Amafoto yaciye ibintu: Abasore 2 bivuruguse mu biziba umwe yishyuza mugenzi we ideni ry’ibihumbi 40,000 yaramubereyemo [AMAFOTO]
Yanditswe: Wednesday 21, Nov 2018
Mu mafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga turasangamo agaragaza abasore barwanye bapfa amafaranga ,ifoto igaragaza Marina risani yafungutse mu gitaramo,amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’ayandi.
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y’abasore babiri barwanye inkundura nyuma yuko mugenzi we yamwishyuzaga amafaranga asaga ibihumbi 40,000 by’amashiringi yaramubereyemo igihe kingana n’amezi 3 amwizeza ko azamwishyura.
Ngo nyuma yuko umusore amenye ko uyu musore yayabonye yamubyukiye iya rubika ajya kumwishyuza ahageze mugenzi we yamubwiye ko kumwishyuza atari ukumubyukira iyarubika undi nawe umujinya uramwica niko guhita bafatana dore ko mwiryo joro imvura yari yaguye.
Umuhanzikazi Marina yakozwe n’isoni ubwo risani y’ipanaro ye yafungukaga mu gitaramo cya Simbuka cyabereye i Karongi.
Reba amafoto atandukanye yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo Facebook na Instagram.

Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *