Perezida Paul Kagame, Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, João Lourenço wa Angola na Felix Tshisekedi wa RDC basinye amasezerano bahuriyeho uko ari bane y’ubufatanye n’umutekano.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame na Museveni basinye amasezerano y’ubufatanye n’umutekano
21 August 2019, by Dusingizimana Remy -
Ingengo y’imari ya 2021/2022 iziyongeraho miliyari 342.2 Frw
12 May 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko amafaranga ateganyijwe mu ngengo y’imari ya 2021/22 azagera kuri Miliyari 3,807 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba aziyongeraho agera kuri Miliyari 342.2 Frw bingana na 9.8 % ugereranyije na Miliyari 3,464.8 ari mu ngengo y’imari ivuguruye y’uyu mwaka wa 2020/21.
-
Ibyemezo byafatiwe mu nama y’abaminisitiri yo kuwa 18 Kamena 2022
18 June 2022, by Dusingizimana RemyKu wa Gatandatu, tariki ya 18 Kamena 2022, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 13 Gicurasi 2022.
2. Inama y’Abaminisitiri yongeye gusuzuma ingamba zafashwe zo gukumira ikwirakwira ry’lcyorezo cya COVID-19.
Ingamba zisanzweho zizakomeza gukurikizwa, kandi zizongera kuvugururwa mu gihe cy’ukwezi kumwe hashingiwe ku isesengura (...) -
Diane Rwigara na nyina batangiye kuburanishwa mu mizi
24 July 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 24 Nyakanga, Urubanza rwa Diane Rwigara na Adeline Mukangemanyi rwatangiye kuburanishwa mu mizi nyuma y’uko urukiko rwemeje ko abantu 4 bakekwaho ubufatanyacyaha n’abaregwa nabo bashyirwa mu rubanza.
-
Umuyobozi w’urwego rw’ubutasi mu Bufaransa yirukanwe
1 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmuyobozi mukuru w’ubutasi bwa gisirikare bw’Ubufaransa Jenerali Eric Vidaud yiguwe ku mirimo ye, nyuma yo kutabasha gutahura mbere ko u Burusiya bugiye gutera Ukraine.
-
APR FC na Police FC zakiriye nabi cyane amakipe yazamutse mu cyiciro cya mbere
31 October 2021, by Dusingizimana RemyAmakipe 2 y’ashinzwe umutekano w’igihugu ariyo APR FC na Police FC yatangiye shampiyona ya 2021/2022 yihaniza ayazamutse mu cyiciro cya mbere aho yayatsinze ibitego 3.
APR FC iheruka gutwara ibikombe 2 bya shampiyona idatsinzwe,yakiriye Gicumbi FC izamutse vuba iyitsinda ibitego 3-1 birimo 2-0 mu gice cya mbere.
Igitego cya mbere cya APR FC cyinjijwe na Kwitonda Alain Bacca kuri penaliti ku munota wa 28 hanyuma Bizimana Yannick ashyiramo igitego cya kabiri ku munota wa 41.
Mu gice cya (...)
0 | ... | 1320 | 1330 | 1340 | 1350 | 1360 | 1370 | 1380 | 1390 | 1400 | 1410