skol
fortebet

Bull Dogg ngo azemerera abafana be bamukore ku gitsina cye nakora igitaramo

Yanditswe: Wednesday 05, Dec 2018

Sponsored Ad

skol

Nyuma yuko Buravan atanze indabo ku bafana be ,Bulldogg yavuze ko we bazamukora ku gitsina cye.

Sponsored Ad

Mu cyumweru gishize nibwo Yvan Buravan yakoze igitaramo cy’amateka aho kitabiriwe n’abantu benshi biganjemo igitsina gore.

Ku mbuga nkoranyambag benshi batunguwe n’agashya Buravan yakoze gusa we yavuze ko yabitewe nuko muriwe yuyumvamo urukundo ari nayo mpamvu yabahaye indabo zisobanura urukundo,ibi bihurirana nuko ubusanzwe uyu muhanzi yitwa Burabyo Yvan.

Umushyushya ruganda Anita yifashishije urukuta rwe rwa Instagram yabajije icyo abandi bahanzi barimo BullDogg na Riderman bahishiye abana be maze bihurizwa nuko Riderman man yigeze gutanga inkoko muri Rutenderi’ ,BullDogg we yahise amusubiza ko azareka bakamukora ku gitsina cye.

Yagize Ati” Nzabareka bakore ku gitsina cyanjye.”

Iki gisubizo cyatunguye benshi aho bamwe biyumvishaga ko ashobora kuzatanga ikibyana kuko ngo izina rye rifitanye isano n’iyi nyamaswa.

Ibitekerezo

  • BILLIA BELL mu itanzamakuru bamubajije aho umuziki w’abakera utandukaniye nuw’abubu, asubiza ko umuziki wabo ugizwe n’ IKINYABUPFURA ati naho uw’ubu NTA KINYABUPFURA kirimo rwose

    Ngirango uwo Bulldog arabihamije cyane, umuntu w’umurezi unafite urubyaro asubiza ubugoryi nk’ubwo koko ? Ni akumiro !! Puuuu !!

    BILLIA BELL mu itanzamakuru bamubajije aho umuziki w’abakera utandukaniye nuw’abubu, asubiza ko umuziki wabo ugizwe n’ IKINYABUPFURA ati naho uw’ubu NTA KINYABUPFURA kirimo rwose

    Ngirango uwo Bulldog arabihamije cyane, umuntu w’umurezi unafite urubyaro asubiza ubugoryi nk’ubwo koko ? Ni akumiro !! Puuuu !!

    wasanga yarabwiraga anitha

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa