skol
fortebet

Amafoto yaciye ibintu: Umusore ufite ubugufi budasanzwe yakoze ubukwe ateruwe n’umukobwa bakundana [AMAFOTO]

author-image

Yanditswe na: Muhire Jason
Kuwa: Monday 03, Dec 2018

Sponsored Ad

skol

Mu mafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga harimo agaragaza umugabo n’umugore bakoze ubukwe budasanzwe,umusore wegukanye ikamba rya Rudasumbwa ,amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga.

Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amashusho agaragaza umusore ufite ubugufi budasanzwe ndetse n’umukobwa bakoze ubukwe butangaje aho mu gihe cyo kwifotoza umukobwa yateruraga guterura umugabo we kugirango bareshye.

Urukundo rwabo bombi rwanditse amateka kuko benshi ntibiymvishaka ko ushobora gushyingiranwa n’umugabo mudahwanyije uburebure .Aba bo babaye imbarutso yo kubihamya ko bishoboka mu bukwe bwabo bwitabiriwe n’abantu batari bacye.

Calisah Jiwa ukomoka muri Tanzania niwe watorewe kuba Rudasumba wa Afurika mu irushanwa rya Mister Africa International 2018.

Reba amafoto atandukanye yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo Facebook na Instagram.

Sponsored Ad

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa