Perezida Paul Kagame watorewe kuyobora u Rwanda mu matora yabaye tariki 3 na 4 Kanama 2017, kuri uyu wa 18 Kanama 2017 yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’ imyaka irindwi iri imbere 2017-2024.
Ku isaha ya saa sita z’ amanywa nibwo, Umuruku w’Igihugu yarahijwe na Perezida w’urukiko rw’ikirenga Samu Rugege, imbere y’ imbaga y’ Abanyarwanda n’ abanyamahanga barimo bagenzi bayobora ibihugu bitandukanye by’ Afurika.
Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda, arangiza indahiro ye asubiramo ati (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Indahiro ya Perezida Paul Kagame
18 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
Bamwe mu bakuru b’ibihugu bitandukanye bamaze kugera mu Rwanda bitabiriye #Kwibohora 25 [AMAFOTO]
3 July 2019, by Dusingizimana RemyAbaperezida batatu barimo nyakubahwa Faustin Archange Touadera, wa Republic of Central Africa, Emmerson Dambudzo Mnangagwa wa Zimbabwe na Hage Geingob, wa Namibia n’umufasha we Monica Geingos bamaze kugera mu Rwanda aho baje kwifatanya n’Abanyarwanda kwizihiza umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 25.
-
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi muri Qatar
14 February 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi i Doha muri Qatar mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere. Yakiriwe n’Umuyobozi ushinzwe Protocole muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga na Ambasaderi w’u Rwanda muri Qatar, François Nkulikiyimfura.
Ibiro Ntaramakuru bya Qatar byemeje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 14 Nyakanga 2022, Perezida Paul Kagame yageze i Doha muri Qatar mu ruzinduko rw’akazi.
Muri uru ruzinduko, Perezida Paul Kagame yanakiriwe n’Umuyobozi w’Icyubahiro wa Qatar, Sheikh (...) -
Depite Kamanzi yeguye mu nteko ishinga amategeko nawe ashinjwa ubusinzi
29 December 2022, by Dusingizimana RemyDepite Kamanzi Ernest wari mu Nteko Ishinga Amategeko nk’uhagarariye Urubyiruko nawe yeguye ku mwanya we,aba Umudepite wa Gatatu weguye ku nshingano ze mu gihe kitageze ku mezi abiri.
Visi Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Mussa Fazil Harerimana, yatangarije RBA ko uyu mudepite yeguye ku wa Gatatu, avuga ko ari ku mpamvu ze bwite.
Mu ibaruwa yandikiye Perezida w’umutwe wabadepite,yavuze ko yeguye ku mpamvu ze bwite ndetse aboneraho umwanya wo gushimira Perezida Kagame n’abanyarwanda icyizere (...) -
Minisitiri Gashumba yasuye imipaka ihuza u Rwanda na RDC nyuma yo kumva ko Ebola yageze I Goma [AMAFOTO]
15 July 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ubuzima, Dr Diane Gashumba, yasuye imipaka ibiri, umuto n’umunini ihuza u Rwanda na Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo (DRC) mu rwego rwo kureba uko bapima ibimenyetso by’icyorezo cya Ebola, nyuma yaho igaragaye i Goma, umugi uturanye n’uwa Gisenyi mu karere ka Rubavu.
-
Perezida Kagame yongeye kugaragaza urugomo Uganda yakoreye u Rwanda
25 March 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika, Paul Kagame yagarutse ku rugomo Uganda yakoreye u Rwanda mu minsi ishize,ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama nyafurika y’iminsi ibiri y’abayobozi b’ibigo (Africa CEO Forum),kuri uyu wa Mbere Taliki ya 25 Werurwe 2019.
-
Baziga wayoboraga Diaspora Nyarwanda muri Mozambique yarashwe n’abagizi ba nabi arapfa
26 August 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi wa Diaspora nyarwanda muri Mozambike, Louis Baziga, yatezwe n’abagizi ba nabi bari bitwaje intwaro bamumishaho urufaya rw’amasasu arapfa.
-
Ifoto y’umunsi:Perezida Kagame n’umufasha we mu mwiherero 2019
11 March 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame bagaragaye baseka ubwo bari mu mwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu uri kubera I Gabiro, mu mafoto yakomeje gucaracara hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga.
-
Ubaka ruswa muge mumutubwira tumumerere nabi – Perezida Kagame
4 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yibukije Abanyarwanda ko serivise z’ uburezi, amavuriro , amashanyarazi, amazi n’ ibindi ari uburenganzira bwabo bityo ko nta wukwiye kubaka ruswa ngo abahe izi serivise akabiryozwa ngo uzayibaka bazamugaragaze Leta ibimuryoze.
-
Navutse ndi Muzima! Twaganiriye na Fredda ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga uri mu bahatanira Miss Rwanda 2022
17 February 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTGatandatu tariki ya 12 Gashyantare 2022 nibwo habaye amajonjora y’abakobwa bazahagararira umujyi wa Kigali mu irushanwa rya Miss Rwanda 2022. Mu bakobwa baciye imbere y’akanama nkemurampaka harimo na Umutoniwase Fredda ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga.
0 | ... | 1290 | 1300 | 1310 | 1320 | 1330 | 1340 | 1350 | 1360 | 1370 | ... | 1410