Amafoto yaciye ibintu: Umupolisi yahaye ubufasha umusore ufite ubumuga bw’ ingingo yashimwe
Yanditswe: Thursday 06, Dec 2018
Mu mafoto yaciye ibintu turasangamo agaragaza umupolisi wagaragaye afasha umusore ubana n’ubumuga bwo kutagenda ,umusore wafashwe arimo gusambana n’umugore wa Abdul Mulaasi ndetse n’amafoto agaragza uburanga bw’umukunzi wa Diamond.
Mu mukino wahuje Mukuru ndetse na Free State Stars umwe mu bapolisi bashinzwe umutekano yakoze igikorwa cy’indashyikirwa aho yaretse akazi ke akabanza guherekezeza umwe mu bafana ba Mukuru waruje kwihera ijisho uyu mukino kandi abana n’ubumuga bwo kutagenda. Benshi bakunze uyu mu Police kubw’igikorwa cyiza yakoze.
Umusore utatangajwe amazina ye yafashwe aryamanye n’umwe mu bagore b’umuhanzi Abduk Mulaasi wo muri Uganda.
Reba amafoto agaragaza uburanga bw’umukunzi wa Diamond witwa Tanasha.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *