skol

Amafoto yaciye ibintu: Imyambaro bamwe mu bakobwa biyambika bagiye mu bitaramo isigaye itangaza benshi [AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 10, Nov 2018

Sponsored Ad

skol

Bamwe mu bakobwa bitabira ibitaramo mu bihugu bitandukanye duturanye nabyo kuri ubu usigaye usanga buri wese yambaye umwenda udasanzwe benshi bita ko ishotorana.

Mu gihugu cya Afurika y’Epfo rumwe mu rubyiruko rwaho kuri ubu rurangwa kuri ubu rurangwa n’ibyambarire idasanzwe aho bamwe mu bakobwa bagerageza kujya mu bitaramo bambaye neza gusa bagerayo bakaba bafite indi myenda idasanzwe baba baje bitwaje.

Ibi akenshi bikunze kubera mu tubyiniro aho bamwe bava iwabo bambaye bikwije gusa bagera ahabereye igitaramo akaba afite akenda kadasanzwe araza kwambara mu rwego rwo kwerekana ko yitabiriye igitaramo.

Ibinyamakuru bikora mu gisate cy’imyidagaduro muriki gihugu bivuga ko kandi iyo abakobwa bahumuje ikirori bongera bakajya mu rwambariro bakambara neza nkuko baje bambaye bagafata nzira bagasubira iwabo ahubwo ababyeyi babo bagatungurwa no kubona amwe mu mafoto abanyura mu maso agaragaza imyambarire idahwitse abakobwa babo biyambitse nyuma bakaba baraje kuvumbura ko bagendana umwenda urenze umwe mu gitaramo bagiyemo cyose.

Ngo impamvu bagendana imyenda irenze ibiri kandi bino binyamakuru bikomeza bivuga ko hari igihe bamwe mu bandi bakobwa baraza kuhahurira bahagera bagahsanga bahuje imyenda bityo kugirango agaraagaza agashya biigasaba ko yambara undi mwenda udasa nuwo mugenzi we yajyanye

Reba amwe mu mafoto kuntu baba bambaye:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa