skol

Akothee na Victoria Kimani batangaje ibihugu 2 bibarizwamo abagabo bafite ibitsina binini

Yanditswe: Thursday 08, Nov 2018

Sponsored Ad

skol

Abahanzikazi babiri barimo Akothee na Victoria Kimani babinyujije kuri Instagram batangaje ko abagabo bakomoka muri Nigerians na Luhyas ko aribo bagira ibitsina binini.

Umuhanzikazi Akothee uri mu bakunzwe mu gihugu cya Kenya ari kumwe na mugenzi we Victoria Kimani kuri uyu wa Gatatu bakoze ubutembere bajya kurya ubuzima ku kiyaga kitwa Malindi giherereye mu mujyi w’igihugu cya Kenya.

Mu biganiro aba bombi bahaganiriye nkuko tubikesha ikinyamakuru cya Ghafla bakomoje ku buzima bwihariye bw’abagabo aho bakoze urutonde rw’ibihugu bifite abagabo bagira ibitsina binini bashingiye kubo baryamanye nabo maze bemeza ko mu gihugu cya Nigeria ndetse na Luhyas ho mu gihugu cya Kenya aribo bagira ubugabo bunini.

Mu mashusho bashyize kuri Instagram bagiye bagaragaza ingano yabyo aho babikoraga ubona ko ibitwenge byabishe bombi.

Akothee n umwe mu bahanzikazi b muri Kenya ukunze kuvugwaho ibikorwa byinshi bitandukanye ndetse no kuba yarabyaranye n’abagabo batandukanye gusa kubera kudahuza nawe ahitamo kubareka atangira ibikorwa by’ubucuruzi ndetse n’ubuhanzi aho magingo aya ari umwe mu bakomeye mu gihe Kimani we ari umwe mu bahanzikazi b’uburanga bavugisha benshi kubera imiterere y’umubiri we.

Ibitekerezo

  • Baca umugani ngo "Ribara uwariraye".Abakobwa basambana koko nibo bazi abagabo bafite SEX nini n’intoya.Ariko bajye bibuka ko imana yaduhaye sex kugirango tubyare kandi twishimane n’umuntu umwe gusa tuzashakana "officially".
    Kuba abantu birirwa basambana,abandi barwana mu ntambara,biba,bakora amanyanga,etc...bibabaza imana cyane.
    Niyo mpamvu yashyizeho umunsi w’imperuka wo kuzabarimbura bose nkuko Imigani 2:21,22 havuga.Izabigenza nkuko yabigenje ku gihe cya Nowa.Yishe abantu bose bali batuye isi,isigaza abantu 8 gusa bumviraga imana.Bisome muli 2 Petero 2:5.Ntacyo bimaze "kwishimisha" akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli paradizo.Ni ukutagira ubwenge bwuzuye (wisdom).Ntitukibeshye ngo kubera ko byatinze ntabwo bizaba.Imana ikorera kuli Gahinda yayo.
    He is the Sovereign of the Whole Universe and Master of Times.Izabikora nubwo byatinze.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa