Amafoto yashyizwe hanze y’umukunzi wa Ykee Benda yambaye ubusa buri buri yaciye ibintu hose[AMAFOTO]
Yanditswe: Sunday 02, Jun 2019
Ku mbuga nkuranyambaga zinyuranye hirya no hino ku isi hasakajwe amafoto y’urukozasoni y’umukobwa witwa Martha Kay bivugwa ko asanzwe ari umukunzi w’umuhanzi Ykee Benda.
Inkuru zinyuranye zanditswe ku bitangazamakuru byo muri Uganda,zagarutse ku mafoto ya Martha Kay uwayasakaje ntiyamenyekanye gusa ngo yatangaje ko yasabye Martha Kay amafaranga angana na $600 ngo ntayatangaze mu gihe umukobwa akibitekerezaho ayashyira ku karubanda.
Uyu Martha Kay we yatangaje ko yibwe telephone.Twabibutsa ko inkuru nk’izi ziherutse kuvugwa ku bakinnyi b’umupira w’amaguru mu Rwanda.
Umuhanzi Ykee Benda ntaragira icyo atangaza.Yaherukaga gutangaza ko yatandukanye n’umukunzi we ‘Julie Batenga’ bamaranye imyaka igera ku 10 bakundana.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *