
Guershom Kahebe watsinzwe amatora y’abadepite muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yiyunze ku mutwe wa M23/AFC nyuma yo kumenya gahunda...